• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Avugwa ku gitero cyagabwe kuri m23 i Nyangenzi, aho abakigabye barwana ku ruhande rwa Leta bagihuriyemo n’akaga.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
I Fizi: Mai-Mai iri mugahinda gakomeye nyuma yuko uwari umuyobozi wayo aryamiye ukuboko kwa bagabo.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Avugwa ku gitero cyagabwe kuri m23 i Nyangenzi, aho abakigabye barwana ku ruhande rwa Leta baguriyemo n’akaga.

You might also like

AFC/M23 yigaruriye uduce dushya tugera mu icumi

Ababarirwa muri 5 ni bo bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera i Uvira abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira

Amakuru avugwa n’abaturiye i Nyangenzi muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu bitero ryagabye ku barwanyi bo mu mutwe wa m23 bari muri iki gice cya Nyangenzi icyo bafashe mu kwezi gushize, uyu mutwe wakirihereyemo isomo, ubundi kandi iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta risubizwa inyuma.

Ni amakuru akubiye mu butumwa bwanditse, ubwo dukesha abaturiye i Nyangenzi aho ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye ibitero, ribigaba mu birindiro bya m23 n’ahatuwe n’abaturage mu gitondo cyo ku cyumweru tariki ya 23/03/2025.

Ubu butumwa bwahawe ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, bugaragaza ko iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ryagabye ibi bitero kuri m23 rinyuze inzira zitatu: Inzira ya Businga, iya Murenda ndetse n’iy’ahari ikigo cy’ishuri ryisumbuye cya Twaweza.

Bugira buti: “Wazalendo, ingabo z’u Burundi n’iza FARDC, bateye m23 muri Nyangenzi n’ahatuwe n’abaturage baturutse inzira zitatu. Hari abanyuze inzira ya Businga, iya Murenda n’iyo ku kigo cy’ishuri cya Twaweza.”

Ubu butumwa bushimangira ko uwateye aturutse inzira ya Businga n’iya Murenda yasubijwe inyuma rugikubita, kandi ko yababariye muri ibyo bitero, ariko ko uwateye aturutse ku kigo cy’ishuri cya Twaweza yagerageje kwinjirana m23, aho ndetse ngo yageze kuri paruwasi y’ikanisa rya Katolika riri muri aka gace ka Nyangenzi, ariko ko byarangira uyu mutwe wa m23 amusubije inyuma.
Binavugwa iki gitero iri huriro ry’ingabo za Congo ryagabye riturutse ku kigo cy’ishuri cya Twaweza zagihuriyemo n’uruva gusenya, kuko ngo cyaguyemo benshi bo muri iryo huriro, ndetse n’uwarukiyoboye.

Ati: “Uwateye aturutse i Businga, n’uwaturutse i Burenda basubijwe inyuma nabi, mu gihe ho uwateye aturutse ku kigo cy’ishuri cya Twaweza we, yagipfiriyemo ku bwinshi, apfusha n’umukomanda wari ukiyoboye.”

Ni ubutumwa kandi bugaragaza ko ibi bitero byose byatangiye igihe c’isaha ya saa kumi z’urukerera, birangira isaha ya saa kumi nebyiri z’umugoroba wajoro wo ku cyumweru, ariko ko ubu i Nyangenzi bari amahoro.

Ati: “Intambara yatangiye kare, sakumi z’igitondo, irangira saa kumi nebyiri z’umugoroba. Kuri ubu ni amahoro, kandi iki gice cyose cya Nyangenzi kiracyagenzurwa na m23.”

Tags: IgiteroNyangezi
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yigaruriye uduce dushya tugera mu icumi

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
AFC/M23 yigaruriye uduce dushya tugera mu icumi

AFC/M23 yigaruriye uduce dushya tugera mu icumi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryafashe ibindi bice bishya byo muri teritware ya Masisi mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, nyuma...

Read moreDetails

Ababarirwa muri 5 ni bo bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera i Uvira abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Ababarirwa muri 5 ni bo bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera i Uvira abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye

Imyigaragambyo iri kubera Uvira imaze kugwamo ababarirwa muri 5 abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye Abantu batanu ni bo bamaze kumenyekana baguye mu myigaragambyo ikomeje kubica bigacika mu mujyi...

Read moreDetails

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira Mu gihe igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Uvira cyari cyatanze itegeko ryo kurasa abigaragambya...

Read moreDetails

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira Abazindukiye mu myigaragambyo i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo yo kwamagana Brigadier General Olivier Gasita, igeze hafi naho igambiriye...

Read moreDetails

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira Amakuru aturuka i Uvira avuga ko muri iki gice giherereye ku nkombe y'ikiyaga cya Tanganyika, kibyukiyemo imyigaragambyo ikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Icyo minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC yatangaje kubyo guhagarika ibitero kuri m23.

Icyo minisitiri w'ubanye n'amahanga wa RDC yatangaje kubyo guhagarika ibitero kuri m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?