• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Atari yavuzwe yibyabaye ejo ku wa kabiri mu Bibogobogo.

minebwenews by minebwenews
June 11, 2025
in Conflict & Security
0
Abanyeshuri bo mu Bibogobogo hagaragajwe ikibahangayikishije kuruta ibindi.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Atari yavuzwe yibyabaye ejo ku wa kabiri mu Bibogobogo.

You might also like

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

Ingabo z’u Burundi Zirashinjwa Kwica no Gusenya Amazu y’Abaturage mu Bice Bituwe bya Kivu y’Amajyepfo

Abarwanyi bo muri Wazalendo bazwi cyane mu bikorwa byo kwiba amatungo y’Abanyamulenge bo mu gace ka Bibogobogo, bongeye kuhiba ihene, ariko umwe muri abo bazibye arafatwa.

Mu gitondo cya har’ejo ku wa kabiri tariki ya 10/06/2025, ni bwo Wazalendo bagabye igitero ahitwa kwa Sebasaza mu Bibogobogo banyaga ihene, ku bw’amahirwe make umwe muri abo barwanyi bagabye icyo gitero afatwa n’abaturage banamushyikiriza Ingabo za FARDC ziri muri icyo gice.

Amakuru agaragaza ko humvikanye n’amasasu atari menshi cyane, aya makuru agira ati: “Mu rukerera rwa har’ejo ku wa kabiri, amasasu yumvikanye yari ayabarwanyi ba Wazalendo banyaze ihene kwa Sebasaza.”

Nta mubare wavuzwe w’ihene zanyazwe, ariko bivugwa ko muzanyazwe harimo izo abaturage babashe kugarura, ndetse kandi banafata n’umwe mu barwanyi bagabye icyo gitero.

Amakuru akomeza avuga ko uwo murwanyi wafashwe yavuze ko umukomando wari ubayoboye yitwa Nshoreyingabo.

Bizwi ko mu gitero kandi giheruka icyo Wazalendo banyazemo Inka 10 haza kugarukamo zibiri bigizwemo uruhare na basirikare b’u Burundi bakorana byahafi n’ingabo za Leta ya Congo, cyari kiyobowe n’uyu Nshoreyingabo.

Uyu Nshoreyingabo uzwiho ubwo bugizi bwa nabi avuka ku babyeyi babiri badahuje ubwoko, kuko i se umubyara ni Umupfulero, mu gihe nyina we ari Umunyamulenge.

Yagiye avugwaho ibikorwa nk’ibi, ndetse rimwe na rimwe bikavugwa ko atajya ahuza n’abandi barwanyi bo muri Wazalendo, ni mu gihe, hari ubwo ajya asubiranamo nabo.

Asanzwe afite abarwanyi be ayoboye ba Mai Mai, ariko iyo Wazalendo bagabye ibitero byo kurimbura Abanyamulenge no kubasenyera abavugwamo na we.

Tags: BibogobogoIheneMai MaiNshoreyingabo
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rikomeje kwagura ibice rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zasohoye itangazo kuri uyu wa...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zirashinjwa Kwica no Gusenya Amazu y’Abaturage mu Bice Bituwe bya Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
FARDC Yatwitse Ibirindiro bya Makanaki mu Misozi ya Uvira”

Ingabo z’u Burundi Zirashinjwa Kwica no Gusenya Amazu y'Abaturage mu Bice Bituwe bya Kivu y’Amajyepfo Umuvugizi w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Lawrence Kanyuka, yatangaje ko ingabo z’u...

Read moreDetails

AFC/M23 Yemeza Ibitero Bikaze mu Bice Bituwe mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
AFC/M23 Yemeza Ibitero Bikaze mu Bice Bituwe mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Yemeza Ibitero Bikaze mu Bice Bituwe mu Burasirazuba bwa RDC Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko kuva...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze Yongeye Kubura mu Misozi ya Kaziba: AFC/M23 Irasunika kubi FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

Imirwano Ikaze Yongeye Kubura mu Misozi ya Kaziba: AFC/M23 Irasunika kubi FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu misozi ya Kaziba, muri teritwari ya Walungu mu Ntara...

Read moreDetails
Next Post
Icyo amakuru avuga ku bapolisi bagiriwe nabi bazira ko ari Abanyamulenge.

Icyo amakuru avuga ku bapolisi bagiriwe nabi bazira ko ari Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?