• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Bidasanzwe Tshisekedi Yihakanye Ibyo Yavugiye Ituri Ariko Atanga Itegeko Ko MaïMaï Ihindurirwa Izina.

minebwenews by minebwenews
March 17, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe Président Félix Antoine Tshisekedi, wa Republika iharanira democrasi ya Congo, yisubiyeho kumugambo yavuze ubwo yasuraga intara ya Ituri mumwaka wa 2021.

Namakuru ageze kuri Minembwe Capital News, none tariki 17.03.2023 na Saa 10:17, tukaba tuyakesha RFI.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Mukiganiro Président Félix Antoine Tshisekedi, aheruka kugirana nabahagarariye intara ya Grande Orientale (Haut-Uele, Bas-Uele, Ituri na Tshopo), tariki 15.03.2023, iki kiganiro cavuga ga kumutekano wo muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo cane muntara ya Kivu Yaruguru na Ituri, aha Tshisekedi yasobanuye ko ibihe bidasanzwe Kivu Yaruguru na Ituri bimaze mo imyaka irenga itatu atariwe wabitekerejeho bwambere .

Yagize ati: “Iki nigitekerezo caturutse mubatuye muri Ituri, nagiye gusura abavandimwe banjye kandi nibo bampaye ibitekerezo.”

Byagaragara ga ko Tshisekedi yariyizeye neza ko gushiraho abayobozi babasirikare kuba ba Governors bari guhita bagarura umutekano mwiza murizintara.

Kuba ntacizere akibifitiye biri mubyatumye Lt Gen Ndima Constant asubizwa inshingano ze zo kuyobora ibikorwa by’igisirikare muntara ya Kivu Yaruguru.

Igihe abitangaje ko izintara zibiri zinjiye mubihe bidasanzwe hari tariki 06.05.2021, ashiraho abayobozi bagisirikare batsimbura byagateganyo abagisivile.

Lt Gen Ndima Constant, yagizwe Governor w’intara Ya Kivu Yaruguru naho Lt Gen Luboya Nkashama agigwa Governor w’intara ya Ituri.

Andi Makuru agera kuri Minembwe Capital News, ikesha bamwe mungabo za Fardc nuko bahawe itegeko na Gen uyoboye intara ya Kivu Yaruguru ngonti bakongere kwita Mai Mai izina rya Maimai bakaba bahinduriwe irindi zina ngo “Réserviste.” Ikindi nuko bagiye kubakorera contrôle bamenye umubari wabo neza ibi akaba aritegeko rya President Félix Tshisekedi.

Igihe Gen Ndima, yabisobanuraga yagize ati : “Hariho article ibivuga kwabaturage bemerewe kwigwanirira nokugwanirira igihugu cyabo avuga ko biri muri article ya 63 na 163.

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

By Acclamation Gianni Infantino Wins Next 4 Year FIFA Presidency Position.

Comments 1

  1. Ngarukiye nkingi says:
    3 years ago

    Noneho dukurikijd iyi article y’a 63 na 163 twirwaneho iremewe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu
  • Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu
  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?