• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bitunguranye, RDC yitandukanyije n’ibyarimo biyihuza na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

minebwenews by minebwenews
April 8, 2025
in Regional Politics
0
America has made a commitment to resolving the on going conflicts in the Eastern part of the DRC.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bitunguranye, RDC yitandukanyije n’ibyarimo biyihuza na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Repubulika ya demokarasi ya Congo yahagaritse ubufatanye n’abayihuzaga na Leta Zunze ubumwe z’Amerika mu biganiro byerekeye ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro n’itunganywa ry’ayo mabuye y’agaciro.

Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka 2025, ni bwo RDC yatangiye gukorana ibiganiro by’abahuza mu biganiro by’ubufatanye n’ishirahamwe rya Earhart Turner LLC rikorera i Washington DC.

Iri shirahamwe rya Earhart Turner ryari rimaze igihe gito rivutse, aho ryagiranye na Leta ya Congo amasezerano yo kuyifasha mu gihe cy’amezi atandatu, yishyurwa miliyoni 5 z’amadolari y’Amerika.

Earhart Turner yahawe inshingano yo guhagararira Leta y’i Kinshasa mu biganiro n’abagize intego ishinga amategeko ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, mu bindi bigo by’iki gihugu, kuyifasha mu matangazo yihariye no mu bushakashatsi n’ubusesenguzi burebana n’umutekano.

Ibi biganiro byari bigamije gusaba Amerika gutanga ubufasha mu kurinda umutekano wa RDC wahungabanyijwe n’imitwe yitwaje intwaro no kubaka igisirikare cyayo, na yo iyisezeranya gucukura no gutunganya amabuye y’agaciro.

Aha’rejo ku wa mbere tariki ya 07/04/2025, umuvugizi wa perezida Felix Tshisekedi, Tina Salama yatangaje ko igihugu cye gishize imbere ibiganiro by’ubufatanye bitaziguye hagati yacyo n’icya Amerika.

Avuga ko Tshisekedi yahagaritse amasezerano yose Leta y’i Kinshasa yagiranye n’ibigo by’abahuza by’Abanyamerika, birimo Earhart Turner.

Yagize ati: “Ku bw’iyo mpamvu, perezida Felix Tshisekedi ahagaritse ibwiriza rishya ryerekeye amasezerano yose ndetse n’intambwe zatewe hagati ya RDC n’ibigo by’abahuza byo muri Amerika, birimo Earhart Turner.”

Ni icyemezo Leta y’i Kinshasa yafashe nyuma yo kwakira intumwa za Amerika ziyobowe n’umujyanama mu bijanye n’ubufatanye na Afrika, Massad Boulos, zari zasezeranyije RDC gukomeza ibiganiro kuri ubu bufatanye.

Tags: Amabuye y'AgaciroAmasezeranoRdc
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
DRC Distances Itself from US Linked Issues

DRC Distances Itself from US Linked Issues

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?