• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika: Mu shyaka ry’Abademokarate ntibavuga rumwe ku itsindwa rya Kamala Harris.

minebwenews by minebwenews
November 11, 2024
in World News
1
Amerika: Mu shyaka ry’Abademokarate ntibavuga rumwe ku itsindwa rya Kamala Harris.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika: Mu shyaka ry’Abademokarate ntibavuga rumwe ku itsindwa rya Kamala Harris.

You might also like

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

Ni impaka zazanwe na Nacy Pelocy wo mu ishyaka ry’Abademokarate yavuze ko abo mu ishyaka rye bari kuba bari twaye neza mu matora aheruka kuba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika iyo perezida Joe Biden aza kuba yararetse kwiyamamaza hakiri kare.

Nancy Pelocy yahoze akuriye inteko ishinga mategeko ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, akaba ari umwe mu bayobozi bakomeye muri iri shyaka ry’Abademokarate.

Amagambo ya Nancy Pelocy aje mu gihe amatora yarangiye ku wa Kabiri w’iki Cyumweru dusoje, kandi ishyaka rye rikaba ryaratsinzwe aho ndetse binavugwa ko iri shyaka ry’Abademokarate rishobora no gutakaza amajwi mu mitwe yombi(uwabadepite n’uwabasenateri) yo mu nteko ishinga amategeko y’Amerika.

Ibyo Pelocy abizanye mu gihe kandi byavuzwe ko ariwe wari warahatiye Biden kureka kwiyamamaza. Biden yaje kubireka nyuma y’uko yari amaze kotswa igitutu cyane nabo mu ishyaka rye, ariko aza kubyemera mu gihe yari yitwaye nabi mu kiganiro mpaka yagiranye na Trump.

Ubwo Biden yasozaga ibikorwa bye byo kwiyamamaza, yihutiye gushigikira visi perezida Kamala Harris ngo abe ari we umusimbura mu kwiyamamaza. Yatsinzwe byagatangaza na perezida watowe Trump mu matora yabaye ku wa Kabiri mu Cyumweru gishize.

Pelocy yabwiye itangaza makuru cya The New York Time ati: “Icyari cyitezwe cyari uko, iyo perezida ajya ku ruhande, byari gutuma habaho amatora y’ibanze yagutse.

Avuga ko amatora y’ibanze yagutse yari kwitabirwa n’abakandida benshi b’abademokarate, bagahatanira kwemezwa n’abarwanashyaka b’iryo shyaka kugira ngo havemo umwe muri bo wo gusimbura Biden akiyamamaza nk’umukandida w’iryo shyaka.

Pelocy yavuze ko Harris yari kuba yaritwaye neza muri ayo matora y’ibanze kandi ko ibyo byari gutuma agira imbaraga cyane mu cyiciro gikurikiyeho.

Pelocy uyu unenga Joe Biden yongeye gutorerwa kuba umwe mubagize inteko inshinga amategeko umutwe wa badepite ku nshuro ya 20 aho ahagarariye leta ya California.

Si Pelocy wenyine utaho imfane Joe Biden ahubwo nabajyanama ba Harris Kamala na bo ibyo gutsindwa kwe babyegetse kuri Biden, bavuga ko Biden yagakwiye kuba yararetse kwiyamamaza hakiri kare.

Umujyanama umwe utatangajwe izina yagize ati: “Twakoze ibikorwa byo kwiyamamaza byiza cyane uko twari tubishoboye, tuzirikana ko Joe Biden yari perezida.

“Joe Biden ni we mpamvu imwe rukumbi yatumye Kamala Harris n’abademokarate batsindwa ijoro ryo ku wa Kabiri.”

Gusa uwahoze ari umujyanama wa Biden yabwiye igitangazamakuru cya Axios, nacyo cyibanda ku byapolitiki, ko Harris Kamala arimo gushaka inzitwazo.

Ati: “Ni gute wakoresheje miliyari 1 y’amdolari y’Amerika utizeye ko utsinda ? Nibareke inzitwazo ibyabaye byarangiye.”

Uyu mujyanama wa Biden yanongeyeho ko “abajyanama b’uwahoze ari perezida wa Amerika, Barack Obama ari bo bakwiye kwegekwaho gutsindwa kwa Kamala Harris kuko bashishikarije mu ruhame gusubiranamo kw’abademokarate kwo gusunikira hanze Joe Biden, ntibanashaka ko Kamala Harris aba umukandida.”

Naho uwitwa John Fetterman wo muri Leta ya Pennsylvania, w’umudemokarate, yegetse gutsindwa mu matora kw’ishyaka ryabo ku bantu bacuze umugambi wo gukuraho Biden.

Tags: AbademokarateAmatoraImpakaKamala Harris
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru Mu gihe amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati Mu gihe umutekano ukomeje guhungabana mu karere k’U burasirazuba bwo Hagati, ibihugu byinshi ku isi...

Read moreDetails

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje Intambara iri gukaza umurego mu karere k’Uburasirazuba bwo Hagati yakomeje gufata indi ntera,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro Amashusho ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ikigega kinini cya peteroli kiri mu murwa mukuru wa Iran,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran Mu gihe amakuru n’isesengura bitandukanye bikomeje kugaragaza ko intambara ishobora...

Read moreDetails
Next Post
Ibiciro by’imigati mu Burundi birimo kuvuza ubuhuha, abaturage banavuze icyo bagiye gukora.

Ibiciro by'imigati mu Burundi birimo kuvuza ubuhuha, abaturage banavuze icyo bagiye gukora.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    the average American now consumes 20 oz of soda every day priligy review Women who had been surgically treated for histologically confirmed breast cancer with vasomotor symptoms were randomly assigned to either tibolone 2

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?