Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bitunguranye, RDC yitandukanyije n’ibyarimo biyihuza na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 8, 2025
in Regional Politics
0
America has made a commitment to resolving the on going conflicts in the Eastern part of the DRC.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bitunguranye, RDC yitandukanyije n’ibyarimo biyihuza na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Repubulika ya demokarasi ya Congo yahagaritse ubufatanye n’abayihuzaga na Leta Zunze ubumwe z’Amerika mu biganiro byerekeye ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro n’itunganywa ry’ayo mabuye y’agaciro.

Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka 2025, ni bwo RDC yatangiye gukorana ibiganiro by’abahuza mu biganiro by’ubufatanye n’ishirahamwe rya Earhart Turner LLC rikorera i Washington DC.

Iri shirahamwe rya Earhart Turner ryari rimaze igihe gito rivutse, aho ryagiranye na Leta ya Congo amasezerano yo kuyifasha mu gihe cy’amezi atandatu, yishyurwa miliyoni 5 z’amadolari y’Amerika.

Earhart Turner yahawe inshingano yo guhagararira Leta y’i Kinshasa mu biganiro n’abagize intego ishinga amategeko ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, mu bindi bigo by’iki gihugu, kuyifasha mu matangazo yihariye no mu bushakashatsi n’ubusesenguzi burebana n’umutekano.

Ibi biganiro byari bigamije gusaba Amerika gutanga ubufasha mu kurinda umutekano wa RDC wahungabanyijwe n’imitwe yitwaje intwaro no kubaka igisirikare cyayo, na yo iyisezeranya gucukura no gutunganya amabuye y’agaciro.

Aha’rejo ku wa mbere tariki ya 07/04/2025, umuvugizi wa perezida Felix Tshisekedi, Tina Salama yatangaje ko igihugu cye gishize imbere ibiganiro by’ubufatanye bitaziguye hagati yacyo n’icya Amerika.

Avuga ko Tshisekedi yahagaritse amasezerano yose Leta y’i Kinshasa yagiranye n’ibigo by’abahuza by’Abanyamerika, birimo Earhart Turner.

Yagize ati: “Ku bw’iyo mpamvu, perezida Felix Tshisekedi ahagaritse ibwiriza rishya ryerekeye amasezerano yose ndetse n’intambwe zatewe hagati ya RDC n’ibigo by’abahuza byo muri Amerika, birimo Earhart Turner.”

Ni icyemezo Leta y’i Kinshasa yafashe nyuma yo kwakira intumwa za Amerika ziyobowe n’umujyanama mu bijanye n’ubufatanye na Afrika, Massad Boulos, zari zasezeranyije RDC gukomeza ibiganiro kuri ubu bufatanye.

Tags: Amabuye y'AgaciroAmasezeranoRdc
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
DRC Distances Itself from US Linked Issues

DRC Distances Itself from US Linked Issues

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?