• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Barashaka ku bwomeka ku Rwanda,” ibyavuzwe na Jean Pierre Bemba.

minebwenews by minebwenews
March 7, 2025
in Regional Politics
0
Barashaka ku bwomeka ku Rwanda,” ibyavuzwe na Jean Pierre Bemba.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Barashaka ku bwomeka ku Rwanda,” ibyavuzwe na Jean Pierre Bemba.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Minisitiri w’ubwikorezi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba Gombo, yashinje uwahoze ari perezida wa Congo, Joseph Kabila Kabange, kuba ari we watangije umutwe wa m23 n’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo.

Ni munama yabereye i Kikwit, aho yari igamije gukangurira urubyiruko rw’Abanye-Kongo kujya mu gisirikare kugira ngo barengere igihugu cyabo.

Jean Pierre Bemba ari imbere y’imbaga y’abantu ibibumbi n’ibihumbi, yavuze ko afite ibimenyetso simusiga bigaragaza ko Joseph Kabila ari we uri inyuma y’inyeshyamba za Mobondo, zirwanira mu majy’epfo ya Kinshasa mu cyahoze ari Grand-Bandundu, cyane cyane i Maï-Ndombe, Kwilu, Kwango, Kongo Central no mu bindi bice byo muri Kinshasa.

Yavuze kandi ko afite ibimenyetso byuko Joseph Kabila ashigikiye AFC na m23, ndetse ko atari ugushyihikira gusa, ko ahubwo ari we washyinze iyo mitwe, ngo bikaba biri mubyatumye ahunga igihugu anyuze i Lubumbashi, ava mu karere anyuze muri Zambia.

Avuga ko m23/AFC byashyinzwe kugira basubiremo ibikorwa byakoreshejwe mu myaka ya 1996-1997, aho bateguye gusahura amabuye y’agaciro manini cyane cyane mu Burasizuba bw’iki gihugu no kuhomeka ku Rwanda.

Yagize ati: “Barashaka komeka igihugu cyacu ku Rwanda. None rero, basore nkunda, mukangukire kurengera igihugu cyacu.”

Ubwo kandi perezida Felix Tshisekedi yari aheruka i Davos mu Busuwisi, yashinje Joseph Kabila kuba ari we bwonko bwa m23.

Ibyo Ferdinand Kambere, umunyamabanga Nshingwabikorwa wa PPRD, yamaganiye kure, avuga ko amagambo y’umukuru w’igihugu yerekanye ko yabuze icyo gukora kandi adashoboye mu gihe umutekano wifashe nabi mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Ibyo bikomeje kuvugwa mu gihe m23 yo ikomeje kwagura ibirindiro byayo, nyuma y’aho ifashe umujyi wa Goma na Bukavu iheruka kwigarurira mu kwezi gushyize.

Kuri ubu uyu mutwe ugeze mu bice bituwe cyane n’Ababembe byo muri teritware ya Mwenga, kuko mu minsi ibiri ishyize bafashe kuri zone yiyi teritware.

Tags: AFCJoseph KabilaKomekaU Rwanda
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Ibyagarutsweho mu nama idasanzwe ya SADC yize ku bya RDC.

Ibyagarutsweho mu nama idasanzwe ya SADC yize ku bya RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?