• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ayo bararanye i Mulenge iwabo w’Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
May 25, 2025
in Conflict & Security
0
Ayo bararanye i Mulenge iwabo w’Abanyamulenge.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ayo bararanye i Mulenge iwabo w’Abanyamulenge.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Nyuma y’uko uyu munsi ku cyumweru tariki ya 25/05/2025, mu misozi miremire y’i Mulenge mu Burasizuba bwa Congo hiriwe ituze, ku mugoroba ho bakiriye amakuru avuga ko ihuriro ry’Ingabo za Congo ko riri kwisuganya kubagabaho ibitero.

Ni ubutumwa twakiriye kuri Minembwe Capital News, aho ubwo butumwa bugira buti: “Turaranye amakuru atari meza. Umwanzi ari kwisuganya kutugabaho ibitero mu Mikenke na Rugezi.”

Uyu waduhaye ubu butumwa uri mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, yavuze ko aya makuru ko bayahawe n’abamwe mu nshuti zabo ziherereye mu bice birimo abanzi (uruhande rwa Leta).

Uburyo yagaragaje bahawe ayo makuru yavuze ko uwo bayakesha yababwiye ko i Baraka hinutse Ingabo nyinshi zo ku ruhande rwa Leta zirimo FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo. Izindi ngo zituruka i Ndondo ya Bijombo zerekeza mu Mikenke.

Nu bwo hataramenyekana umubare w’izo ngabo, yaba ari izaturutse mu Bijombo n’izinutse i Baraka ari ko biravugwa ko zizatera mu Rugezi na Mikenke.

Iminsi icyanyemo bagaragaza ko kuri Point Zero mu Burasizuba bwa centre ya Minembwe, kwa Mulima no bindi bice byo mu Mutambara ko birimo Ingabo nyinshi za FARDC n’iz’u Burundi, kandi ko zigambiriye gutera mu Minembwe no gufata ikibuga cy’indege cyaho n’icya Mikenke. Ni mu gihe Leta ngo yaba itinya ko ibyo bibuga umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bishobora kuzabikoresha ibibatera icyikango, kabone nubwo batakigaragaza.

Nubwo uyu munsi hiriwe amahoro n’ituze mu Minembwe na Mikenke ndetse no mu nkengero zaho, ariko ku munsi w’ejo ku wa gatandatu muri ibyo bice hiriwe imirwano ikaze.

Uruhande rwa Leta rwateye mu Mikenke ruturutse mu Gipupu, na ho mu Rugezi ho rwahateye ruturutse za Gasiro.

Iyo mirwano byarangiye umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho bikubitaguye kubi abarwanira buriya butegetsi bw’i Kinshasa.

Binazwi ko iyi mitwe yombi ibarizwa mu ihuriro rya AFC, ihora yirukana izi ngabo zirwanirira ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Hagataho, aya makuru turakomeza kuyakurikirana.

Tags: AmakuruIbiteroIhuriroMulenge
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Byose yabivuze uburyo perezida w’u Rwanda yamutumaga, uwo n’uwari visi perezida w’u Burundi.

Byose yabivuze uburyo perezida w'u Rwanda yamutumaga, uwo n'uwari visi perezida w'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?