• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Birahwihwiswa ko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryageze muri Centre ya Kibirizi.

minebwenews by minebwenews
April 18, 2024
in Regional Politics
0
Birahwihwiswa ko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryageze muri Centre ya Kibirizi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Birahwihwisa ko Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zinjiye muri centre ya Kibirizi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bivugwa n’ibitangaza makuru byo muri Goma, aho kuva mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 18/04/2024, byatangiye guhwihwiswa ko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryinjiye muri Localité ya Kibirizi, muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa.

Bivuga ko iri huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zinjiye muri Kibirizi nta ntambara ibaye ngo ni mu gihe M23 yahivanye ijya mu bice bya Bwalanda no mutundi duce two muri Bwalanda.

Umwe mu banyamakuru baherereye i Goma bwana Justin Kabumba watangaje iy’i nkuru yagize ati: “Amakuru aturuka i Kibirizi avuga ko FARDC ishigikiwe na Wazalendo binjiye muri Kibirizi batarwanye, M23 yagiye i Bwelanda.”

Yakomeje agira ati: “N’ubwo biruko ibintu bikomeje kumera nabi.”

Nyuma yaya makuru Minembwe Capital News yagerageje kubaza bamwe mu barwanyi ba M23 ntibagira icyo basubiza, gusa umwe yatanze ubutumwa bwanditse agira ati: “Murabimenyeshwa nyuma.”

Ay’a makuru ntacyo ubuyobozi bwa M23 buragira icyo bubivugaho.

Localite ya Kibirizi igize igihe igenzurwa n’Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23) kuva mu mpera z’u kwezi kwa Kabiri kuyu mwaka.

Ibyo bibaye mu gihe ku munsi w’ejo hashize habaye imirwano ikaze muri gurupema ya Matanda aho yasize M23 y’igaruriye ibice byinshi byo muriyo Grupema harimo na centre ya Matanda nyirizina.

Ku rundi ruhande umujyi wa Goma hari ubwoba budasanzwe nyuma y’uko leta ya Kinshasa imenyeshejwe ko M23 igiye kwigarurira uwo mujyi. Ibyo ba bimenyeshejwe n’abamwe mu bategetsi ba AFC(ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare).

         MCN.
Tags: BirahwihwisaIhuriro ry'Ingabo za RDCKibirizi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo muri Kampala.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y'uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo muri Kampala.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?