• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, January 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, yategujwe kogoshwa nk’uko byakorewe Eddie Mutwe.

minebwenews by minebwenews
May 2, 2025
in World News
0
Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, yategujwe kogoshwa nk’uko byakorewe Eddie Mutwe.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, yategujwe kogoshwa nk’uko byakorewe Eddie Mutwe.

You might also like

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yateguje guta muri yombi no kogosha umunyapolitiki usanzwe atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda.

Muhoozi yateguje Bobi Wine kumwogosha, nyuma yuko Eddie Mutwe usanzwe akuriye abarinzi be atawe muri yombi n’inzego z’umutekano za Uganda.

Bobi Wine mu butumwa yashyize hanze akoresheje urubuga rwa x, yavuze ko Mutwe yatawe muri yombi n’abasirikare bo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe za Uganda uzwi nka SFC.

Ubundi na General Kainarugaba Muhoozi ubwe, yari aheruka kwigamba ko ari we ufite Eddie Mutwe, ari nabwo yahise ateguza Bobi Wine ko ari we ugiye gukurikiraho.

Yagize ati: “Eddie Mutwe ari mundake yanjye, ari kwiga urunyankole. Ni wewe Bobi Wine uri bukurikireho.”

Mu bundi butumwa Gen.Muhoozi yari yatanze mbere y’ubu, yavuze ko Eddie Mutwe yitaweho n’abasirikare ba SFC bikarangira abaye neza.

Ati: “Eddie Mutwe kuri ubu umutwe we urasa n’igi. Aracyeye cyane.”

Ifoto Muhoozi yashyize kurubuga rwa x yerekanye Mutwe mu busanzwe ugira ubwanwa bwinshi yabwogoshwe ndetse n’umusatsi we wose.

Bityo, Muhoozi ateguza Bobi Wine ko niyongera kugira umuntu wo mu muryango we atuka azashyira ubuzima bw’uriya murinzi we mu kaga.

Mu butumwa Bobi Wine yashyize ahagaragara kuri uyu wa gatanu, yahamagaje imyigaragambyo yo kwa magana”itotezwa no kwamburwa ubumuntu” Eddie Mutwe akomeje gukorerwa.

Ni naho Muhoozi yahise amuteguza gufatwa akanafungwa, ndetse akazakorerwa iyicarubozo rirenze iryo yakorewe muri 2018, ubwo inzego z’umutekano za Uganda zamuhushaga zikarasira mu cyico uwari umushoferi we mu karere ka Arua.

Ati: “Ni wewe ukurikiraho Kabobi. Uribuka Arua? Uko wariraga Barbie ngo agutabare ? Kuri iyi nshuroho nzaguca ubugabo.”

Yongeyeho ati: “Kabobi uzacya ninkogosha umusatsi nkaguhamagara rukurutu.”

Eddie Mutwe yatawe muri yombi nyuma y’igihe Gen.Muhoozi yihanangiriza abayoboke b’ishyaka NUP rya Bobi Wine abasaba kureka kwambara imyambaro isa naho ihuriye n’igisirikare no kureka imyitwarire iyo ari yo yose ya gisirikare.

Nanone kandi yongeye kuburira agatsiko kaririya shyaka rya Bobi Wine kiyita ‘Foot Soldiers’ kureka guteza akavuyo, kandi kakomeza akagasenya cyangwa abakagize bagahura n’akaga.

Tags: Bobi WineEddie MutweKogoshwa
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubuyobozi ayoboye buri gusuzuma ingamba...

Read moreDetails

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba Guverinoma ya Repubulika ya Sudani yatangaje ko yongeye gusubira gukorera mu murwa mukuru w’igihugu, Khartoum, nyuma...

Read moreDetails

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije ibitero bikomeye kandi byagutse bigamije gusenya...

Read moreDetails

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya...

Read moreDetails

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ese Amerika Yashobora Gutsinda Intambara Iyirwana Yonyine? Amateka Arabivuga Mu Gihe Impaka ku Gusenya NATO Zikomeje

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza impamvu nyamukuru zituma ashaka ko igihugu cye cyagira ububasha...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo Dr Mukwege basabye Tshisekedi kutagirana n’u Rwanda amasezerano bavuga n’impamvu.

Abarimo Dr Mukwege basabye Tshisekedi kutagirana n'u Rwanda amasezerano bavuga n'impamvu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?