• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

minebwenews by minebwenews
June 28, 2025
in Regional Politics
0
Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ni umwe mu bagabo n’abakuru b’ibihugu bo muri iki gihe ku mugabane wa Afrika no hanze yawo, bashimwa kandi bazwiho imiyoborere myiza ku gihugu cye, ikiganisha ku ntego, ndetse akitwa Umunyabwenge udasanzwe.

Ibi nibyo MCN yakusanyije, aho yabikuye mu kiganiro yagiranye na Bravo uri mubakunzi b’iki gitangazamakuru. Iki kiganiro twakigiranye na we biciye kuri telefone mu minsi mike ishize.

Bravo uri mu bakunzi ba MCN(Minembwe Capital News) kuva intambara zubura i Mulenge mu mwaka wa 2017, yavuze ko impamvu uyu mukuru w’igihugu cy’u Rwanda afatwa “nk’Umunyabwenge mu ntambara no mu bikorwa byo kuyobora igihugu, ari uko icyo yerekejemo cyose agikora abikuye ku mutima wo gukunda igihugu cye u Rwanda.”

Yongeye ati: “Kagame igituma yitwa Umunyabwenge ni uko agira [ubushishozi] muri politiki iyariyo yose. Agira intego ndende, mu mahoro no mu buzima bwiza ku baturage be.”

Yakomeje agira ati: “Muri we mubonamo ubushobozi bwo gutora umuti waburi kibazo kandi akawubona mu buryo bwihuse. Mu bihe by’intambara zizwiho kuba yaraziyoboye zo kubohoza u Rwanda na nyuma yo kurobohoza yaranzwe no gufata ibyemezo bidahutaza abanyagihugu be, kandi akabikora anyuze mu nzira y’ amahoro.”

Sibyo gusa kuko kandi Bravo yavuze ko perezida w’u Rwanda yubaha amategeko n’ubutabera, ati: Yubaha itegeko nshinga kandi ntarobanura abantu ku butoni, cyangwa ngwagire uwo avuga ko ava mu idini runaka. Ibyo yarabirenze.”

Ndetse kandi ngo afite n’ubuhanga bwo kumenya kumvisha abantu icyo yumva ko aricyo. Ngo ntabiba amacakubiri ahubwo arayarwanya akanayarandura ahereye mu mizi.

Yasoje avuga ko perezida Paul Kagame areba kure, afata ingingo zigihe kirekire zitagamije gushimisha abantu. Ibyemezo ngo byose afata bimara igihe kandi bikarushaho kuzamura ubukungu bw’iki gihugu cy’u Rwanda.

Tags: KagameRwandaUmunyabwenge uhambaye
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post
Rwongeye kwambikana bikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23.

Aka-Biroze-Bishambuke kashobotse n'ubu bari kurasana byakaze ibyabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?