• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishyaka rya Ensemble pour la République, rya tangaje ko Moïse Katumbi, kariwe watsinze amatora, bityo ko abashaka kw’iba, iy’intsinzi bakwiye ku rwanywa byeruye.

minebwenews by minebwenews
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishyaka rya Ensemble pour La République, ryatangaje ko umukandinda wabo Moïse Katumbi Chapwe, kwa riwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu aheruka kuba tariki ya 20/12/2023, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

Iri Shyaka, binyuze mu muyobozi waryo mukuru, Christian Mwando Kabulo, yatangaje ibi ku Cyumweru, tariki ya 25/12/2023, ari i Lubumbashi, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Haut-Katanga, mu cyahoze cyitwa Katanga.

Yagize ati: “Turashaka kunyomoza ibirimo gutangazwa na CENI, uwatsinze Amatora ni nimero 3 Moïse Katumbi Chapwe. Ibindi bikomeza gutangazwa nyuma y’ibi n’ibihimbano.”

Amajwi y’agateganyo akomeje gutangazwa kuva kw’itariki ya 22/12/2023, yagiye agaragaza ko Tshisekedi ariwe uza kwisonga. Ibi akaba aribyo Ishyaka rya Ensemble pour La République, banyomoje.

Bwana Christian Mwando Kabulo, uhagarariye Intara ya Haut Katanga, munteko ishinga mategeko, yanavuze ko Guverinoma y’igihugu cye ikomeje kugaragaza ubu bagito bwayo, ahanini bushingiye ku “ku kuriganya.”

Ati: “Twebwe ubwocyu turifuza ko ibibazo bya banyekongo bikemuka. Kuba ubutegetsi b’u bi bwo butabyifuza nibyo bigomba gutuma twinjira mu rugamba tugahangana na gatsiko ka babi.”

Yunzemo kandi ati: “Uru rugamba mu menye ko tutarutsinda twenyine, tugomba kuba turikumwe na Moïse Katumbi, Matata Mponyo, Franck Diong na Seth Kikuni. Ikindi uru rugamba rugomba kwinjirwamo n’Abanyekongo muri rusange.”

Kabulo, kandi ati: “Igihe cyose umukandinda wacyu ya kw’ibwa intsinzi ye, nti tuzabyemera nagato, hubwo dukwiye kw’itegura ku rwana byeruye.”

Ensemble pour La République, bakaba banatangaje ko bashigikiwe n’abanyapolitike benshi ba Kongo, maze baherako basaba abaturage bose guhangana n’Abajura bari kw’iba amajwi yuwa tahanye intsinzi.

Bruce Bahanda.

Tags: Abiba iy'intsinzi bakwiye ku rwanywa byeruyeIshyaka rya Ensemble pour la RépubliqueMoïse KatumbiNiwe watsinze amatora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

by Bahanda Bruce
August 7, 2026
0
Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ibihugu bya...

Read moreDetails

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Alors que des informations largement relayées sur les réseaux sociaux...

Read moreDetails

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amakuru yavugaga ko abaturage ba Repubulika...

Read moreDetails

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Une enquête internationale...

Read moreDetails

RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

RDC Mu Rujijo Nyuma y'Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Iperereza mpuzamahanga ryakozwe na Lighthouse Reports ku bufatanye na...

Read moreDetails
Next Post

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa tangije ko bwa hagaritse imyigaragambyari kuzaba ejo yari yateguwe n'abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?