Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasubirwaho agace kari muri Goma FARDC yarisigayemo M23 yakabambuye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 27, 2025
in Regional Politics
0
Agezweho y’urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho agace kari muri Goma FARDC yarisigayemo M23 yakabambuye.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, umutwe wa M23 wa wigaruriye nyuma y’uko ufashe n’agace ka Gituku kari gasigayemo ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa muri uyu mujyi wa Goma.

Ahagana isaha z’urukerera rwo kuri uyu wa mbere tariki ya 27/01/2025 ni bwo umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, yemeje ifatwa ry’uyu mujyi wa Goma.

Yagize ati: “Turasaba abatuye i Goma gutekana. Kubohora uyu mujyi byarangiye rwose, kandi ubu ibintu biri ku murongo mwiza.”

Kanyuka kandi yasabye n’abasirikare ba FARDC kurambika intwaro hasi, kandi bakazishyikiriza ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO).

Ikindi Kanyuka yategetse abasirikare ba FARDC ni uko bihuriza hamwe bakaja muri Stade de l’unite iherereye i Goma mbere ya saa kenda z’urukerera, abamenyesha ko nyuma y’iki gihe ntarengwa, abarwanyi babo bari bube bagenzuye uyu mujyi wose.

Ingabo za Uruguay ziri mu butumwa bw’amahoro bwa LONI zatangaje ko guhera mu masaha y’ijoro, zakiriye abasirikare benshi ba RDC bahunze M23.

Uyu mutwe wa M23 wahagaritse by’agateganyo ibikorwa mu kiyaga cya Kivu na Albert, kugeza ubwo izasoherera irindi tangazo ribisubukura.

Uyu mutwe ufashe Goma nyuma y’iminsi ibiri uhaye ingabo za RDC amasaha 48 yo kuba zarambitse imbunda zabo hasi, mu rwego rwo kwirinda guhindura uyu mujyi ikibuga cy’imirwano.

Ibyo bibaye mu gihe ingabo z’umuryango w’Abibumbye, MONUSCO, iza Afrika y’Amajy’epfo, SAMIDRC, zahoraga zifasha iza RDC kurinda umujyi wa Goma zari zimaze gukuramo akabo karenge, nyuma y’uko M23 yarimaze kubarusha imbaraga.

Tags: GomaM23
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Muri Afrika y’Epfo umuryane uruvuza ubuhuha ku ntambara iri i Goma muri RDC.

Muri Afrika y'Epfo umuryane uruvuza ubuhuha ku ntambara iri i Goma muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?