Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 28, 2025
in Regional Politics
0
Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

You might also like

Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ni umwe mu bagabo n’abakuru b’ibihugu bo muri iki gihe ku mugabane wa Afrika no hanze yawo, bashimwa kandi bazwiho imiyoborere myiza ku gihugu cye, ikiganisha ku ntego, ndetse akitwa Umunyabwenge udasanzwe.

Ibi nibyo MCN yakusanyije, aho yabikuye mu kiganiro yagiranye na Bravo uri mubakunzi b’iki gitangazamakuru. Iki kiganiro twakigiranye na we biciye kuri telefone mu minsi mike ishize.

Bravo uri mu bakunzi ba MCN(Minembwe Capital News) kuva intambara zubura i Mulenge mu mwaka wa 2017, yavuze ko impamvu uyu mukuru w’igihugu cy’u Rwanda afatwa “nk’Umunyabwenge mu ntambara no mu bikorwa byo kuyobora igihugu, ari uko icyo yerekejemo cyose agikora abikuye ku mutima wo gukunda igihugu cye u Rwanda.”

Yongeye ati: “Kagame igituma yitwa Umunyabwenge ni uko agira [ubushishozi] muri politiki iyariyo yose. Agira intego ndende, mu mahoro no mu buzima bwiza ku baturage be.”

Yakomeje agira ati: “Muri we mubonamo ubushobozi bwo gutora umuti waburi kibazo kandi akawubona mu buryo bwihuse. Mu bihe by’intambara zizwiho kuba yaraziyoboye zo kubohoza u Rwanda na nyuma yo kurobohoza yaranzwe no gufata ibyemezo bidahutaza abanyagihugu be, kandi akabikora anyuze mu nzira y’ amahoro.”

Sibyo gusa kuko kandi Bravo yavuze ko perezida w’u Rwanda yubaha amategeko n’ubutabera, ati: Yubaha itegeko nshinga kandi ntarobanura abantu ku butoni, cyangwa ngwagire uwo avuga ko ava mu idini runaka. Ibyo yarabirenze.”

Ndetse kandi ngo afite n’ubuhanga bwo kumenya kumvisha abantu icyo yumva ko aricyo. Ngo ntabiba amacakubiri ahubwo arayarwanya akanayarandura ahereye mu mizi.

Yasoje avuga ko perezida Paul Kagame areba kure, afata ingingo zigihe kirekire zitagamije gushimisha abantu. Ibyemezo ngo byose afata bimara igihe kandi bikarushaho kuzamura ubukungu bw’iki gihugu cy’u Rwanda.

Tags: KagameRwandaUmunyabwenge uhambaye
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

Icyo Trump yatangaje nyuma y'isinywa ry'amasezerano y'amateka hagati ya RDC n'u Rwanda. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yatangaje ko akarere k'ibiyaga bigari gatangiye amateka...

Read moreDetails

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe. Yoweli Kaguta Museveni perezida wa Uganda yatangaje ko igihugu cye kitazemera ko...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye. Guverinoma y'u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo byasinyanye amasezerano y'amahoro aganisha ku muti w'ibibazo by'intambara mu Burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Ibyingenzi ku byisinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC, nubwo impungenge zikiri zose.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

Ibyingenzi ku byisinywa ry'amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo, nubwo impungenge zikiri zose. U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo barasinya amasezerano yo gushyiraho akadomo kanyuma...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, umuhungu wa perezida Museveni, yatumiye Abanyarwanda muri Uganda ku basura mu buryo...

Read moreDetails
Next Post
Rwongeye kwambikana bikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23.

Aka-Biroze-Bishambuke kashobotse n'ubu bari kurasana byakaze ibyabo.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?