Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Birahwihwiswa ko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryageze muri Centre ya Kibirizi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 18, 2024
in Regional Politics
0
Birahwihwiswa ko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryageze muri Centre ya Kibirizi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Birahwihwisa ko Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zinjiye muri centre ya Kibirizi.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni bivugwa n’ibitangaza makuru byo muri Goma, aho kuva mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 18/04/2024, byatangiye guhwihwiswa ko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryinjiye muri Localité ya Kibirizi, muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa.

Bivuga ko iri huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zinjiye muri Kibirizi nta ntambara ibaye ngo ni mu gihe M23 yahivanye ijya mu bice bya Bwalanda no mutundi duce two muri Bwalanda.

Umwe mu banyamakuru baherereye i Goma bwana Justin Kabumba watangaje iy’i nkuru yagize ati: “Amakuru aturuka i Kibirizi avuga ko FARDC ishigikiwe na Wazalendo binjiye muri Kibirizi batarwanye, M23 yagiye i Bwelanda.”

Yakomeje agira ati: “N’ubwo biruko ibintu bikomeje kumera nabi.”

Nyuma yaya makuru Minembwe Capital News yagerageje kubaza bamwe mu barwanyi ba M23 ntibagira icyo basubiza, gusa umwe yatanze ubutumwa bwanditse agira ati: “Murabimenyeshwa nyuma.”

Ay’a makuru ntacyo ubuyobozi bwa M23 buragira icyo bubivugaho.

Localite ya Kibirizi igize igihe igenzurwa n’Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23) kuva mu mpera z’u kwezi kwa Kabiri kuyu mwaka.

Ibyo bibaye mu gihe ku munsi w’ejo hashize habaye imirwano ikaze muri gurupema ya Matanda aho yasize M23 y’igaruriye ibice byinshi byo muriyo Grupema harimo na centre ya Matanda nyirizina.

Ku rundi ruhande umujyi wa Goma hari ubwoba budasanzwe nyuma y’uko leta ya Kinshasa imenyeshejwe ko M23 igiye kwigarurira uwo mujyi. Ibyo ba bimenyeshejwe n’abamwe mu bategetsi ba AFC(ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare).

         MCN.
Tags: BirahwihwisaIhuriro ry'Ingabo za RDCKibirizi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo muri Kampala.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y'uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo muri Kampala.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?