• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umurwanyi wahoze muri FLN yashinje u Burundi gukorana n’uwo mutwe.

minebwenews by minebwenews
December 9, 2024
in Regional Politics
0
Umurwanyi wahoze muri FLN yashinje u Burundi gukorana n’uwo mutwe.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umurwanyi wahoze muri FLN yashinje u Burundi gukorana n’uwo mutwe.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Umurwanyi uheruka kwitandukanya n’umutwe witwaje intwaro urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, FLN yashinje Leta ya perezida Evariste Ndayishimiye gukorana byahafi n’uwo mutwe.

Uwo murwanyi yitwa Karimunda Jean Damascene, mu kiganiro yagiranye n’itangaza makuru mu Rwanda yavuze ko yarambiwe ubuzima bwo kuba mu mashyamba, bityo ahitamo gucika.

Avuga ko intego bagenderagaho muri uwo mutwe kwari ugutera u Rwanda, gusa ngwaza gutungurwa no kubona abo bari kumwe batangiye kwicwa.

Yagize ati: “Abari muri iyo mitwe bavuga ko bagiye gutera u Rwanda kandi ntacyo bageraho ahubwo ari uburyo bwo gucuruza abantu. Bamaze kutwinjiza mu barwanyi ba FLN, twawugiyemo turi abantu 130. Twagiye kwisanga turi mu ishyamba rya Cibitoki, mu Burundi. Abayobozi baho bafashe abantu bacu, bababwira ko umuntu ugiye mu Rwanda bamwica. Ariko n’ubwo babivugaga gutyo njye sinabyemeraga, bitewe n’uko nari mperuka mu Rwanda vuba.”

Akomeza avuga ko bari barabwiwe ko bazerekeza mu Rwanda kurasa abasirikare mu bice byo muri Nyungwe.

Ariko ko nyuma yaje gufata icyemezo cyo kwitandukanya n’uyu mutwe ndetse ko yakiriwe neza mu Rwanda.

Ati: “Nkimara kuvamo, ingabo z’u Rwanda zaranyikiriye, nta kibazo.”

Uyu avuga ko Leta y’u Burundi ikorana byahafi n’umutwe wa FLN, iwuha intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare bitandukanye.

Ati: “Babikuraga mu Burundi kuko Col-Fabien yabaga mu Burundi, hariho n’amasasu twakuyeyo, yazanywe na Fabien mu mudoka ya gisirikare n’imbunda yo mu bwoko bwa miterayeze yari mu modoka turayizana.”

Avuga kandi ko n’ibiryo bahabwaga kenshi byaturukaga mu Burundi.

Asoza, yagiye inama bagenzi be bakiri mu mashyamba kuyavamo kuko mu Rwanda ari amahoro.

Hagati ya 2018 na 2019 ni bwo uyu mutwe wa FLN wagabye ibitero bitandukanye ku Rwanda.

Ni ibitero bivugwa ko byiciwemo abaturage icyenda, abandi birababungabanya , ndetse n’abandi birabakomeretsa.

Karimunda w’itandukanyije n’umutwe wa FLN, akomoka mu karere ka Nyabihu, umurenge wa Jenda, akagari ka Kabatezi mu gihugu cy’u Rwanda.

Tags: BurundiFLNKarimunda
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa FDLR wasabye imishyikirano.

Umutwe wa FDLR wasabye imishyikirano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?