• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Avugwa ku gitero cyagabwe kuri m23 i Nyangenzi, aho abakigabye barwana ku ruhande rwa Leta bagihuriyemo n’akaga.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
I Fizi: Mai-Mai iri mugahinda gakomeye nyuma yuko uwari umuyobozi wayo aryamiye ukuboko kwa bagabo.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Avugwa ku gitero cyagabwe kuri m23 i Nyangenzi, aho abakigabye barwana ku ruhande rwa Leta baguriyemo n’akaga.

You might also like

Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Amakuru avugwa n’abaturiye i Nyangenzi muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu bitero ryagabye ku barwanyi bo mu mutwe wa m23 bari muri iki gice cya Nyangenzi icyo bafashe mu kwezi gushize, uyu mutwe wakirihereyemo isomo, ubundi kandi iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta risubizwa inyuma.

Ni amakuru akubiye mu butumwa bwanditse, ubwo dukesha abaturiye i Nyangenzi aho ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye ibitero, ribigaba mu birindiro bya m23 n’ahatuwe n’abaturage mu gitondo cyo ku cyumweru tariki ya 23/03/2025.

Ubu butumwa bwahawe ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, bugaragaza ko iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ryagabye ibi bitero kuri m23 rinyuze inzira zitatu: Inzira ya Businga, iya Murenda ndetse n’iy’ahari ikigo cy’ishuri ryisumbuye cya Twaweza.

Bugira buti: “Wazalendo, ingabo z’u Burundi n’iza FARDC, bateye m23 muri Nyangenzi n’ahatuwe n’abaturage baturutse inzira zitatu. Hari abanyuze inzira ya Businga, iya Murenda n’iyo ku kigo cy’ishuri cya Twaweza.”

Ubu butumwa bushimangira ko uwateye aturutse inzira ya Businga n’iya Murenda yasubijwe inyuma rugikubita, kandi ko yababariye muri ibyo bitero, ariko ko uwateye aturutse ku kigo cy’ishuri cya Twaweza yagerageje kwinjirana m23, aho ndetse ngo yageze kuri paruwasi y’ikanisa rya Katolika riri muri aka gace ka Nyangenzi, ariko ko byarangira uyu mutwe wa m23 amusubije inyuma.
Binavugwa iki gitero iri huriro ry’ingabo za Congo ryagabye riturutse ku kigo cy’ishuri cya Twaweza zagihuriyemo n’uruva gusenya, kuko ngo cyaguyemo benshi bo muri iryo huriro, ndetse n’uwarukiyoboye.

Ati: “Uwateye aturutse i Businga, n’uwaturutse i Burenda basubijwe inyuma nabi, mu gihe ho uwateye aturutse ku kigo cy’ishuri cya Twaweza we, yagipfiriyemo ku bwinshi, apfusha n’umukomanda wari ukiyoboye.”

Ni ubutumwa kandi bugaragaza ko ibi bitero byose byatangiye igihe c’isaha ya saa kumi z’urukerera, birangira isaha ya saa kumi nebyiri z’umugoroba wajoro wo ku cyumweru, ariko ko ubu i Nyangenzi bari amahoro.

Ati: “Intambara yatangiye kare, sakumi z’igitondo, irangira saa kumi nebyiri z’umugoroba. Kuri ubu ni amahoro, kandi iki gice cyose cya Nyangenzi kiracyagenzurwa na m23.”

Tags: IgiteroNyangezi
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge

Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge Amakuru aturuka mu gace ka Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko Ingabo za Leta ya...

Read moreDetails

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize Abanyamulenge ni ubwoko bw’abantu bavuga ururimi rw’Ikinyamulenge, nubwo benshi barufata nk’Ikinyarwanda, batuye cyane cyane mu misozi miremire y'i Mulenge, iri mu ntara...

Read moreDetails

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye na Afurika (AFRICOM) buri gusuzuma uburyo bwimbitse bwo kongera...

Read moreDetails

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20 Kapiteni Buba Ambwa Jean Denis, umusirikare ufite ipeti rya Kapiteni mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...

Read moreDetails
Next Post
Icyo minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC yatangaje kubyo guhagarika ibitero kuri m23.

Icyo minisitiri w'ubanye n'amahanga wa RDC yatangaje kubyo guhagarika ibitero kuri m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?