
Bidasanzwe Président Félix Antoine Tshisekedi, wa Republika iharanira democrasi ya Congo, yisubiyeho kumugambo yavuze ubwo yasuraga intara ya Ituri mumwaka wa 2021.
Namakuru ageze kuri Minembwe Capital News, none tariki 17.03.2023 na Saa 10:17, tukaba tuyakesha RFI.
Mukiganiro Président Félix Antoine Tshisekedi, aheruka kugirana nabahagarariye intara ya Grande Orientale (Haut-Uele, Bas-Uele, Ituri na Tshopo), tariki 15.03.2023, iki kiganiro cavuga ga kumutekano wo muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo cane muntara ya Kivu Yaruguru na Ituri, aha Tshisekedi yasobanuye ko ibihe bidasanzwe Kivu Yaruguru na Ituri bimaze mo imyaka irenga itatu atariwe wabitekerejeho bwambere .
Yagize ati: “Iki nigitekerezo caturutse mubatuye muri Ituri, nagiye gusura abavandimwe banjye kandi nibo bampaye ibitekerezo.”
Byagaragara ga ko Tshisekedi yariyizeye neza ko gushiraho abayobozi babasirikare kuba ba Governors bari guhita bagarura umutekano mwiza murizintara.
Kuba ntacizere akibifitiye biri mubyatumye Lt Gen Ndima Constant asubizwa inshingano ze zo kuyobora ibikorwa by’igisirikare muntara ya Kivu Yaruguru.
Igihe abitangaje ko izintara zibiri zinjiye mubihe bidasanzwe hari tariki 06.05.2021, ashiraho abayobozi bagisirikare batsimbura byagateganyo abagisivile.
Lt Gen Ndima Constant, yagizwe Governor w’intara Ya Kivu Yaruguru naho Lt Gen Luboya Nkashama agigwa Governor w’intara ya Ituri.
Andi Makuru agera kuri Minembwe Capital News, ikesha bamwe mungabo za Fardc nuko bahawe itegeko na Gen uyoboye intara ya Kivu Yaruguru ngonti bakongere kwita Mai Mai izina rya Maimai bakaba bahinduriwe irindi zina ngo “Réserviste.” Ikindi nuko bagiye kubakorera contrôle bamenye umubari wabo neza ibi akaba aritegeko rya President Félix Tshisekedi.
Igihe Gen Ndima, yabisobanuraga yagize ati : “Hariho article ibivuga kwabaturage bemerewe kwigwanirira nokugwanirira igihugu cyabo avuga ko biri muri article ya 63 na 163.





Noneho dukurikijd iyi article y’a 63 na 163 twirwaneho iremewe