• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amasasu yumvikanye mu ijoro mu Minembwe, hamenyekanye impamvu yayo.

minebwenews by minebwenews
September 7, 2024
in World News
0
Amasasu yumvikanye mu ijoro mu Minembwe, hamenyekanye impamvu yayo.
62
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amasasu yumvikanye mu ijoro mu Minembwe, hamenyekanye impamvu yayo.

Ahagana isaha ya saa ine z’irijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 07/09/2024, nibwo muri centre ya Minembwe humvikanye urusaku rw’imbunda nyinshi, ariko rwumvikana akanya gato.

READ ALSO

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

Amasoko yacu avuga ko uru rusaku rw’imbunda rwumvikanye mu kanya katarenze iminota icumi, ariko ubwo zaraswaga harimo humvikanomo n’iziremereye nka mashin gun n’izindi nto zo mu bwoko bwa AK-47.

Irakiza Aimable uherereyehe mu nkengero za Komine Minembwe, ya bwiye Minembwe Capital News ko impamvu yiraswa ry’izo mbunda byavuye kukuba hari abasirikare ba FARDC bakorera muri ibyo bice batahembwe mu gihe abandi bo bari bahembwe.

Gusa, ntiyabashye ku menya umubare bahembwe n’uwabatahembwe, ariko nk’uko Irakiza yakomeje abisobanura yagaragaje ko kudahembwa kwa bamwe muri aba basirikare bakorera muri ibi bice byo muri Komine ya Minembwe, biri mu byatumye haba iri rasagura amasasu menshi, kandi avuga ko bayarasaga mu rwego rwo kugaragaza akababaro ku bayobozi babo.

Ikibazo cyo kudahemba abasirikare, gikunze kugaragara ku basirikare benshi mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini bikaba bikunze kuba cyane cyane mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka aha mu Minembwe abasirikare bamaze hafi amezi ane batabona umushahara wabo, kugeza ubwo binjiye amasengesho batangira gutakambira Imana yo mu ijuru kugira ngo ibibafashyemo.

Si uwo mwaka gusa, kuko n’umwaka ushize byarabaye.

Mu gihe ibi byari byashyize abaturage baturiye muri icyo gice mu rujijo, ubu biravugwa ko mu Minembwe hatekanye.

       MCN.
Tags: AmasasuIrasaguraMu Minembwe

Related Posts

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
World News

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?

September 16, 2026
Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
Next Post
Ibyo wa menya ku masezerano yashyizweho umukono mu bya gisirikare hagati ya RDC n’u Bushinwa.

Ibyo wa menya ku masezerano yashyizweho umukono mu bya gisirikare hagati ya RDC n'u Bushinwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urusaku rw’Amasasu rwateje Ubwoba mu Baturage — Ese Ifungwa rya Fyeka Adui ni ryo Rikomeje Guhungabanya Umutekano?
  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?