• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasubirwaho agace kari muri Goma FARDC yarisigayemo M23 yakabambuye.

minebwenews by minebwenews
January 27, 2025
in Regional Politics
0
Agezweho y’urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho agace kari muri Goma FARDC yarisigayemo M23 yakabambuye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, umutwe wa M23 wa wigaruriye nyuma y’uko ufashe n’agace ka Gituku kari gasigayemo ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa muri uyu mujyi wa Goma.

Ahagana isaha z’urukerera rwo kuri uyu wa mbere tariki ya 27/01/2025 ni bwo umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, yemeje ifatwa ry’uyu mujyi wa Goma.

Yagize ati: “Turasaba abatuye i Goma gutekana. Kubohora uyu mujyi byarangiye rwose, kandi ubu ibintu biri ku murongo mwiza.”

Kanyuka kandi yasabye n’abasirikare ba FARDC kurambika intwaro hasi, kandi bakazishyikiriza ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO).

Ikindi Kanyuka yategetse abasirikare ba FARDC ni uko bihuriza hamwe bakaja muri Stade de l’unite iherereye i Goma mbere ya saa kenda z’urukerera, abamenyesha ko nyuma y’iki gihe ntarengwa, abarwanyi babo bari bube bagenzuye uyu mujyi wose.

Ingabo za Uruguay ziri mu butumwa bw’amahoro bwa LONI zatangaje ko guhera mu masaha y’ijoro, zakiriye abasirikare benshi ba RDC bahunze M23.

Uyu mutwe wa M23 wahagaritse by’agateganyo ibikorwa mu kiyaga cya Kivu na Albert, kugeza ubwo izasoherera irindi tangazo ribisubukura.

Uyu mutwe ufashe Goma nyuma y’iminsi ibiri uhaye ingabo za RDC amasaha 48 yo kuba zarambitse imbunda zabo hasi, mu rwego rwo kwirinda guhindura uyu mujyi ikibuga cy’imirwano.

Ibyo bibaye mu gihe ingabo z’umuryango w’Abibumbye, MONUSCO, iza Afrika y’Amajy’epfo, SAMIDRC, zahoraga zifasha iza RDC kurinda umujyi wa Goma zari zimaze gukuramo akabo karenge, nyuma y’uko M23 yarimaze kubarusha imbaraga.

Tags: GomaM23
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Muri Afrika y’Epfo umuryane uruvuza ubuhuha ku ntambara iri i Goma muri RDC.

Muri Afrika y'Epfo umuryane uruvuza ubuhuha ku ntambara iri i Goma muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?