• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Avugwa kuri Point Zero mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Minembwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 21, 2025
in Conflict & Security
0
Avugwa kuri Point Zero mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Minembwe
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Avugwa kuri Point Zero mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Minembwe

You might also like

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

Abasirikare b’u Burundi babarirwa muri 200 bakiriwe kuri Point Zero ahazwi nko mu ndiri ikomeye y’ibirindiro by’abarwanyi ba FDLR na Wazalendo ndetse n’Ingabo za Congo.

Agace ka Point Zero gaherereye mu Burasirazuba bw’umujyi wa Minembwe uzwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo.

Aka gace ubundi ni na ko gasanzwe kagabanya igice gituwe n’Abanyamulenge n’igituwe n’abandi Banye-Congo barimo Ababembe, Abapfulelo n’Abanyindu.

Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, zirimo umutwe wa FDLR, Wazalendo n’Ingabo za RDC, zashyinze ibirindiro byazo muri kariya gace nyuma y’aho umutwe wa Twirwaneho uzirukanye muri Minembwe na Mikenke mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Minembwe Capital News yamenye ko ku munsi w’ejo ku wa Gatandatu tariki ya 20/09/2025, abasirikare benshi b’u Burundi bagasesekayemo, kandi bakirizwa yo mbi n’iri huriro ry’Ingabo za RDC.

Amasoko yacu anagaragaza ko izi ngabo z’u Burundi zageze kuri Point Zero ziturutse mu Bibogobogo, aho zari zisanzwe zikorera nyuma y’aho zivuye i Burundi.

Aya makuru akomeza avuga ko zije kuri wa mugambi zihoramo wo kurimbura Abanyamulenge n’igisa nabo.

Ubuhamya twahawe buhamya ko aya makuru ari ayukuri bugira buti: “Ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatandatu, abasirikare benshi b’u Burundi barakiriwe kuri Point Zero. Baje baturuka mu Bibogobogo; hagiye gukorwa ibitero mu duce twa Minembwe na Mikenke ahatuwe cyane n’Abanyamulenge.”

Ibitero ku Banyamulenge bo muri utwo duce baheruka kubigabwaho mu ntangiriro z’uku kwezi, ahanini byagabwe mu Mikenke, mu nkengero za centre ya Minembwe uturutse mu majy’Epfo yayo, no mu Rugezi.

Ni ibitero birangira umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 birwana kuri aba Banyamulenge babisubije inyuma.

Kuri ubu iyi mitwe yombi igenzura hafi igice cyose cy’imisozi miremire y’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo ahazwi nk’iwabo w’Abanyamulenge.

Tags: Ingabo z'u BurundiMikenkeMinembwePoint Zero
Share42Tweet26Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Mu Mirwano Ikomeye, AFC/M23 Yongeye Kwigarurira Ibice Byinshi bya Masisi; Bamwe mu Bayobozi ba FARDC Bahasiga Ubuzima

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi Imirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27/02/2026 muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ubutegetsi bwa RDC Kugaba Ibitero bya Drone i Rubaya

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi Rumenge Rugeyo Olivier, wigeze kwiyamamariza kuba Umudepite ku rwego rw’Igihugu muri Teritwari ya Fizi, yasohoye inyandiko zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
U Burundi na RDC ntibyitabiriye Shampiyona y’isi y’amagare iri kubera i Kigali-inkuru irambuye

U Burundi na RDC ntibyitabiriye Shampiyona y'isi y'amagare iri kubera i Kigali-inkuru irambuye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?