• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Aramukiye mu misozi miremire y’i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
August 7, 2025
in Conflict & Security
0
Umurundi yishe umugore we n’abandi bari kumwe mu nzu.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Aramukiye mu misozi miremire y’i Mulenge.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Nyuma y’aho ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ririmo FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo zigabye ibitero mu duce dutandukanye dutuwe n’Abanyamulenge muri Kivu y’Amajyepfo ku munsi w’ejo ku wa gatatu, uyu munsi na ho zazindutse zitera ibisasu mu Mikenke muri teritware ya Mwenga.

Bikubiye mu butumwa twakiriye kuri Minembwe Capital News, mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 07/08/2025.

Aho ubwo butumwa bugira buti: “Umwanzi kandi azindutse atera ibisasu mu nkengero za centre ya Mikenke. Ari gukoresha Twelve na ma kompola, ndetse na Mashin Gun.”

Burongera buti: “Turi ku bareba. Ntibaradivasinga baracyariko barasira mu ntera ndende.”

Ku rundi ruhande hari andi makuru avuga ko impande zombi zamaze gucakirana, Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo za RDC, ariko aya sukuri, nk’uko tubikesha bamwe mu baherereye muri ibyo bice.

Ati: “Twirwaneho ntirasubiza, iratuje. Ariko umwanya uwo ari wo wose bohura.”

Nanone kandi ubundi butumwa twahawe ku mugoroba w’ahar’ejo nyuma y’imirwano yahiriwe, buvuga ko uruhande rwa Leta nubwo arirwo rwagabye ibi bitero rwaruhuriyemo n’akaga, kandi ko ubwo bahungaga bahunze bikoreye ibipoyo byinshi.

Bugira buti: “Ingabo za FARDC, iz’u Burundi, FDLR na Wazalendo barakubiswe basubizwa inyuma mu marembo yose banyuzemo batera. Kandi mu guhunga bahunze bikoreye n’ibipoyo byinshi. Amakuru yizewe tuzi nuko batakaje abantu babarirwa mu mirongo, naho inkomeri zabo ni 113.”

Irembo rya Rugezi muri teritware ya Fizi, amakuru nk’uko akomeza avuga imirwano yabereye i Muchikachika, ku w’Ihene no kuri Nyakirango.

Mu gihe mu Mikenke ho muri teritware ya Mwenga bahateye baturutse mu Marunde no mu Rwitsankuku. Imirwano ikaba yarabereye ku Bilalombiri no mu Makaina.

Umwe uherereye yo yagize ati: “Haje igitero gikomeye giturutse mu Marunde no mu Rwitsankuku, ariko Twirwaneho yagisubije iyo cyaje giturutse.”

Uyu yanababwiye Minembwe Capital News ko amakuru avuga ko Ingabo za RDC zaraye hafi ya Mikenke ari ibinyoma, ngo kuko zarakubiswe zigizwa inyuma cyane. Gusa avuga ko aho bari babateye hari hafi no kubitaro bya Mikenke hatari kure n’ahari inkambi yabakuwe mubyabo. Ubwo bivuze ko batari kure na centre.

Nubwo kandi imbunda zizindutse zirasirwa ku Bilalombiri n’ahandi hafi ya Mikenke, ariko mu bice bya Minembwe na Rugezi kugeza ubu bari bakiri amahoro, usibye ko ibyahariya bihinduka umwanya uwo ari wo wose.

Tags: AmasasuIhuriro ry'Ingabo za RDCMikenkeMinembwe
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
U Bubiligi bwahagurukiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC.

U Bubiligi bwahagurukiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?