• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru mashya y’ibitero Abapfulero bagiye kugaba ku Babembe.

minebwenews by minebwenews
December 9, 2024
in Regional Politics
0
Amakuru mashya y’ibitero Abapfulero bagiye kugaba ku Babembe.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru mashya y’ibitero Abapfulero bagiye kugaba ku Babembe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Amakuru ava muri Secteur ya Ngandji avuga ko Abapfulero bakomeje gukangurira benewabo gutangiza intambara ku Babembe, bo muri teritware ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ahitwa i Nyange iri joro ryaraye rikeye ryo ku itariki ya 08/12/2024, abayobozi bo muri Maï Maï-Bishambuke bahakoreye inama. Ni nama byavuzwe ko yari iyobowe n’umuyobozi mukuru wo muri uwo mutwe wa Bishambuke, Colonel Ngomanzito n’undi witwa Nyaruvumbu uzwi cyane ku mbugankoranyambaga, akaba akunze kumvikana ashotora Abanyamulenge cyane.

Bikavugwa ko iyo nama yari igamije gutegura insoresore z’Abapfulero n’Abapfulero bose muri rusange, gutangiza kugaba ibitero ku Babembe muri Secteur ya Lulenge na Ngandji.

Ubuhamya Minembwe.com yahawe buvuga ko muri iyo nama, Abapfulero bayibarijemo Nyaruvumbu ikibazo kigira kiti: “intambara Gen Yakutumba ahanganyemo n’umutwe wa Red-Tabara muri Mibunda, muyivugaho iki?” Undi nawe asubiza ko ibya Red-Tabara bitamureba kandi ko Abapfulero badafitanye ikibazo n’uwo mutwe.”

Ahandi bivugwa ko Abapfulero bari gukangurirwa ku rwanya Ababembe ni mu Rugezi, ndetse n’ahandi mu bindi bice byo muri teritware ya Fizi bituwe n’Abapfulero.

Aya makuru agahamya ko ibyo byatangiye mu kwezi kwa Gatanu uyu mwaka. Ni nyuma y’isubiranamo ryabaye icyo gihe, hagati ya barwanyi ba Ngomanzito wo mu bwoko bw’Abapfulero n’aba Gen Yakutumba nawe uvuka mu bwoko bw’Abembe, ubwo barwaniraga mu Kabanju na Matanganika.

Agace ka Nyange kabereyemo iyo nama yavuzwe mu nkuru haruguru, gaherereye imbere ya Rubicyaku, ni muri Secteur ya Ngandji. Nyange kandi iri mu birometero bike n’umujyi muto wa Misisi.

Tags: BishambukeIbiteroMaï MaïNyange
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umurwanyi wahoze muri FLN yashinje u Burundi gukorana n’uwo mutwe.

Umurwanyi wahoze muri FLN yashinje u Burundi gukorana n'uwo mutwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?