• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Atari yavuzwe yibyabaye ejo ku wa kabiri mu Bibogobogo.

minebwenews by minebwenews
June 11, 2025
in Conflict & Security
0
Abanyeshuri bo mu Bibogobogo hagaragajwe ikibahangayikishije kuruta ibindi.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Atari yavuzwe yibyabaye ejo ku wa kabiri mu Bibogobogo.

Abarwanyi bo muri Wazalendo bazwi cyane mu bikorwa byo kwiba amatungo y’Abanyamulenge bo mu gace ka Bibogobogo, bongeye kuhiba ihene, ariko umwe muri abo bazibye arafatwa.

READ ALSO

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga

MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara

Mu gitondo cya har’ejo ku wa kabiri tariki ya 10/06/2025, ni bwo Wazalendo bagabye igitero ahitwa kwa Sebasaza mu Bibogobogo banyaga ihene, ku bw’amahirwe make umwe muri abo barwanyi bagabye icyo gitero afatwa n’abaturage banamushyikiriza Ingabo za FARDC ziri muri icyo gice.

Amakuru agaragaza ko humvikanye n’amasasu atari menshi cyane, aya makuru agira ati: “Mu rukerera rwa har’ejo ku wa kabiri, amasasu yumvikanye yari ayabarwanyi ba Wazalendo banyaze ihene kwa Sebasaza.”

Nta mubare wavuzwe w’ihene zanyazwe, ariko bivugwa ko muzanyazwe harimo izo abaturage babashe kugarura, ndetse kandi banafata n’umwe mu barwanyi bagabye icyo gitero.

Amakuru akomeza avuga ko uwo murwanyi wafashwe yavuze ko umukomando wari ubayoboye yitwa Nshoreyingabo.

Bizwi ko mu gitero kandi giheruka icyo Wazalendo banyazemo Inka 10 haza kugarukamo zibiri bigizwemo uruhare na basirikare b’u Burundi bakorana byahafi n’ingabo za Leta ya Congo, cyari kiyobowe n’uyu Nshoreyingabo.

Uyu Nshoreyingabo uzwiho ubwo bugizi bwa nabi avuka ku babyeyi babiri badahuje ubwoko, kuko i se umubyara ni Umupfulero, mu gihe nyina we ari Umunyamulenge.

Yagiye avugwaho ibikorwa nk’ibi, ndetse rimwe na rimwe bikavugwa ko atajya ahuza n’abandi barwanyi bo muri Wazalendo, ni mu gihe, hari ubwo ajya asubiranamo nabo.

Asanzwe afite abarwanyi be ayoboye ba Mai Mai, ariko iyo Wazalendo bagabye ibitero byo kurimbura Abanyamulenge no kubasenyera abavugwamo na we.

Tags: BibogobogoIheneMai MaiNshoreyingabo

Related Posts

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
Conflict & Security

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga

September 11, 2026
MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
Conflict & Security

MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara

September 11, 2026
Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira
Conflict & Security

Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo

September 11, 2026
Ibyo wamenya kuri P5 yongeye kuvugwa mu misozi y’i Mulenge, nyuma yo kuzamuka imisozi ibiri hamwe na FARDC nyinshi, FDLR n’ingabo z’u Burundi
Conflict & Security

FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira

September 11, 2026
Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
Conflict & Security

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa

September 10, 2026
AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
Conflict & Security

AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse

September 10, 2026
Next Post
Icyo amakuru avuga ku bapolisi bagiriwe nabi bazira ko ari Abanyamulenge.

Icyo amakuru avuga ku bapolisi bagiriwe nabi bazira ko ari Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?