• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo Dr Mukwege basabye Tshisekedi kutagirana n’u Rwanda amasezerano bavuga n’impamvu.

minebwenews by minebwenews
May 3, 2025
in Regional Politics
0
Abarimo Dr Mukwege basabye Tshisekedi kutagirana n’u Rwanda amasezerano bavuga n’impamvu.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarimo Dr Mukwege basabye Tshisekedi kutagirana n’u Rwanda amasezerano bavuga n’impamvu.

You might also like

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

Dr Denis Mukwege hamwe n’abaharanira uburenganzira bw’ibidukikije muri Repubulika ya demokarasi ya Congo batakambiye perezida w’iki gihugu Felix Tshisekedi kudatera umukono ku itangazo ry’amahame rihurutse hagati ya RDC n’u Rwanda, igihugu bavuga ko cyateye igihugu cyabo.

Ni bikubiye mu ibaruwa basohoye isaba ko umukuru w’igihugu cyabo adatanga amabuye y’agaciro y’Abanye-kongo no gushyira ubutabera bw’inzabacyuho mu bikorwa byose byo kugarura amahoro no gushyimangira amahoro.

Muri iyo baruwa bagize bati: “Turasaba kudatanga amabuye y’agaciro ya Congo, gushyira ubutabera bw’inzabacyuho mu bikorwa byose bigamije kugarura amahoro, kugira ngo byorohereze inama z’ibihugu zirimo imiryango yose mu gihugu, harimo n’abagize inteko ishinga amategeko, mbere yo kubyemeza mu izina ry’abaturage ba Congo, no kurengera inyungu z’abaturage b’iki gihugu mu ruzinduko rwanyu rutaha i Washington DC.”

Bibukije kandi perezida Felix Tshisekedi amagambo ya Papa Fransisco uheruka kwitaba Imana, ayo yasenze asaba abateye iki gihugu kugikuramo amaboko no muri Afrika.

Nk’uko iyo baruwa ikomeza ivuga nuko Papa Fransisco yasenze agira ati: “Nyuma y’ubukoloni bwa politiki hatangijwe ubukoloni mu bukungu. Kubera iyo mpamvu iki gihugu cyarasahuwe cyane ntigisobora gukura bihagije inyungu mu mutungo wacyo.

Twageze kuri paradox, imbuto z’ubutaka bwayo zigira abanyamahanga. Mukure amaboko yanyu muri RDC muri Afrika! Mureke kuniga Afrika, ntabwo ari ikirombe cyangwa ubutaka bwo gusahurwa.”

Iyi baruwa ikaba yashyizweho umukono na Dr Denis Mukwege watsindiye igihembo cyitiriwe Nobel, ndetse na Bobo Kabamba, Jean Claude Katende, Jean Claude Mputu n’abandi baharanira kurengera ibidukikije.

Banditse iyi baruwa mu gihe perezida Felix Tshisekedi yerekeje i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika aho bitaganyijwe ko agomba kugirana ibiganiro bya nyuma n’abayobozi ba Amerika ku bijyanye n’amasezerano y’ubufatanye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya Congo azaguranwa kwizezwa umutekano mu Burasizuba bw’iki gihugu n’ibikorwa remezo bya miliyari 500 z’amadolari mu myaka 15.

Tags: Amabuye y'AgaciroDr MukwegeRdc
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails
Next Post
Umunye-Congo ari mu bantu 10 barigiriwe amahirwe yogutorwamo Papa mushya.

Umunye-Congo ari mu bantu 10 barigiriwe amahirwe yogutorwamo Papa mushya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?