• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Avugwa mu Kibaya cya Rusizi muri Kivu y’Amajyepfo.

minebwenews by minebwenews
March 28, 2025
in Regional Politics
0
Avugwa mu Kibaya cya Rusizi muri Kivu y’Amajyepfo.
140
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Avugwa mu Kibaya cya Rusizi muri Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Amakuru ava i Uvira ahimuriwe ibiro bikuru by’i ntara ya Kivu y’Epfo ku rwego rwa Leta y’i Kinshasa, avuga ko havuye abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo n’aba FDLR berekera mu Kibaya cya Rusizi kuja gutangiza intambara ku mutwe wa m23.

Wazalendo n’abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR bazwiho kuba barimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, bishyira hamwe murwego rwo gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’icy’u Burundi kurwanya m23.

Nk’uko amakuru dukesha abaturiye i Uvira abivuga nuko kuva ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa kane, tariki ya 27/03/2025, bariya barwanyi bavuye i Uvira ku bwinshi berekeza mu bice biherereye mu Kibaya cya Rusizi, ahazwi nko muri Plaine Dela Ruzizi kugira ngo baje gutangiza intambara mu bice abarwanyi bo muri m23 bafashe.

Ubutumwa bugufi bwanditse Minembwe Capital News yahawe n’abanya-Uvira, bugira buti: “Wazalendo na FDLR bagiye ku bwinshi i Luvungi. Amakuru dufite avuga ko bagiye gutangiza intambara kuri m23.”

Mu byumweru bibiri bishyize, na bwo abarwanyi bo muri Wazalendo baje baturutse mu ntara ya Manyema baca i Uvira bakomeza mu Kibaya cya Rusizi, bageze ahitwa za Katogota basakirana n’uyu mutwe wa m23 ubakubita kubi.

Icyo gihe byavuzwe ko aba barwanyi bari baje ari ibihumbi, ariko nk’uko amakuru yabisobanuye nuko basubiyeyo batumva batabona.

Wazalendo bongeye kwereza muri icyo gice kurwanya m23 mu gihe no ku munsi w’ejo ku wa kane mu misozi ya Kamanyola yabereyemo imirwano, aho aba Wazalendo bari bateye uyu mutwe, ariko uza kubasubiza inyuma.

Ni imirwano kandi yabereye no mu misozi ya Ngomo iherereye mu ntera ngufi uvuye muri Bukavu, ariko ibyo bitero byose uyu mutwe wa m23 ubisubiza inyuma.

Amakuru akomeza avuga ko aba barwanyi bo muri Wazalendo na FDLR bari za Luvungi, Sange no mu tundi duce two muri iki Kibaya cya Rusizi.

Ni mu gihe m23 na yo, igenzura igice cya Katogota n’umujyi wa Kamanyola, kuri ubu urimo ituze, kuvaho uyu mutwe uyifashe mu mpera z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Tags: FDLRMu Kibaya cya RusiziWazalendo
Share56Tweet35Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Brig.Gen.Sematama yahishuye impamvu Twirwaneho yabaye umwe na m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?