• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

minebwenews by minebwenews
July 11, 2025
in Regional Politics
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro biri kubera i Doha.

You might also like

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

Ibiganiro by’imishyikorano biri kubera i Doha muri Qatar byahuriyemo Leta ya Congo n’umutwe wa AFC/M23, biravugwa ko uru ruhande rwa M23 mu byo ruri gusaba harimo ko rwemererwa kuyobora intara za Kivu zombi iy’Amajyaruguru n’iy’Amajy’epfo mu gihe cy’imyaka umunani.

Tariki ya 10/07/2025, ni bwo intumwa za AFC/M23 n’iza Leta y’i Kinshasa zageze i Doha mu biganiro.

Umwe muri izi ntumwa za Congo uri i Doha yabwiye ibitangazamakuru byo muri iki gihugu cyabo ko mubyo AFC/M23 isaba, harimo ko yemererwa kugenzure Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo, ngo kandi ikaziyobora mu gihe cy’imyaka umunani.

Yagize ati: “Barasaba kuyobora Kivu zombi, ni cyo bashyize imbere kurusha ibindi. Barasaba guhabwa igenzura ryuzuye ku mutekano, ubuyobozi n’ubukungu muri izi ntara zombi zingenzi, mu myaka umunani.”

Gusa Leta ya Congo ntibikozwa ibyo kuba AFC/M23 yayobora izo ntara, kuko ngo isanga ari uguha urwaho umugambi wo gucamo RDC ibice(balkanisation ). Ndetse kandi izi ntumwa zikavuga ko umugambi wo gucamo iki gihugu umaze igihe utegurwa n’abarimo uyu mutwe, bityo Kinshasa ikavuga ko atari byo kwihutirwa ngo kuko ni nko kurenga umurongo utukura.

Iyi ngingo y’uko AFC/M23 yahabwa kugenzure Kivu zombi yavuzwe mu biganiro by’i Doha, mu gihe n’ubundi hashize igihe AFC/M23 iyoboye ziriya ntara hafi ibice byazo byose, aho kandi yanazishyizemo ubuyobozi buzigenzura.

Ibi biganiro by’i Doha bishigikiwe na Amerika, umuryongo w’ubumwe bwa Afrika ndetse kandi na CENCO na ECC.

Bigamije ahanini gushakira amahoro n’umutekano mu burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Binagamije kandi kubuza Leta ya Congo guhagarika ubufasha ubwo ari bwo bwose iha imitwe yitwaje imbunda.

Impande zombi zikaba zinasabwa kw’ubahiriza itegeko nshinga ry’iki gihugu, ingingo za demokarasi, no kubahiriza uburenganzira bw’ikiremwamuntu no guhagarika gukoresha ubutabera ukutariko.

Kurwanya ruswa, gushyiraho ubutegetsi bukomeye no kubahiriza manda zemewe n’itegeko nshinga.

Tags: AFC/m23Ibiganiro by'i Doha
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru.

by minebwenews
August 29, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru.

U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru. Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo byahuriye mu biganiro muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails
Next Post
Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?