• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri Afrika y’Epfo umuryane uruvuza ubuhuha ku ntambara iri i Goma muri RDC.

minebwenews by minebwenews
January 27, 2025
in Regional Politics
0
Muri Afrika y’Epfo umuryane uruvuza ubuhuha ku ntambara iri i Goma muri RDC.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Afrika y’Epfo umuryane uruvuza ubuhuha ku ntambara iri i Goma muri RDC.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Igisirikare cya Afrika y’Epfo (SANDF) cyemeje abasirikare babo baguye mu ntambara iri kubera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru aho umutwe wa M23 uhanganye n’ihuriro ry’ingabo za Congo, ribarizwamo n’izo ngabo za Afrika y’Epfo, bituma mu gihugu cyabo bizana umuryane.

Ku mu goroba w’ahar’ejo tariki ya 26/01/2025, ni bwo igisirikare cya Afrika y’Epfo cyemeje abasirikare babo icyenda baguye mu mirwano. Kandi kigaragaza ko abo basirikare baguye mu mirwano yaberaga mu nkengero z’umujyi wa Goma. Ubwo umutwe wa M23 wasatiraga gufata umujyi wa Goma.

Ubwo ingabo za Afrika y’Epfo zigera kuri 3.000 zoherezwaga mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, na bwo byari byabanje kunengwa cyane mu baturage b’iki gihugu cya Afrika y’Epfo, ndetse kandi binengwa n’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi, bakavuga ko ingabo z’iki gihugu zidafite ibikoresho bihagije bijyanye n’igihe Isi igezemo.

Uku kunenga byongeye kugaruka cyane kuri iki Cyumweru tariki ya 26/01/2025. Ishyaka Democratic Alliance (Ad) ribarizwa muri Guverinoma y’ubumwe bw’igihugu, ariko ritemera politiki y’igisikare cy’iki gihugu, ryamaganye ingengo y’imari, rigasobanura ko bituma abasirikare batabona imyitozo ihagije ndetse kandi ko iki gisirikare gikoresha ibikoresho bishaje gusa. Rigasaba ko iki gihugu cyavana ingabo zabo muri RDC.

Ihuriro ry’Ingabo za SANDU naryo ryamaganye mu itangazo rigenewe Abanyamakuru kuba nta mucyo uva mu gisirikare ku bijyanye n’ibibazo n’igihombo iki gisirikare cyagiriye ku butaka bwa Congo, ahabera intambara ya Congo n’umutwe wa M23. Kutubaha abasirikare bapfiriye ku rugamba nk’uko babivuga, ngo bikaba bishyira icyaha ku cyizere igisirikare cyabo gifitiwe.

Tags: Afrika y'EpfoGomaRdc
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Icyo abasirikare ba RDC bahungiye mu Rwanda bari kuvuga.

Icyo abasirikare ba RDC bahungiye mu Rwanda bari kuvuga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?