Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika yahangayikishijwe n’ibibunda bya Pakistani.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 22, 2024
in World News
0
Amerika yahangayikishijwe n’ibibunda bya Pakistani.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yahangayikishijwe n’ibibunda bya Pakistani.

You might also like

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ni byatangajwe n’umujanama wungirije wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Finer, aho yavuze ko kuba Pakistani irimo gucura ibisasu byo mu bwoko bwa misile birasa kure bituma ibarwa nk’igihugu gihangayikishije.

Uyu mujyanama wungirije yabitangaje mu Cyumweru gishize, aho yanavuze ko Amerika yategetse ibihano bishya bishingiye kuri gahunda ya Pakistani yo gucura ibisasu bya misile birasa kure, igikorwa cya garagaje ukuzamba kw’umubano hagati y’ibihugu byombi kuva mu mwaka w’ 2021 ubwo Amerika yakuraga ingabo zayo muri Afuganistani.

Ariko minisiteri y’ubanye n’amahanga ya Pakistani kuri uyu wa Gatandatu yatangaje ko ibyavuzwe n’umukozi wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ko gahunda ya Pakistani yo gukora ibisasu bya misile ishobora gushyira Amerika mu kaga, nta shingiro bifite.

Inavuga kandi ko bibabaje kuba Amerika yavuze ayo magambo yise adafite ishingiro, adashyira mu gaciro kandi adashingiye ku mateka.

Asobanura ko ikorwa ry’izi ntwaro za misile zirasa kure rigamije gusa gucunga umutekano n’ubusugire bwayo nk’igihugu mu karere biherereyemo, yongeraho ko nta gihugu na kimwe byagombye kubera imbogamizi.

Tags: AmerikaMisilePakistani
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails
Next Post
Gasita wazamuwe mu ntera mu gisirikare cya FARDC, menya ibyingenzi kuri we.

Gasita wazamuwe mu ntera mu gisirikare cya FARDC, menya ibyingenzi kuri we.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?