• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Azarias Ruberwa wigezeho kuba visi perezida wa RDC, yagize icyavuga ku Banyamulenge baguye mu Gatumba.

minebwenews by minebwenews
August 11, 2024
in Regional Politics
0
Azarias Ruberwa wigezeho kuba visi perezida wa RDC, yagize icyavuga ku Banyamulenge baguye mu Gatumba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Azarias Ruberwa wigezeho kuba visi perezida wa RDC, yagize icyavuga ku Banyamulenge baguye mu Gatumba.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Hari mu muhango wabereye muri States ya Arizona yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho Abanyamulenge baturiye icyo gihugu bibutse ku nshuro ya 20, Abanyamulenge baguye mu Gatumba mu gihugu cy’u Burundi, Ruberwa yavuze ko Abanyamulenge batangiye kwicwa kuva kera, kandi ko n’ubu bagikomeje kwicwa, bityo abasaba kw’irwanaho.

Uyu muhango wabereye muri States ya Arizona wakozwe ahar’ejo tariki ya 10/08/2024.

Mu butumwa bw’amashusho bwagiye bushirwa hanze, bugaragaza ko muri uwo muhango hitabiriye abashitsi benshi kandi barimo na bamwe mu bategetsi b’Abanyamerika, nk’uwitwa Dr Gregory Stanton uri mu bakurikiranira hafi ubwicanyi bugenda bukorerwa hirya no hino ku Isi.

Hari kandi na Alondora Lopez ndetse n’abandi banyacyubahiro batandukanye barimo na Azarias Ruberwa Manywa waje no guhabwa ijambo muri uyu muhango.

Muri bimwe Azarias Ruberwa yavuze, yagaragaje ko Abanyamulenge batangiye kwicwa kuva mu mwaka w’ 1964 na nyuma yaho.

Yagize ati: Njye nkiri umwana muto, n’abonye Abanyamulenge batotezwa kandi bazira ubwoko bwabo. Si none Abanyamulenge gusa bishwe, oya byatangiye kera cyane.”

Bizwi ko hari Abanyamulenge biciwe ahitwa ku Gatongo, Kirumba, Kabera n’ahandi. Aba bagiye bicwa mu bihe bitandukanye hagati mu myaka ya 1964 na 1996.

Usibye kuvuga ko Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge ko batangiye kwicwa kera, Ruberwa yanashimiye Twirwaneho iyobowe na Colonel Rukunda Michelle wa mamaye ku mazina ya Makanika, avuga ko bitanze bamena amaraso yabo, ndetse anasaba ko Abanyamulenge bagomba kw’irwanaho kugira ngo birindire umutekano wabo.

Ati: Ndashimira Twirwaneho yitanze imena amaraso yabo, rero, natwe tugomba kwitanga tukaba ba Nehemiya b’Imulenge.”

Azarias Ruberwa Manywa yabayeho visi perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu mwaka w’ 2003 kugeza 2006 , nyuma yaje kugenda ahabwa indi myanya ikomeye muri leta ya Kinshasa aho yanabayeho minisitiri wa décentralisation et Réformes.

Ruberwa yavukiye mu gace k’i Mulenge kitwa Rugezi ni muri teritware ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Akaba yaravutse mu mwaka w’ 1964.

Kuri ubu asigaye atuye mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’umuryango we.

                 MCN.
Tags: AbanyamulengeAmerikaMu Gatumba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe uko byagenze kugira ngo perezida w’u Burundi Ndayishimiye uko yafashe umukubuzo ajya gukubura mu mabiro atandukanye.

Havuzwe uko byagenze kugira ngo perezida w'u Burundi Ndayishimiye uko yafashe umukubuzo ajya gukubura mu mabiro atandukanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?