• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika: Mu shyaka ry’Abademokarate ntibavuga rumwe ku itsindwa rya Kamala Harris.

minebwenews by minebwenews
November 11, 2024
in World News
1
Amerika: Mu shyaka ry’Abademokarate ntibavuga rumwe ku itsindwa rya Kamala Harris.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika: Mu shyaka ry’Abademokarate ntibavuga rumwe ku itsindwa rya Kamala Harris.

Ni impaka zazanwe na Nacy Pelocy wo mu ishyaka ry’Abademokarate yavuze ko abo mu ishyaka rye bari kuba bari twaye neza mu matora aheruka kuba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika iyo perezida Joe Biden aza kuba yararetse kwiyamamaza hakiri kare.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Nancy Pelocy yahoze akuriye inteko ishinga mategeko ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, akaba ari umwe mu bayobozi bakomeye muri iri shyaka ry’Abademokarate.

Amagambo ya Nancy Pelocy aje mu gihe amatora yarangiye ku wa Kabiri w’iki Cyumweru dusoje, kandi ishyaka rye rikaba ryaratsinzwe aho ndetse binavugwa ko iri shyaka ry’Abademokarate rishobora no gutakaza amajwi mu mitwe yombi(uwabadepite n’uwabasenateri) yo mu nteko ishinga amategeko y’Amerika.

Ibyo Pelocy abizanye mu gihe kandi byavuzwe ko ariwe wari warahatiye Biden kureka kwiyamamaza. Biden yaje kubireka nyuma y’uko yari amaze kotswa igitutu cyane nabo mu ishyaka rye, ariko aza kubyemera mu gihe yari yitwaye nabi mu kiganiro mpaka yagiranye na Trump.

Ubwo Biden yasozaga ibikorwa bye byo kwiyamamaza, yihutiye gushigikira visi perezida Kamala Harris ngo abe ari we umusimbura mu kwiyamamaza. Yatsinzwe byagatangaza na perezida watowe Trump mu matora yabaye ku wa Kabiri mu Cyumweru gishize.

Pelocy yabwiye itangaza makuru cya The New York Time ati: “Icyari cyitezwe cyari uko, iyo perezida ajya ku ruhande, byari gutuma habaho amatora y’ibanze yagutse.

Avuga ko amatora y’ibanze yagutse yari kwitabirwa n’abakandida benshi b’abademokarate, bagahatanira kwemezwa n’abarwanashyaka b’iryo shyaka kugira ngo havemo umwe muri bo wo gusimbura Biden akiyamamaza nk’umukandida w’iryo shyaka.

Pelocy yavuze ko Harris yari kuba yaritwaye neza muri ayo matora y’ibanze kandi ko ibyo byari gutuma agira imbaraga cyane mu cyiciro gikurikiyeho.

Pelocy uyu unenga Joe Biden yongeye gutorerwa kuba umwe mubagize inteko inshinga amategeko umutwe wa badepite ku nshuro ya 20 aho ahagarariye leta ya California.

Si Pelocy wenyine utaho imfane Joe Biden ahubwo nabajyanama ba Harris Kamala na bo ibyo gutsindwa kwe babyegetse kuri Biden, bavuga ko Biden yagakwiye kuba yararetse kwiyamamaza hakiri kare.

Umujyanama umwe utatangajwe izina yagize ati: “Twakoze ibikorwa byo kwiyamamaza byiza cyane uko twari tubishoboye, tuzirikana ko Joe Biden yari perezida.

“Joe Biden ni we mpamvu imwe rukumbi yatumye Kamala Harris n’abademokarate batsindwa ijoro ryo ku wa Kabiri.”

Gusa uwahoze ari umujyanama wa Biden yabwiye igitangazamakuru cya Axios, nacyo cyibanda ku byapolitiki, ko Harris Kamala arimo gushaka inzitwazo.

Ati: “Ni gute wakoresheje miliyari 1 y’amdolari y’Amerika utizeye ko utsinda ? Nibareke inzitwazo ibyabaye byarangiye.”

Uyu mujyanama wa Biden yanongeyeho ko “abajyanama b’uwahoze ari perezida wa Amerika, Barack Obama ari bo bakwiye kwegekwaho gutsindwa kwa Kamala Harris kuko bashishikarije mu ruhame gusubiranamo kw’abademokarate kwo gusunikira hanze Joe Biden, ntibanashaka ko Kamala Harris aba umukandida.”

Naho uwitwa John Fetterman wo muri Leta ya Pennsylvania, w’umudemokarate, yegetse gutsindwa mu matora kw’ishyaka ryabo ku bantu bacuze umugambi wo gukuraho Biden.

Tags: AbademokarateAmatoraImpakaKamala Harris

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Ibiciro by’imigati mu Burundi birimo kuvuza ubuhuha, abaturage banavuze icyo bagiye gukora.

Ibiciro by'imigati mu Burundi birimo kuvuza ubuhuha, abaturage banavuze icyo bagiye gukora.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    2 years ago

    the average American now consumes 20 oz of soda every day priligy review Women who had been surgically treated for histologically confirmed breast cancer with vasomotor symptoms were randomly assigned to either tibolone 2

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
  • Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?