• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Barashaka ku bwomeka ku Rwanda,” ibyavuzwe na Jean Pierre Bemba.

minebwenews by minebwenews
March 7, 2025
in Regional Politics
0
Barashaka ku bwomeka ku Rwanda,” ibyavuzwe na Jean Pierre Bemba.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Barashaka ku bwomeka ku Rwanda,” ibyavuzwe na Jean Pierre Bemba.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Minisitiri w’ubwikorezi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba Gombo, yashinje uwahoze ari perezida wa Congo, Joseph Kabila Kabange, kuba ari we watangije umutwe wa m23 n’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo.

Ni munama yabereye i Kikwit, aho yari igamije gukangurira urubyiruko rw’Abanye-Kongo kujya mu gisirikare kugira ngo barengere igihugu cyabo.

Jean Pierre Bemba ari imbere y’imbaga y’abantu ibibumbi n’ibihumbi, yavuze ko afite ibimenyetso simusiga bigaragaza ko Joseph Kabila ari we uri inyuma y’inyeshyamba za Mobondo, zirwanira mu majy’epfo ya Kinshasa mu cyahoze ari Grand-Bandundu, cyane cyane i Maï-Ndombe, Kwilu, Kwango, Kongo Central no mu bindi bice byo muri Kinshasa.

Yavuze kandi ko afite ibimenyetso byuko Joseph Kabila ashigikiye AFC na m23, ndetse ko atari ugushyihikira gusa, ko ahubwo ari we washyinze iyo mitwe, ngo bikaba biri mubyatumye ahunga igihugu anyuze i Lubumbashi, ava mu karere anyuze muri Zambia.

Avuga ko m23/AFC byashyinzwe kugira basubiremo ibikorwa byakoreshejwe mu myaka ya 1996-1997, aho bateguye gusahura amabuye y’agaciro manini cyane cyane mu Burasizuba bw’iki gihugu no kuhomeka ku Rwanda.

Yagize ati: “Barashaka komeka igihugu cyacu ku Rwanda. None rero, basore nkunda, mukangukire kurengera igihugu cyacu.”

Ubwo kandi perezida Felix Tshisekedi yari aheruka i Davos mu Busuwisi, yashinje Joseph Kabila kuba ari we bwonko bwa m23.

Ibyo Ferdinand Kambere, umunyamabanga Nshingwabikorwa wa PPRD, yamaganiye kure, avuga ko amagambo y’umukuru w’igihugu yerekanye ko yabuze icyo gukora kandi adashoboye mu gihe umutekano wifashe nabi mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Ibyo bikomeje kuvugwa mu gihe m23 yo ikomeje kwagura ibirindiro byayo, nyuma y’aho ifashe umujyi wa Goma na Bukavu iheruka kwigarurira mu kwezi gushyize.

Kuri ubu uyu mutwe ugeze mu bice bituwe cyane n’Ababembe byo muri teritware ya Mwenga, kuko mu minsi ibiri ishyize bafashe kuri zone yiyi teritware.

Tags: AFCJoseph KabilaKomekaU Rwanda
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Ibyagarutsweho mu nama idasanzwe ya SADC yize ku bya RDC.

Ibyagarutsweho mu nama idasanzwe ya SADC yize ku bya RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?