• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bombori bombori iravugwa mu muryango wa CEDEAO, nyuma y’uko Mali, Burkina Faso na Nijeri byivanyemo.

minebwenews by minebwenews
July 7, 2024
in Regional Politics
1
Bombori bombori iravugwa mu muryango wa CEDEAO, nyuma y’uko Mali, Burkina Faso na Nijeri byivanyemo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bombori bombori iravugwa mu muryango wa CEDEAO, nyuma y’uko Mali, Burkina Faso na Nijeri byivanyemo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ibihugu by’Afrika y’u Burengerazuba (cedeao) bahuye ukubiri, nyuma y’uko Mali, Burkina Faso na Nijeri bakuyemo akabo karenge, abandi nabo barimo Tchad na Gineya bahurira ukwabo.

Uy’umuryango wa Afrika y’u Burengerazuba muri iki gihe wacitsemo ibice, kuko wakiriye inama zibiri z’abakuru b’ibihugu mu mpera z’iki Cyumweru turimo dusoza.

Imwe yakiriwe na Nijeri ihuza abakuru b’ibihugu byo mu karere ka Sahel biyobowe n’abasirikare, ikurikirwa n’indi izakirwa na Nijeriya yo ikazitabirwa n’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ubukungu w’Afrika y’u Burengerazuba (cedeao).

Inama yabereye i Niameye ku wa Gatandatu w’ejo hashize ni iya mbere abakuru b’ibi bihugu bagize iri mu rwego rw’umuryango mushya bashyizeho witwa Alliance of Sahel States(AES).

Mali, Burkina Faso na Nijeri bashyizeho amasezerano yo gutabarana mu kwezi kwa Cyenda umwaka ushize batangaza ko basezeye mu muryango wa CEDEAO.

Imwe mu mpamvu zabateye gusezera n’uko bavuga ko u Bufaransa bwifatiye ako karere kandi budatanga ubufasha buhagije bwo kurwanya abajihadiste. Bavuye muri CEDEAO bahita birukana ingabo z’u Bufaransa zari mu bihugu byabo zivuga ko zazanywe no kurwanya abajihadiste.

Icyo gihe bahise biyegereza abo bise abafatanyabikorwa b’abanyakuri ari bo u Burusiya, Turukiya na Irani.

Perezida wa Burkina Faso yatangaje ko kuri iyi gahunda y’inama harimo kuganira ku kurwanya iterabwabo no kunoza ubufatanye hagati y’ibi bihugu.

Inama ya Cedeao yo muri Nijeriya yo izaganira ku buryo ibihugu bihuriye muri uyu muryango bikwiye kwitwara ku byawuvuyemo bigashinga umuryango mushya.

              MCN.
Tags: Bombori bomboriCEDEAOMali Burkina Faso na Nijeri
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Bidasanzwe abategetsi ba leta ya Kigali bakomakomeye n’ab’u Burundi, bahuriye mu birwa bya Zanzibar bagira ibyo baganiraho.

Bidasanzwe abategetsi ba leta ya Kigali bakomakomeye n'ab'u Burundi, bahuriye mu birwa bya Zanzibar bagira ibyo baganiraho.

Comments 1

  1. kemahasiswaan UNISDA says:
    2 years ago

    An interesting discussion is value comment. I think that it’s best to write more on this matter, it may not be a taboo topic however typically persons are not enough to talk on such topics. To the next. Cheers

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?