• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 27, 2025
in Regional Politics
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

You might also like

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Perezida w’umutwe wa M23 akaba n’umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ukomeje kumenesha Abanyamulenge, amugaragariza ko na tabyitondamo bitazamugwa neza.

Yabigarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru i Goma, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uyu muyobozi yagaragaje ibiri kubera mu Minembwe no mu nkengero zayo, avuga ko umutekano waho utifashe neza.

Yerekanye ko umutekano wo muri biriya bice uburyo ugenda uzamba bigirwamo uruhare n’ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo.

Ni mu gihe iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ryafungiye abantu muri Minembwe kuburyo ntawuvayo ngwabe ya simbukira ahandi.

Yagize ati: “Umuntu ntashobora no kujya gushaka isabune, umunyu, n’ibindi. Ingabo z’u Burundi kwirukana Abanyamulenge ku butaka bwabo, aho bavukiye, bigiye, ubu ni Abanyamahanga, u Burundi bufatanyije n’ingabo za Leta y’i Kinshasa buri kubasaba kuva ku butaka bw’abasekuruza.”

Yakomeje avuga ko iyo myitwarire yibutsa ibyabaye mu 1996, ubwo umwe mu bayobozi ba RDC yitwaga Zaïre na bwo yabwiye Abanyamulenge ko bagomba kuzinga utwangushye bakava ku butaka bwa RDC.

Anavuga ko ibyo ari byo byatumye uwari guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo, Lwabanji Lwasi, aha Abanyamulenge iminsi ntarengwa{6} yo kuba bavuye muri iki gihugu.

Icyo gihe ni bwo urugamba rwo kubohora RDC rwatangiye.

Bisimwa yavuze ko barwanye kumpamvu z’uko bameneshejwe mu gihugu cyabo. Yanagaragaje kandi ko biteye agahinda, kubona Abarundi bari guhambiriza Abanye-Congo kuva ku butaka bwabo, abasaba ko bakwiye kwibwiriza bagasubira iwabo ku neza.

Yavuze kandi ko nta bibazo bafitanye n’abaturage b’i Burundi, bityo bakwiye kubavira mu gihugu cyabo, inzira zikiri nyabagendwa.

Yasoje anenga bikomeye perezida w’u Burundi, avuga ko ahora arajwe inshinga no kwivanga mu bya Banye-Congo, ashimangira ko ibyo ari gukora ari uguteranya Abarundi n’aba baturage ba RDC.

Ati: “Ibi bizamukoraho mu bihe bizaza. Turasaba ingabo z’u Burundi zaciye ingando ku misozi ya Minembwe kuyivaho, zikajya iwabo. Ni batabikora ku neza tuzabasubiza yo ku nabi. Kuko Abanyamulenge bagomba kuba mu byabo amahoro.”

Tags: AbanyamulengeIngabo z'u BurundiKumeneshwa
Share43Tweet27Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

Uduce turenga kamwe AFC/M23 yatubohoje muri Lubero

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?