Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ayo bararanye i Mulenge iwabo w’Abanyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 25, 2025
in Conflict & Security
0
Ayo bararanye i Mulenge iwabo w’Abanyamulenge.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ayo bararanye i Mulenge iwabo w’Abanyamulenge.

You might also like

Umusirikare wa FARDC yishe bagenzi be i Kisangani.

Uvira ngo yaba igiye gufatwa cyangwa ni amayeri Leta y’i Kinshasa irimo gukoresha, ibirambuye

Mu Gipupu hubuye imirwano ikaze.

Nyuma y’uko uyu munsi ku cyumweru tariki ya 25/05/2025, mu misozi miremire y’i Mulenge mu Burasizuba bwa Congo hiriwe ituze, ku mugoroba ho bakiriye amakuru avuga ko ihuriro ry’Ingabo za Congo ko riri kwisuganya kubagabaho ibitero.

Ni ubutumwa twakiriye kuri Minembwe Capital News, aho ubwo butumwa bugira buti: “Turaranye amakuru atari meza. Umwanzi ari kwisuganya kutugabaho ibitero mu Mikenke na Rugezi.”

Uyu waduhaye ubu butumwa uri mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, yavuze ko aya makuru ko bayahawe n’abamwe mu nshuti zabo ziherereye mu bice birimo abanzi (uruhande rwa Leta).

Uburyo yagaragaje bahawe ayo makuru yavuze ko uwo bayakesha yababwiye ko i Baraka hinutse Ingabo nyinshi zo ku ruhande rwa Leta zirimo FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo. Izindi ngo zituruka i Ndondo ya Bijombo zerekeza mu Mikenke.

Nu bwo hataramenyekana umubare w’izo ngabo, yaba ari izaturutse mu Bijombo n’izinutse i Baraka ari ko biravugwa ko zizatera mu Rugezi na Mikenke.

Iminsi icyanyemo bagaragaza ko kuri Point Zero mu Burasizuba bwa centre ya Minembwe, kwa Mulima no bindi bice byo mu Mutambara ko birimo Ingabo nyinshi za FARDC n’iz’u Burundi, kandi ko zigambiriye gutera mu Minembwe no gufata ikibuga cy’indege cyaho n’icya Mikenke. Ni mu gihe Leta ngo yaba itinya ko ibyo bibuga umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bishobora kuzabikoresha ibibatera icyikango, kabone nubwo batakigaragaza.

Nubwo uyu munsi hiriwe amahoro n’ituze mu Minembwe na Mikenke ndetse no mu nkengero zaho, ariko ku munsi w’ejo ku wa gatandatu muri ibyo bice hiriwe imirwano ikaze.

Uruhande rwa Leta rwateye mu Mikenke ruturutse mu Gipupu, na ho mu Rugezi ho rwahateye ruturutse za Gasiro.

Iyo mirwano byarangiye umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho bikubitaguye kubi abarwanira buriya butegetsi bw’i Kinshasa.

Binazwi ko iyi mitwe yombi ibarizwa mu ihuriro rya AFC, ihora yirukana izi ngabo zirwanirira ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Hagataho, aya makuru turakomeza kuyakurikirana.

Tags: AmakuruIbiteroIhuriroMulenge
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Umusirikare wa FARDC yishe bagenzi be i Kisangani.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Umusirikare wa FARDC yishe bagenzi be i Kisangani.

Umusirikare wa FARDC yishe bagenzi be i Kisangani. Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yarashe bagenzi be batatu babiri bahasiga ubuzima undi umwe arakomereka bikabije, ibi bikaba...

Read moreDetails

Uvira ngo yaba igiye gufatwa cyangwa ni amayeri Leta y’i Kinshasa irimo gukoresha, ibirambuye

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Uvira bari mu marira menshi nyuma y’aho FARDC yishe irashe umuyobozi waho ukomeye.

Uvira ngo yaba igiye gufatwa cyangwa ni amayeri Leta y'i Kinshasa irimo gukoresha, ibirambuye. Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bwashinje ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23...

Read moreDetails

Mu Gipupu hubuye imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

Mu Gipupu hubuye imirwano ikaze. Amakuru aturuka mu Gipupu mu gice kigenzurwa n'ihuriro ry'imitwe yitwaje intwaro yibumbiye mu ciswe Wazalendo izwiho ubufatanye bwa bugufi n'Ingabo za Leta ya...

Read moreDetails

Byinshi ku ngabo za FARDC, FDLR na Wazalendo zoherejwe mu duce du tatu two mu misozi ya Rurambo.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Byinshi ku ngabo za  FARDC, FDLR na Wazalendo zoherejwe mu duce du tatu two mu misozi ya Rurambo.

Byinshi ku ngabo za FARDC, FDLR na Wazalendo zoherejwe mu duce du tatu two mu misozi ya Rurambo. Grupema zibiri iya Runingu n'iya Kigoma ziherereye muri teritware ya...

Read moreDetails

Icyo uruzinduko rwa Commandant secteur mu Bibogobogo rugamije.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Icyo uruzinduko rwa  Commandant secteur mu Bibogobogo rugamije.

Icyo uruzinduko rwa Commandant secteur mu Bibogobogo rugamije. Commandant secteur wungirije, uruzinduko yagiriye mu Bibogobogo agace gatuwe cyane n'Abanyamulenge, rugamije ahanini gukora controle cyangwa se ibarura ry'abasirikare ba...

Read moreDetails
Next Post
Byose yabivuze uburyo perezida w’u Rwanda yamutumaga, uwo n’uwari visi perezida w’u Burundi.

Byose yabivuze uburyo perezida w'u Rwanda yamutumaga, uwo n'uwari visi perezida w'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?