• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Augustin Kabuya ufite umwihariko muri Guverinoma nshya ya Kinshasa, yagiranye i kiganiro na minisitiri w’intebe, Judith Suminwa Tuluka.

minebwenews by minebwenews
April 4, 2024
in Regional Politics
0
Augustin Kabuya ufite umwihariko muri  Guverinoma nshya ya Kinshasa, yagiranye i kiganiro na minisitiri w’intebe, Judith Suminwa Tuluka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, minisiteri w’intebe Judith Suminwa Tuluka yagiranye i kiganiro n’ushinzwe amakuru mu biro bya perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwana Augustin Kabuya.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni biganiro byabereye mu mwi herero, bi bereye kuri Hotel ya Fleuve Congo, iherereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’i gihugu cya RDC, nk’uko bya tangajwe na Actualite CD.

Ivuga ko nta tangazo ri genewe abanyamakuru ryi geze rija hanze ku byerekanye n’iki kiganiro cya Minisitiri w’intebe mushya na Augistin Kabuye ushinzwe gutanga amakuru mu biro bya perezida wa Repubulika.

Mu makuru make yabashye ku menyekana n’uko kiriya kiganiro cya maze umwanya ungana n’isaha imwe, ko kandi ari ikiganiro cy’ibanze ku ishyirwaho rya Guverinoma nshya ya Judith Suminwa Tuluka.

Ahagana tariki ya 01/04/2024, n’ibwo Judith Suminwa Tuluka yagizwe minisitiri w’intebe, akaba yarahise agaragaza ko afite umugambi wo kubaka Guverinoma nshya akurikije itegeko nshinga.

Ni mu gihe Austin Kabuya we yahawe izi nshingano zo gushaka ukwiye kuzaba minisitiri w’intebe, ku itariki ya 07/02/2024, raporo aza kuyitanga tariki ya 29/02/2024.

Kabuya akaba ari umwe mu bagize uruhare runini kugira iyi Guverinoma nshya iyobowe na Judith Suminwa Tuluka ishingwe.

         MCN.
Tags: AmakuruAugustin KabuyaJudith Suminwa TulukaMinisitiri w'intebeMu biro bya perezida wa Repubulika
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Bill Clinton wahoze ari perezida wa leta Zunze ubumwe z'Amerika ari muzitabira kwibuka ku nshuro ya 30, Genocide ya korewe abatutsi mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?