• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 16, 2025
in World News
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

You might also like

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’izo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ku ntambara bahanganyemo mu Burasirazuba bw’i gihugu.

Byamaganwe n’Umujyanama wa perezida Donald Trump kuri Afrika, Massade Boulos, aho munyandiko yashyize hanze yagize ati: “Amerika yamaganye ubugizi bwa nabi bwavuzwe mu Burasirazuba bwa RDC uyu munsi, inahamagarira impande zombi kubahiriza agahenge.”

Avuga ko hakenewe ubufatanye ndetse n’ubuyobozi bufite imbaraga kugira ngo bitume amasezerano y’amahoro y’ubahirizwa, yibutsa ko ubugizi bwa nabi budindiza gahunda z’amahoro n’iterambere.

Tariki ya 19/07/2025, Leta y’i Kinshasa n’ihuriro rya AFC/M23 byashyize amahame abiganisha ku mahoro, bibifashijwemo n’ubuhuza bwa Qatar.

Ni amahame asaba impande zishyamiranye guhagarika imirwano burundu ndetse n’ubushotoranyi. Kandi buri ruhande rukaguma mu bice rugenzura.

Ariko nubwo aya mahame yashyizweho imirwano ntiyigeze ihagarara kuko yarakomeje haba muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru ku mpande zombi.

Buri ruhande rushinja urundi gutegura intambara. Mu cyumweru gishize AFC/M23 yavuze ko leta y’i Kinshasa iri kohereza abasirikare bayo mu bice bitandukanye byo muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru mu rwego rwo gutegura ibitero.

Na Leta na yo nuko ivuga ko AFC/M23 ko iri gutegura kugaba ibitero mu duce tugenzurwa n’ingabo zayo muri Uvira n’ahandi.

Tags: AFC/m23AgahengeBoulos MassadRdc
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

by minebwenews
August 16, 2025
0
Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

The long-awaited face-to-face summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin concluded in Alaska without a formal agreement, though both leaders described the discussions as...

Read moreDetails

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika. Nigeria yemerewe kugura intwaro zikomeye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika zihwanye na miliyoni 346...

Read moreDetails

Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Perezida Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Putin. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump na mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin bahuriye muri Alaska aho...

Read moreDetails
Next Post
Abanyamulenge bagiye kwibuka ku nshuro ya 21 ababo baguye mu Gatumba.

Abanyamulenge ba bwiwe ko ntayandi mahitamo basigaranye usibye kwirwanaho.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?