Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ayo bararanye i Mulenge iwabo w’Abanyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 25, 2025
in Conflict & Security
0
Ayo bararanye i Mulenge iwabo w’Abanyamulenge.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ayo bararanye i Mulenge iwabo w’Abanyamulenge.

You might also like

Imirwano ikomeye yakomeje hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Izo kwa Tshisekedi zirutse umutuno zita ibirindiro byabo, M23 irabifata.

Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

Nyuma y’uko uyu munsi ku cyumweru tariki ya 25/05/2025, mu misozi miremire y’i Mulenge mu Burasizuba bwa Congo hiriwe ituze, ku mugoroba ho bakiriye amakuru avuga ko ihuriro ry’Ingabo za Congo ko riri kwisuganya kubagabaho ibitero.

Ni ubutumwa twakiriye kuri Minembwe Capital News, aho ubwo butumwa bugira buti: “Turaranye amakuru atari meza. Umwanzi ari kwisuganya kutugabaho ibitero mu Mikenke na Rugezi.”

Uyu waduhaye ubu butumwa uri mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, yavuze ko aya makuru ko bayahawe n’abamwe mu nshuti zabo ziherereye mu bice birimo abanzi (uruhande rwa Leta).

Uburyo yagaragaje bahawe ayo makuru yavuze ko uwo bayakesha yababwiye ko i Baraka hinutse Ingabo nyinshi zo ku ruhande rwa Leta zirimo FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo. Izindi ngo zituruka i Ndondo ya Bijombo zerekeza mu Mikenke.

Nu bwo hataramenyekana umubare w’izo ngabo, yaba ari izaturutse mu Bijombo n’izinutse i Baraka ari ko biravugwa ko zizatera mu Rugezi na Mikenke.

Iminsi icyanyemo bagaragaza ko kuri Point Zero mu Burasizuba bwa centre ya Minembwe, kwa Mulima no bindi bice byo mu Mutambara ko birimo Ingabo nyinshi za FARDC n’iz’u Burundi, kandi ko zigambiriye gutera mu Minembwe no gufata ikibuga cy’indege cyaho n’icya Mikenke. Ni mu gihe Leta ngo yaba itinya ko ibyo bibuga umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bishobora kuzabikoresha ibibatera icyikango, kabone nubwo batakigaragaza.

Nubwo uyu munsi hiriwe amahoro n’ituze mu Minembwe na Mikenke ndetse no mu nkengero zaho, ariko ku munsi w’ejo ku wa gatandatu muri ibyo bice hiriwe imirwano ikaze.

Uruhande rwa Leta rwateye mu Mikenke ruturutse mu Gipupu, na ho mu Rugezi ho rwahateye ruturutse za Gasiro.

Iyo mirwano byarangiye umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho bikubitaguye kubi abarwanira buriya butegetsi bw’i Kinshasa.

Binazwi ko iyi mitwe yombi ibarizwa mu ihuriro rya AFC, ihora yirukana izi ngabo zirwanirira ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Hagataho, aya makuru turakomeza kuyakurikirana.

Tags: AmakuruIbiteroIhuriroMulenge
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Imirwano ikomeye yakomeje hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Imirwano ikomeye yakomeje hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Imirwano ikomeye yakomeje hagati ya M23 n'ihuriro ry'ingabo za Congo. Imirwano ikaze yakomeje hagati y'ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya n'abarwanyi bo mu mutwe wa M23 mu...

Read moreDetails

Izo kwa Tshisekedi zirutse umutuno zita ibirindiro byabo, M23 irabifata.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Izo kwa Tshisekedi zirutse umutuno zita ibirindiro byabo, M23 irabifata.

Izo kwa Tshisekedi zirutse umutuno zita ibirindiro byabo, M23 irabifata. Amakuru aturuka muri Kivu y'Amajyepfo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, aravuga ko mu nkengero za...

Read moreDetails

Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

Iby'akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka. Igitero ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye mu Mikenke cyaguyemo umusirikare mukuru...

Read moreDetails

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza. Ibitero ihuriro ry'Ingabo za Congo ririmo FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo zagabye mu duce dutuwe n'Abanyamulenge two mu Mikenke ho muri secteur...

Read moreDetails

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
Iby’imirwano itari yavuzwe yabereye mu Rurambo hagati ya Twirwaneho na Wazalendo.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace. Nyuma y'aho FARDC n'abambari bayo bazindutse bagaba ibitero mu mihana y'Abanyamulenge mu Mikenke, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?