Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Banki y’Isi yahanye igihugu cya Tanzania, iyishinja gusambanya abagore ku ngufu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 26, 2024
in Regional Politics
0
Banki y’Isi yahanye igihugu cya Tanzania, iyishinja gusambanya abagore ku ngufu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Banki y’Isi yahagaritse inkunga iha igihugu cya Tanzania, igishinja gusambanya abagore ku ngufu.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni bikubiye mu matohoza yakozwe n’ikigo cya Oakland institute cyakoze amatohoza ku barinda parike bagiye bagira uruhare mu bwicanyi bwa korerwe abaturage baturiye ibyo bice no gusambanya abagore ku ngufu.

Bavuga ko ubwo bwicanyi bwatangiye kuva mu 2017 ndetse gusambanya abagore ku gahato ngo bikaba byaratangiye mbere yaho.

Iki kigo kikaba cyatangaje ko cyakuye amakuru mu baturage bahohotewe barimo n’abasambanyijwe ku gahato.

Ibi Leta ya Tanzania yarabihakanye ivuga ko ari amakuru y’ibinyoma. Umuvugizi wa Leta ya Tanzania Mobhare Matinyi avugana n’ibiro ntara makuru by’Abafaransa AFP, yagize ati: “Amakuru y’ibanze ava mu iperereza twakoze agaragaza ko ibyo birego nta kuri kubirimo. Ubu dutegereje ko Banki y’Isi iduha ibimenyetso idushinja.”

Uyu muvugizi wa leta yanavuze ko igihugu cye kidahohotera uburenganzira bwa muntu.

Mu bimenyetso ikigo cya Oakland institute cyagaragaje n’uko abagera ku bantu hafi 20.000 bakuwe mu byabo muri gahunda ya leta yo kwagura parike.

Igihugu cya Tanzania cyakira amadevise menshi avuye mu bukerarugendo. Umwaka ushize cyakiriye amafaranga angana na miliyari zirengera zitandatu z’amadolari niyo leta yinjije avuye mu bukerarugendo.

Leta ya Tanzania ikaba yarakiriye inkunga ingana na miliyoni 100 z’amadolari y’Amerika. Ay’amafaranga yacishwaga mu mushinga REGROW ugamije kwita ku bidukikije, kurinda ibinyabuzima no guteza imbere ubukerarugendo.

Kuri ubu iyo nkunga Banki y’Isi yavuze ko itazongera kuyiha leta ya Tanzania.

   MCN.
Tags: IgihanoIgihugu cya Tanzania
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe uruzinduko rudasanzwe, perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ateganya kugirira i Paris mu Bufaransa.

Hatangajwe uruzinduko rudasanzwe, perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ateganya kugirira i Paris mu Bufaransa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?