• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo muri Kampala.

minebwenews by minebwenews
April 18, 2024
in World News
0
Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo muri Kampala.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo mu mujyi wa Kampala.

You might also like

Amakuru avugwa hagati ya Iran na Amerika ku makimbirane ya politiki n’umutekano n’ibivugwa ku ihindagurika ry’ibihe by’ikirere

Agahenge Gatunguranye Gakomeje Guteza Impaka ku Cyerekezo cy’Intambara n’Amahoro Hagati ya Amerika na Iran

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

Ni umubano byavuzwe ko uzaba ku wa Gatanu tariki ya 19/04/2024, nk’uko ishirahamwe ry’abacuruzi bo mu mujyi wa Kampala rizwi nka KASITA ryemeza ay’a makuru.

Rivuga ko imyigaragambyo abacuruzi bakoze mu minsi icumi nine yatanze umusaruro, ngo kuko umukuru w’igihugu cya Uganda yemeye kumva ibyo abacuruzi bifuza.

Iy’i myigaragabyo ikaba yarakozwe n’abacuruzi b’i kampala no mu tundi duce two muturere turi mu nkengero z’uyu mujyi wa Kamala.

Yari imyigaragambyo igamije kwa magana ishirwa mubikorwa ry’umusoro wiswe EFRIS. Abari muri iyo myigaragabyo basabaga ko mbere y’uko leta itangira gutangisha uwo musoro perezida Yoweli Kaguta Museveni yabanza agaha abacuruzi umubonano.

Perezida Kaguta yemeye uyu mubonano mu gihe minisitiri w’i Gihugu, bwana Kabuye Kyofatogabye, we yari ashishikaye mu kumvisa abacuruzi kumvira leta ndetse no kuganira nayo mu rwego rwo kugira ngo iyo myigaragabyo ibashye guhagarara. Ariko abacuruzi nabo bamweretse ko icyo bifuza aruko perezida yobaha umubonano, ko ndetse igihe atowubaha bohagarika ibikorwa by’u bucuruzi.

Umusoro wa EFRIS ni uburyo bwashizweho n’ikigo gishinzwe kwinjiza imisoro mu gihugu kugira ngo igihugu kirusheho gukomeza kugira iterambere rinoze.

Ikaba ari sisitemu ikurikirana ibikorwa mu gihugu mu gihe cyanyacyo, harimo ku bahiriza imisoro ku buryo hataba kubangamirana hagati ya bakoresha n’abacuruzi.

Leta ikavuga ko abaturage bumvise nabi EFRIS bityo bakayita umusoro mushya, ari ko nano ne kandi leta ikanasobanura ko hari abandi baturage bayumvise bakabona ko ari gahunda izagora kwishura imisoro.

Kuri ubu abacuruzi bari kuvuga ko i Nama iri imbere na perezida wa Uganda ifite akamaro ku bacuruzi no ku gihugu.

                  MCN.
Tags: ImyigaragambyoKampalaPerezida Yoweli Kaguta Museveni
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakuru avugwa hagati ya Iran na Amerika ku makimbirane ya politiki n’umutekano n’ibivugwa ku ihindagurika ry’ibihe by’ikirere

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Amakuru avugwa hagati ya Iran na Amerika ku makimbirane ya politiki n’umutekano n’ibivugwa ku ihindagurika ry’ibihe by’ikirere

Amakuru avugwa hagati ya Iran na Amerika ku makimbirane ya politiki n’umutekano n’ibivugwa ku ihindagurika ry’ibihe by’ikirere Amakuru ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko nyuma y’uko Iran...

Read moreDetails

Agahenge Gatunguranye Gakomeje Guteza Impaka ku Cyerekezo cy’Intambara n’Amahoro Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Agahenge Gatunguranye Gakomeje Guteza Impaka ku Cyerekezo cy’Intambara n’Amahoro Hagati ya Amerika na Iran

Agahenge Gatunguranye Gakomeje Guteza Impaka ku Cyerekezo cy’Intambara n’Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Mu gihe umubano wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran umaze igihe urangwa...

Read moreDetails

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

by Bahanda Bruce
April 22, 2026
0
Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika Mu murwa mukuru wa Iran, Tehran, Leta y’iki gihugu yongeye kwerekana imbaraga zayo...

Read moreDetails

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye Mu gihe umubano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje kujya mu kangaratete,...

Read moreDetails

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails
Next Post
Abaturiye umujyi wa Kigali, mu gihugu cy’u Rwanda, basabwe kutanduza imihanda.

Abaturiye umujyi wa Kigali, mu gihugu cy'u Rwanda, basabwe kutanduza imihanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?