• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Aramukiye mu misozi miremire y’i Mulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 7, 2025
in Conflict & Security
0
Umurundi yishe umugore we n’abandi bari kumwe mu nzu.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Aramukiye mu misozi miremire y’i Mulenge.

You might also like

AFC/M23 ntikigiye mu biganiro by’i Doha, hanamenyekanye n’impamvu.

Mu gihe ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC bikomeje kwibasira Abanyamulenge, MRDP yavuze icyo yifuza.

Perezida Tshisekedi yashyizeho abayobozi bashya bashinzwe iperereza.

Nyuma y’aho ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ririmo FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo zigabye ibitero mu duce dutandukanye dutuwe n’Abanyamulenge muri Kivu y’Amajyepfo ku munsi w’ejo ku wa gatatu, uyu munsi na ho zazindutse zitera ibisasu mu Mikenke muri teritware ya Mwenga.

Bikubiye mu butumwa twakiriye kuri Minembwe Capital News, mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 07/08/2025.

Aho ubwo butumwa bugira buti: “Umwanzi kandi azindutse atera ibisasu mu nkengero za centre ya Mikenke. Ari gukoresha Twelve na ma kompola, ndetse na Mashin Gun.”

Burongera buti: “Turi ku bareba. Ntibaradivasinga baracyariko barasira mu ntera ndende.”

Ku rundi ruhande hari andi makuru avuga ko impande zombi zamaze gucakirana, Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo za RDC, ariko aya sukuri, nk’uko tubikesha bamwe mu baherereye muri ibyo bice.

Ati: “Twirwaneho ntirasubiza, iratuje. Ariko umwanya uwo ari wo wose bohura.”

Nanone kandi ubundi butumwa twahawe ku mugoroba w’ahar’ejo nyuma y’imirwano yahiriwe, buvuga ko uruhande rwa Leta nubwo arirwo rwagabye ibi bitero rwaruhuriyemo n’akaga, kandi ko ubwo bahungaga bahunze bikoreye ibipoyo byinshi.

Bugira buti: “Ingabo za FARDC, iz’u Burundi, FDLR na Wazalendo barakubiswe basubizwa inyuma mu marembo yose banyuzemo batera. Kandi mu guhunga bahunze bikoreye n’ibipoyo byinshi. Amakuru yizewe tuzi nuko batakaje abantu babarirwa mu mirongo, naho inkomeri zabo ni 113.”

Irembo rya Rugezi muri teritware ya Fizi, amakuru nk’uko akomeza avuga imirwano yabereye i Muchikachika, ku w’Ihene no kuri Nyakirango.

Mu gihe mu Mikenke ho muri teritware ya Mwenga bahateye baturutse mu Marunde no mu Rwitsankuku. Imirwano ikaba yarabereye ku Bilalombiri no mu Makaina.

Umwe uherereye yo yagize ati: “Haje igitero gikomeye giturutse mu Marunde no mu Rwitsankuku, ariko Twirwaneho yagisubije iyo cyaje giturutse.”

Uyu yanababwiye Minembwe Capital News ko amakuru avuga ko Ingabo za RDC zaraye hafi ya Mikenke ari ibinyoma, ngo kuko zarakubiswe zigizwa inyuma cyane. Gusa avuga ko aho bari babateye hari hafi no kubitaro bya Mikenke hatari kure n’ahari inkambi yabakuwe mubyabo. Ubwo bivuze ko batari kure na centre.

Nubwo kandi imbunda zizindutse zirasirwa ku Bilalombiri n’ahandi hafi ya Mikenke, ariko mu bice bya Minembwe na Rugezi kugeza ubu bari bakiri amahoro, usibye ko ibyahariya bihinduka umwanya uwo ari wo wose.

Tags: AmasasuIhuriro ry'Ingabo za RDCMikenkeMinembwe
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 ntikigiye mu biganiro by’i Doha, hanamenyekanye n’impamvu.

by Bruce Bahanda
August 7, 2025
0
AFC/M23 igiye gushinga inzego z’ubutabera mu bice igenzura.

AFC/M23 ntikigiye mu biganiro by'i Doha, hanamenyekanye n'impamvu. Ibiganiro bihuriramo umutwe wa AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa, uyu mutwe wagaragaje ko utakibyitabiriye, nk'uko wabigaragaje. AFC/M23 yavuze ko itazitabira...

Read moreDetails

Mu gihe ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC bikomeje kwibasira Abanyamulenge, MRDP yavuze icyo yifuza.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Mu gihe ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC bikomeje kwibasira Abanyamulenge, MRDP yavuze icyo yifuza.

Mu gihe ibitero by'ihuriro ry'Ingabo za RDC bikomeje kwibasira Abanyamulenge, MRDP yavuze icyo yifuza. Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko ushaka amahoro, ariko ko ufite uburenganzira bwo kurwana ku...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yashyizeho abayobozi bashya bashinzwe iperereza.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko agiye gukora impinduka muri guverinoma ye, anagaragaza umuyobozi utazahindurwa.

Perezida Tshisekedi yashyizeho abayobozi bashya bashinzwe iperereza. Umukuru w'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashyizeho abayobozi bashya mu ishami rw'iperereza rya ANR. Bikubiye mu itangazo ryasomewe kuri...

Read moreDetails

Uganda Faces Refugee Crisis as Numbers Nears  2 Million

by minebwenews
August 6, 2025
0
Uganda Faces Refugee Crisis as Numbers Nears  2 Million

Uganda is bracing for a historic milestone as its refugee population approaches 2 million by the end of 2025, solidifying its position as Africa’s largest refugee-hosting nation and...

Read moreDetails

Imirwano yongeye gukaza umurego mu misozi miremire y’i Mulenge.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Imirwano yongeye gukaza umurego mu misozi miremire y’i Mulenge.

Imirwano yongeye gukaza umurego mu misozi miremire y'i Mulenge. Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryagabye ibitero mu duce dutandukanye dutuwe n'Abanyamulenge two mu misozi miremire...

Read moreDetails
Next Post
U Bubiligi bwahagurukiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC.

U Bubiligi bwahagurukiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?