• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bibogobogo, inama yahuje ingabo z’u Burundi n’abaturage yavugiwemo amagambo akakaye.

minebwenews by minebwenews
November 1, 2024
in Regional Politics
0
Bibogobogo, inama yahuje ingabo z’u Burundi n’abaturage yavugiwemo amagambo akakaye.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bibogobogo, inama yahuje ingabo z’u Burundi n’abaturage yavugiwemo amagambo akakaye.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

None ku wa gatanu tariki ya 01/11/2024, mu Bibogobogo habereye ibiganiro byahuje ingabo z’u Burundi n’abaturage bo mu Bibogobogo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, maze abaturage basabwa kwitandukanya na Red-Tabara ngo kuko ifashwa n’u Rwanda nk’uko ingabo z’u Burundi zabivuze.

Ni nama yabereye mu muhana wa Bakomite ho muri Bibogobogo, ikaba yatangiye igihe c’isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu.

Ku ruhande rw’abaturage hitabiriye abarimo Chef Ngirumukiza ari nawe wakiriye iyi nama, mu gihe ku ruhande rw’ingabo z’u Burundi harimo n’abasirikare ba FARDC.

Ubwo umuyobozi w’ingabo z’u Burundi yafataga ijambo muri iyi nama yagaragaje ko Red-Tabara ari inyeshamba zirwanya Leta y’u Burundi, kandi ko zifashwa n’u Rwanda, ariko ibi u Rwanda rwagiye rubihakana inshuro nyinshi, hubwo rukavuga ko ntaho ruhuriye n’abarwanyi bo muri uwo mutwe bakomoka mu gihugu cy’u Burundi.

Yavuze ko izi nyeshamba zibarizwa mu misozi miremire y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bityo asaba Abanyamulenge kutagira ubusabane ubwaribwo bwose n’izo nyeshamba kandi ko mu gihe ubwo bufatanye bwagaragaye, Abanyamulenge bazahura na kaga.

Ku ruhande rw’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge basobanuye ko ntaho Umunyamulenge ahuriye na Red-Tabara kandi ko uyu mutwe uri mubabasenyeye mu bice byinshi by’i Mulenge.

Ni mu gihe uyu mutwe, mu myaka ibiri ishize, wafatanyije na Maï Maï mu gusenyera Abanyamulenge ba Rurambo, i Ndondo ya Bijombo, Minembwe na Mibunda.

Ibi biganiro byaberaga mu Bibogobogo, byamaze umwanya ungana na masaha abiri.
Mu kurangiza ibi biganiro, abasirikare b’u Burundi na FARDC basezeranyije abaturage ko bagiye gukomeza gukurikirana ibi bera muri aka gace ku bijanye n’umutekano, ndetse banaseranya ko bazongera kuhagaruka bidatinze.

Nyuma aba basirikare bongeye gusubira i Baraka kuko niho n’ubundi bari baturutse, nk’uko twabitangaje mu nk’uru zatanzwe igitondo cyo kuri uyu wa gatanu.

Tags: BibogobogoInamaIngabo z'u Burundi
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Gen Muhoozi yagiranye ibiganiro n’umugaba w’ingabo za RDC.

Gen Muhoozi yagiranye ibiganiro n'umugaba w'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?