• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Azarias Ruberwa wigezeho kuba visi perezida wa RDC, yagize icyavuga ku Banyamulenge baguye mu Gatumba.

minebwenews by minebwenews
August 11, 2024
in Regional Politics
0
Azarias Ruberwa wigezeho kuba visi perezida wa RDC, yagize icyavuga ku Banyamulenge baguye mu Gatumba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Azarias Ruberwa wigezeho kuba visi perezida wa RDC, yagize icyavuga ku Banyamulenge baguye mu Gatumba.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Hari mu muhango wabereye muri States ya Arizona yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho Abanyamulenge baturiye icyo gihugu bibutse ku nshuro ya 20, Abanyamulenge baguye mu Gatumba mu gihugu cy’u Burundi, Ruberwa yavuze ko Abanyamulenge batangiye kwicwa kuva kera, kandi ko n’ubu bagikomeje kwicwa, bityo abasaba kw’irwanaho.

Uyu muhango wabereye muri States ya Arizona wakozwe ahar’ejo tariki ya 10/08/2024.

Mu butumwa bw’amashusho bwagiye bushirwa hanze, bugaragaza ko muri uwo muhango hitabiriye abashitsi benshi kandi barimo na bamwe mu bategetsi b’Abanyamerika, nk’uwitwa Dr Gregory Stanton uri mu bakurikiranira hafi ubwicanyi bugenda bukorerwa hirya no hino ku Isi.

Hari kandi na Alondora Lopez ndetse n’abandi banyacyubahiro batandukanye barimo na Azarias Ruberwa Manywa waje no guhabwa ijambo muri uyu muhango.

Muri bimwe Azarias Ruberwa yavuze, yagaragaje ko Abanyamulenge batangiye kwicwa kuva mu mwaka w’ 1964 na nyuma yaho.

Yagize ati: Njye nkiri umwana muto, n’abonye Abanyamulenge batotezwa kandi bazira ubwoko bwabo. Si none Abanyamulenge gusa bishwe, oya byatangiye kera cyane.”

Bizwi ko hari Abanyamulenge biciwe ahitwa ku Gatongo, Kirumba, Kabera n’ahandi. Aba bagiye bicwa mu bihe bitandukanye hagati mu myaka ya 1964 na 1996.

Usibye kuvuga ko Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge ko batangiye kwicwa kera, Ruberwa yanashimiye Twirwaneho iyobowe na Colonel Rukunda Michelle wa mamaye ku mazina ya Makanika, avuga ko bitanze bamena amaraso yabo, ndetse anasaba ko Abanyamulenge bagomba kw’irwanaho kugira ngo birindire umutekano wabo.

Ati: Ndashimira Twirwaneho yitanze imena amaraso yabo, rero, natwe tugomba kwitanga tukaba ba Nehemiya b’Imulenge.”

Azarias Ruberwa Manywa yabayeho visi perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu mwaka w’ 2003 kugeza 2006 , nyuma yaje kugenda ahabwa indi myanya ikomeye muri leta ya Kinshasa aho yanabayeho minisitiri wa décentralisation et Réformes.

Ruberwa yavukiye mu gace k’i Mulenge kitwa Rugezi ni muri teritware ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Akaba yaravutse mu mwaka w’ 1964.

Kuri ubu asigaye atuye mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’umuryango we.

                 MCN.
Tags: AbanyamulengeAmerikaMu Gatumba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe uko byagenze kugira ngo perezida w’u Burundi Ndayishimiye uko yafashe umukubuzo ajya gukubura mu mabiro atandukanye.

Havuzwe uko byagenze kugira ngo perezida w'u Burundi Ndayishimiye uko yafashe umukubuzo ajya gukubura mu mabiro atandukanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?