• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, June 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bimwe mu byagaragaye kuri uyu wa Gatandatu mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
December 28, 2024
in Regional Politics
0
Bimwe mu byagaragaye kuri uyu wa Gatandatu mu Minembwe.
151
SHARES
3.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bimwe mu byagaragaye kuri uyu wa Gatandatu mu Minembwe.

You might also like

RDC mu Ihurizo Rikomeye: Ubutumwa Bukomeye bw’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Ihungabana rya Politiki i Kinshasa n’Ibibazo by’Umutekano Bikomeje Kuvugisha Isi Yose

U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi

Ituze ryongeye kugaruka muri Minembwe no mu nkengero zayo, nyuma y’aho ingabo za Congo zari zimaze iminsi zigaba ibitero mu mihana y’Abanyamulenge.

Kuva ku wa gatatu w’iki Cyumweru kugeza ahar’ejo ku wa gatanu, i mihana y’Abanyamulenge iherereye muri Komine ya Minembwe, irimo i Lundu, Lwiko, Kalingi na Runundu kuri Evomi, FARDC yayigabyemo ibitero kandi iranayisahura.

Si byo gusa kuko kandi iz’i ngabo zishe abaturage barimo n’umwana w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 16 y’amavuko witwa Florence.

Minembwe.com yamenye ko kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28/12/2024 mu nche zose za Minembwe hiriwe ituze; nta gace nakamwe kumvikanyemo urusaku rw’imbunda, haba n’utugenzirwa na FARDC.

Gusa uruhande rwa Leta ku gicamunsi cy’uyu munsi, rwashinguye imibiri y’abasirikare babo baguye muri ibyo bitero iz’i ngabo zagabye muri riya mihana y’Abanyamulenge.

Aya makuru anavuga ko ishirahamwe rya cois-rouge kwariryo ryafashaga FARDC kuja gutora intumbi zababo, mu misozi y’i Lundu, kuri Ugeafi, no muri Runundu ndetse no mu Kalingi, kuko ho mu Bisambu bigana mu Mikenke banahatoye kajolite zabo zitatu.

Kurundi ruhande, amakuru ataremezwa avuga ko iz’i ngabo zashinguye abagera kuri 80.

Hagataho FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Maï-Maï zagabye igitero ahar’ejo mu Kalingi ziturutse mu Mikenke, bivugwa ko zongeye gusubira muri ibyo bice.
Ndetse ko Maï Maï yo yasubiye mu Gipupu.

Nguko uko byiriwe mu Minembwe.

Tags: FardcMinembweTwirwaneho
Share60Tweet38Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC mu Ihurizo Rikomeye: Ubutumwa Bukomeye bw’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Ihungabana rya Politiki i Kinshasa n’Ibibazo by’Umutekano Bikomeje Kuvugisha Isi Yose

by Bahanda Bruce
June 14, 2026
0
U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

RDC mu Ihurizo Rikomeye: Ubutumwa Bukomeye bw’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Ihungabana rya Politiki i Kinshasa n’Ibibazo by’Umutekano Bikomeje Kuvugisha Isi Yose Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

by Bahanda Bruce
June 14, 2026
0
U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu Guverinoma y’u Bubiligi yagaragaje impungenge zikomeye nyuma y’imyigaragambyo yabereye mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi

by Bahanda Bruce
June 13, 2026
0
Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi

Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi Mu mateka y’ubukungu bw’isi, ku nshuro ya mbere habonetse umuntu ku...

Read moreDetails

Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere

by Bahanda Bruce
June 13, 2026
0
Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere

Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere Mu gihe impaka zikomeje gufata indi ntera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku bijyanye...

Read moreDetails

Grandes manifestations à Kinshasa : déroulement, origines et lourdes implications politiques pour la RDC

by Bahanda Bruce
June 12, 2026
0
Grandes manifestations à Kinshasa : déroulement, origines et lourdes implications politiques pour la RDC

Grandes manifestations à Kinshasa : déroulement, origines et lourdes implications politiques pour la RDC La capitale de la République démocratique du Congo (RDC), Kinshasa, s’est réveillée ce vendredi...

Read moreDetails
Next Post
ADF yongeye kuri kora yica Abanye-Congo benshi.

ADF yongeye kuri kora yica Abanye-Congo benshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?