• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Avugwa ku gitero cyagabwe kuri m23 i Nyangenzi, aho abakigabye barwana ku ruhande rwa Leta bagihuriyemo n’akaga.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
I Fizi: Mai-Mai iri mugahinda gakomeye nyuma yuko uwari umuyobozi wayo aryamiye ukuboko kwa bagabo.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Avugwa ku gitero cyagabwe kuri m23 i Nyangenzi, aho abakigabye barwana ku ruhande rwa Leta baguriyemo n’akaga.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Amakuru avugwa n’abaturiye i Nyangenzi muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu bitero ryagabye ku barwanyi bo mu mutwe wa m23 bari muri iki gice cya Nyangenzi icyo bafashe mu kwezi gushize, uyu mutwe wakirihereyemo isomo, ubundi kandi iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta risubizwa inyuma.

Ni amakuru akubiye mu butumwa bwanditse, ubwo dukesha abaturiye i Nyangenzi aho ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye ibitero, ribigaba mu birindiro bya m23 n’ahatuwe n’abaturage mu gitondo cyo ku cyumweru tariki ya 23/03/2025.

Ubu butumwa bwahawe ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, bugaragaza ko iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ryagabye ibi bitero kuri m23 rinyuze inzira zitatu: Inzira ya Businga, iya Murenda ndetse n’iy’ahari ikigo cy’ishuri ryisumbuye cya Twaweza.

Bugira buti: “Wazalendo, ingabo z’u Burundi n’iza FARDC, bateye m23 muri Nyangenzi n’ahatuwe n’abaturage baturutse inzira zitatu. Hari abanyuze inzira ya Businga, iya Murenda n’iyo ku kigo cy’ishuri cya Twaweza.”

Ubu butumwa bushimangira ko uwateye aturutse inzira ya Businga n’iya Murenda yasubijwe inyuma rugikubita, kandi ko yababariye muri ibyo bitero, ariko ko uwateye aturutse ku kigo cy’ishuri cya Twaweza yagerageje kwinjirana m23, aho ndetse ngo yageze kuri paruwasi y’ikanisa rya Katolika riri muri aka gace ka Nyangenzi, ariko ko byarangira uyu mutwe wa m23 amusubije inyuma.
Binavugwa iki gitero iri huriro ry’ingabo za Congo ryagabye riturutse ku kigo cy’ishuri cya Twaweza zagihuriyemo n’uruva gusenya, kuko ngo cyaguyemo benshi bo muri iryo huriro, ndetse n’uwarukiyoboye.

Ati: “Uwateye aturutse i Businga, n’uwaturutse i Burenda basubijwe inyuma nabi, mu gihe ho uwateye aturutse ku kigo cy’ishuri cya Twaweza we, yagipfiriyemo ku bwinshi, apfusha n’umukomanda wari ukiyoboye.”

Ni ubutumwa kandi bugaragaza ko ibi bitero byose byatangiye igihe c’isaha ya saa kumi z’urukerera, birangira isaha ya saa kumi nebyiri z’umugoroba wajoro wo ku cyumweru, ariko ko ubu i Nyangenzi bari amahoro.

Ati: “Intambara yatangiye kare, sakumi z’igitondo, irangira saa kumi nebyiri z’umugoroba. Kuri ubu ni amahoro, kandi iki gice cyose cya Nyangenzi kiracyagenzurwa na m23.”

Tags: IgiteroNyangezi
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Icyo minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC yatangaje kubyo guhagarika ibitero kuri m23.

Icyo minisitiri w'ubanye n'amahanga wa RDC yatangaje kubyo guhagarika ibitero kuri m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?