• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Avugwa mu Kibaya cya Rusizi muri Kivu y’Amajyepfo.

minebwenews by minebwenews
March 28, 2025
in Regional Politics
0
Avugwa mu Kibaya cya Rusizi muri Kivu y’Amajyepfo.
140
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Avugwa mu Kibaya cya Rusizi muri Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Amakuru ava i Uvira ahimuriwe ibiro bikuru by’i ntara ya Kivu y’Epfo ku rwego rwa Leta y’i Kinshasa, avuga ko havuye abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo n’aba FDLR berekera mu Kibaya cya Rusizi kuja gutangiza intambara ku mutwe wa m23.

Wazalendo n’abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR bazwiho kuba barimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, bishyira hamwe murwego rwo gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’icy’u Burundi kurwanya m23.

Nk’uko amakuru dukesha abaturiye i Uvira abivuga nuko kuva ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa kane, tariki ya 27/03/2025, bariya barwanyi bavuye i Uvira ku bwinshi berekeza mu bice biherereye mu Kibaya cya Rusizi, ahazwi nko muri Plaine Dela Ruzizi kugira ngo baje gutangiza intambara mu bice abarwanyi bo muri m23 bafashe.

Ubutumwa bugufi bwanditse Minembwe Capital News yahawe n’abanya-Uvira, bugira buti: “Wazalendo na FDLR bagiye ku bwinshi i Luvungi. Amakuru dufite avuga ko bagiye gutangiza intambara kuri m23.”

Mu byumweru bibiri bishyize, na bwo abarwanyi bo muri Wazalendo baje baturutse mu ntara ya Manyema baca i Uvira bakomeza mu Kibaya cya Rusizi, bageze ahitwa za Katogota basakirana n’uyu mutwe wa m23 ubakubita kubi.

Icyo gihe byavuzwe ko aba barwanyi bari baje ari ibihumbi, ariko nk’uko amakuru yabisobanuye nuko basubiyeyo batumva batabona.

Wazalendo bongeye kwereza muri icyo gice kurwanya m23 mu gihe no ku munsi w’ejo ku wa kane mu misozi ya Kamanyola yabereyemo imirwano, aho aba Wazalendo bari bateye uyu mutwe, ariko uza kubasubiza inyuma.

Ni imirwano kandi yabereye no mu misozi ya Ngomo iherereye mu ntera ngufi uvuye muri Bukavu, ariko ibyo bitero byose uyu mutwe wa m23 ubisubiza inyuma.

Amakuru akomeza avuga ko aba barwanyi bo muri Wazalendo na FDLR bari za Luvungi, Sange no mu tundi duce two muri iki Kibaya cya Rusizi.

Ni mu gihe m23 na yo, igenzura igice cya Katogota n’umujyi wa Kamanyola, kuri ubu urimo ituze, kuvaho uyu mutwe uyifashe mu mpera z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Tags: FDLRMu Kibaya cya RusiziWazalendo
Share56Tweet35Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

Brig.Gen.Sematama yahishuye impamvu Twirwaneho yabaye umwe na m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?