• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amatora muri RDC , azasiga byinshi, birimo na kaga kashikiye umudamu wa ku biswe byo gupfa, azira amadeni yafashwe, mu kw’iyamamaza.

minebwenews by minebwenews
December 26, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, asize byinshi birimo na kaga ka shikiye umugore, w’umwe mu bakandida biyamamariza k’umwanya w’u bu depite, Mugisho Jean Paul Bashombana Manassé, waraye akubise byo gupfa umugore we, muri irijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Kabiri, tariki 26/12/2023, aho bapfaga kuba Jean Paul Bashombana, yaragurishije inzu n’isambu, kugira yishure amadeni y’afashe ubwo yi yamazaga k’umwanya w’u budepite.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Bya vuzwe ko, Jean Paul Bashombana Manassé, ni umukandida k’umwanya w’u budepite, k’urwego rw’i Gihugu, nimero ye, ni 16. Bashombana Manassé n’umudamu we, n’imvukire zo muri teritware ya Kabare, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko uriya mukandida, y’ibasiriye umugore we, k’umpamvu yamubajije, icyatumye agurisha inzu, n’inyuma y’uko Jean Paul, yaramaze kubona ko yatsinzwe Amatora n’ubwo Amatora ataragera k’umwanya wa nyuma.

Ibi bya tumye haba gusubiranamo hagati y’ umugore n’umugabo bara rwana, umugabo akubita umugore we, byo gupfa! N’imivurungano bya vuzwe ko yatumye abantu batabara barakubita baruzura ku rugo, rwa Jean Paul Bashombana Manassé.

Ibi bikaba byagaragaye ubwo Jean Paul Bashombana n’umudamu we, b’itabaga Urukiko, ruherereye muri teritware ya Kabare, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, kuko Urukiko rwahise ruhamagaza abantu bakabakaba 5o, babaye muriyo mivurungano.

Bwana Sethi Kalodja, uturiye ibyo bice ya bwiye Minembwe Capital News, ati: “Rwose kandida, k’umwanya w’u budepite, nimero 16, afite ikibazo gikomeye. Twaje kumenya neza ko yabuze nicyo ariha abagiye ba mufasha kw’iyamamaza. Iki n’ikibazo cyatumye agurusha inzu ariko na none amadeni aracyayafite. Jean Paul Bashombana Manassé, kugeza ubu yabuze icyo yishura abamufashije kw’iyamamaza.”

Yunzemo kandi ati: “Amatora yabaye muri RDC, azasiga amateka akomeye ku banyekongo.”

Tu bibutseko Amatora, muri RDC, k’u mwanya w’u mukuru w’igihugu, n’ayabadepite, yabaye kw’itariki 20 -21-22/12/2023, kuri ubu amajwi akomeje ku barwa, ndetse ibice bitari bike amajwi amaze gutangazwa na CENI. Uzatsinda akaba atakicihishe nk’uko bigenda bigaragara.

Bruce Bahanda.

Tags: Azira amadeni yafashwe mu kw'iyamamazaDepiteJean Paul Bashombana ManasséKabareUmudamu wa ku biswe byo gupfa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post

Ishyaka rya Ensemble pour la République, rya tangaje ko Moïse Katumbi, kariwe watsinze amatora, bityo ko abashaka kw'iba, iy'intsinzi bakwiye ku rwanywa byeruye.

Comments 1

  1. Ndagiro Desire says:
    2 years ago

    Iyo hakubitwa ka gatwa kitwa Bitakwira

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?