Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amasasu yumvikanye mu ijoro mu Minembwe, hamenyekanye impamvu yayo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 7, 2024
in World News
0
Amasasu yumvikanye mu ijoro mu Minembwe, hamenyekanye impamvu yayo.
62
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amasasu yumvikanye mu ijoro mu Minembwe, hamenyekanye impamvu yayo.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ahagana isaha ya saa ine z’irijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 07/09/2024, nibwo muri centre ya Minembwe humvikanye urusaku rw’imbunda nyinshi, ariko rwumvikana akanya gato.

Amasoko yacu avuga ko uru rusaku rw’imbunda rwumvikanye mu kanya katarenze iminota icumi, ariko ubwo zaraswaga harimo humvikanomo n’iziremereye nka mashin gun n’izindi nto zo mu bwoko bwa AK-47.

Irakiza Aimable uherereyehe mu nkengero za Komine Minembwe, ya bwiye Minembwe Capital News ko impamvu yiraswa ry’izo mbunda byavuye kukuba hari abasirikare ba FARDC bakorera muri ibyo bice batahembwe mu gihe abandi bo bari bahembwe.

Gusa, ntiyabashye ku menya umubare bahembwe n’uwabatahembwe, ariko nk’uko Irakiza yakomeje abisobanura yagaragaje ko kudahembwa kwa bamwe muri aba basirikare bakorera muri ibi bice byo muri Komine ya Minembwe, biri mu byatumye haba iri rasagura amasasu menshi, kandi avuga ko bayarasaga mu rwego rwo kugaragaza akababaro ku bayobozi babo.

Ikibazo cyo kudahemba abasirikare, gikunze kugaragara ku basirikare benshi mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini bikaba bikunze kuba cyane cyane mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka aha mu Minembwe abasirikare bamaze hafi amezi ane batabona umushahara wabo, kugeza ubwo binjiye amasengesho batangira gutakambira Imana yo mu ijuru kugira ngo ibibafashyemo.

Si uwo mwaka gusa, kuko n’umwaka ushize byarabaye.

Mu gihe ibi byari byashyize abaturage baturiye muri icyo gice mu rujijo, ubu biravugwa ko mu Minembwe hatekanye.

       MCN.
Tags: AmasasuIrasaguraMu Minembwe
Share25Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku masezerano yashyizweho umukono mu bya gisirikare hagati ya RDC n’u Bushinwa.

Ibyo wa menya ku masezerano yashyizweho umukono mu bya gisirikare hagati ya RDC n'u Bushinwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?