• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amerika yongeye kugira icyo isaba u Rwanda na RDC gikanganye.

minebwenews by minebwenews
November 11, 2024
in Regional Politics
0
Amerika yongeye kugira icyo isaba u Rwanda na RDC gikanganye.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yongeye kugira icyo isaba u Rwanda na RDC gikanganye.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zongeye kotsa igitutu u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’uko imirwano yari yongeye gukara mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Umutwe wa M23 umaze hafi ibyumweru bitatu urwanira muri za teritware ya Masisi, Walikale na Lubero mu ntara ya Kivu Yaruguru.

Ni mirwano buri ruhande rushinja urwabo kuba nyiribayazana w’irishotorana ryongeye kubura mu gihe hari hamaze iminsi impande zombi ziri mu gahenge.

Ubundi aka gahenge kafatwaga nk’umusaruro w’ibiganiro bihuriza u Rwanda na RDC i Luanda muri Angola, ndetse n’ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Kuba iyi mirwano yarongeye kubura byatumye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku wa Gatanu w’iki Cyumweru dusoje yamagana umutwe wa M23 kuba wongeye kugira ibindi bice wigarurira.

Ati: “Kuba M23 ikomeje kwagura ubutaka igenzura mu Burasirazuba bwa RDC bigize kwica agahenge kaganiriweho mu biganiro by’i Luanda.”

Ikomeza igira iti: “Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zirongera gusaba u Rwanda kuvana by’aka kanya ingabo zarwo muri RDC, na yo igahita ihagarika ubufasha kuri FDLR.”

Nubwo u Rwanda rushinjwa kohereza ingabo zarwo muri RDC ariko ntirubyemera, icyokora rwemera ko hari ingamba z’ubwirinzi rwafashe mu rwego rwo gukumira ko hari icyatuma muri RDC hava icyaruhungabanya.

Ibihugu byombi kandi bikomeje ibiganiro mu rwego rwo gushakira hamwe igisubizo cy’amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibiganiro biheruka ni ibyo impuguke mu iperereza ku mpande zombi ziheruka guhuriramo i Luanda, byasize zemeranyije kuri gahunda yo gusenya umutwe wa FDLR burundu.

I nama izakurikiraho n’izahuza ba minisitiri b’ubanye n’amahanga tariki ya 16 muri uku kwezi turimo uyu mwaka.

Tags: AmerikaRdcRwanda
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ibyo perezida William Ruto wa Kenya yavuganye na Trump uheruka gutsinda amatora muri Amerika.

Hamenyekanye ibyo perezida William Ruto wa Kenya yavuganye na Trump uheruka gutsinda amatora muri Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?