Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bimwe mu byagaragaye kuri uyu wa Gatandatu mu Minembwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 28, 2024
in Regional Politics
0
Bimwe mu byagaragaye kuri uyu wa Gatandatu mu Minembwe.
151
SHARES
3.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bimwe mu byagaragaye kuri uyu wa Gatandatu mu Minembwe.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ituze ryongeye kugaruka muri Minembwe no mu nkengero zayo, nyuma y’aho ingabo za Congo zari zimaze iminsi zigaba ibitero mu mihana y’Abanyamulenge.

Kuva ku wa gatatu w’iki Cyumweru kugeza ahar’ejo ku wa gatanu, i mihana y’Abanyamulenge iherereye muri Komine ya Minembwe, irimo i Lundu, Lwiko, Kalingi na Runundu kuri Evomi, FARDC yayigabyemo ibitero kandi iranayisahura.

Si byo gusa kuko kandi iz’i ngabo zishe abaturage barimo n’umwana w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 16 y’amavuko witwa Florence.

Minembwe.com yamenye ko kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28/12/2024 mu nche zose za Minembwe hiriwe ituze; nta gace nakamwe kumvikanyemo urusaku rw’imbunda, haba n’utugenzirwa na FARDC.

Gusa uruhande rwa Leta ku gicamunsi cy’uyu munsi, rwashinguye imibiri y’abasirikare babo baguye muri ibyo bitero iz’i ngabo zagabye muri riya mihana y’Abanyamulenge.

Aya makuru anavuga ko ishirahamwe rya cois-rouge kwariryo ryafashaga FARDC kuja gutora intumbi zababo, mu misozi y’i Lundu, kuri Ugeafi, no muri Runundu ndetse no mu Kalingi, kuko ho mu Bisambu bigana mu Mikenke banahatoye kajolite zabo zitatu.

Kurundi ruhande, amakuru ataremezwa avuga ko iz’i ngabo zashinguye abagera kuri 80.

Hagataho FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Maï-Maï zagabye igitero ahar’ejo mu Kalingi ziturutse mu Mikenke, bivugwa ko zongeye gusubira muri ibyo bice.
Ndetse ko Maï Maï yo yasubiye mu Gipupu.

Nguko uko byiriwe mu Minembwe.

Tags: FardcMinembweTwirwaneho
Share60Tweet38Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
ADF yongeye kuri kora yica Abanye-Congo benshi.

ADF yongeye kuri kora yica Abanye-Congo benshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?