• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bibogobogo, inama yahuje ingabo z’u Burundi n’abaturage yavugiwemo amagambo akakaye.

minebwenews by minebwenews
November 1, 2024
in Regional Politics
0
Bibogobogo, inama yahuje ingabo z’u Burundi n’abaturage yavugiwemo amagambo akakaye.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bibogobogo, inama yahuje ingabo z’u Burundi n’abaturage yavugiwemo amagambo akakaye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

None ku wa gatanu tariki ya 01/11/2024, mu Bibogobogo habereye ibiganiro byahuje ingabo z’u Burundi n’abaturage bo mu Bibogobogo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, maze abaturage basabwa kwitandukanya na Red-Tabara ngo kuko ifashwa n’u Rwanda nk’uko ingabo z’u Burundi zabivuze.

Ni nama yabereye mu muhana wa Bakomite ho muri Bibogobogo, ikaba yatangiye igihe c’isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu.

Ku ruhande rw’abaturage hitabiriye abarimo Chef Ngirumukiza ari nawe wakiriye iyi nama, mu gihe ku ruhande rw’ingabo z’u Burundi harimo n’abasirikare ba FARDC.

Ubwo umuyobozi w’ingabo z’u Burundi yafataga ijambo muri iyi nama yagaragaje ko Red-Tabara ari inyeshamba zirwanya Leta y’u Burundi, kandi ko zifashwa n’u Rwanda, ariko ibi u Rwanda rwagiye rubihakana inshuro nyinshi, hubwo rukavuga ko ntaho ruhuriye n’abarwanyi bo muri uwo mutwe bakomoka mu gihugu cy’u Burundi.

Yavuze ko izi nyeshamba zibarizwa mu misozi miremire y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bityo asaba Abanyamulenge kutagira ubusabane ubwaribwo bwose n’izo nyeshamba kandi ko mu gihe ubwo bufatanye bwagaragaye, Abanyamulenge bazahura na kaga.

Ku ruhande rw’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge basobanuye ko ntaho Umunyamulenge ahuriye na Red-Tabara kandi ko uyu mutwe uri mubabasenyeye mu bice byinshi by’i Mulenge.

Ni mu gihe uyu mutwe, mu myaka ibiri ishize, wafatanyije na Maï Maï mu gusenyera Abanyamulenge ba Rurambo, i Ndondo ya Bijombo, Minembwe na Mibunda.

Ibi biganiro byaberaga mu Bibogobogo, byamaze umwanya ungana na masaha abiri.
Mu kurangiza ibi biganiro, abasirikare b’u Burundi na FARDC basezeranyije abaturage ko bagiye gukomeza gukurikirana ibi bera muri aka gace ku bijanye n’umutekano, ndetse banaseranya ko bazongera kuhagaruka bidatinze.

Nyuma aba basirikare bongeye gusubira i Baraka kuko niho n’ubundi bari baturutse, nk’uko twabitangaje mu nk’uru zatanzwe igitondo cyo kuri uyu wa gatanu.

Tags: BibogobogoInamaIngabo z'u Burundi
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Gen Muhoozi yagiranye ibiganiro n’umugaba w’ingabo za RDC.

Gen Muhoozi yagiranye ibiganiro n'umugaba w'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?