• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bombori bombori iravugwa mu muryango wa CEDEAO, nyuma y’uko Mali, Burkina Faso na Nijeri byivanyemo.

minebwenews by minebwenews
July 7, 2024
in Regional Politics
1
Bombori bombori iravugwa mu muryango wa CEDEAO, nyuma y’uko Mali, Burkina Faso na Nijeri byivanyemo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bombori bombori iravugwa mu muryango wa CEDEAO, nyuma y’uko Mali, Burkina Faso na Nijeri byivanyemo.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ibihugu by’Afrika y’u Burengerazuba (cedeao) bahuye ukubiri, nyuma y’uko Mali, Burkina Faso na Nijeri bakuyemo akabo karenge, abandi nabo barimo Tchad na Gineya bahurira ukwabo.

Uy’umuryango wa Afrika y’u Burengerazuba muri iki gihe wacitsemo ibice, kuko wakiriye inama zibiri z’abakuru b’ibihugu mu mpera z’iki Cyumweru turimo dusoza.

Imwe yakiriwe na Nijeri ihuza abakuru b’ibihugu byo mu karere ka Sahel biyobowe n’abasirikare, ikurikirwa n’indi izakirwa na Nijeriya yo ikazitabirwa n’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ubukungu w’Afrika y’u Burengerazuba (cedeao).

Inama yabereye i Niameye ku wa Gatandatu w’ejo hashize ni iya mbere abakuru b’ibi bihugu bagize iri mu rwego rw’umuryango mushya bashyizeho witwa Alliance of Sahel States(AES).

Mali, Burkina Faso na Nijeri bashyizeho amasezerano yo gutabarana mu kwezi kwa Cyenda umwaka ushize batangaza ko basezeye mu muryango wa CEDEAO.

Imwe mu mpamvu zabateye gusezera n’uko bavuga ko u Bufaransa bwifatiye ako karere kandi budatanga ubufasha buhagije bwo kurwanya abajihadiste. Bavuye muri CEDEAO bahita birukana ingabo z’u Bufaransa zari mu bihugu byabo zivuga ko zazanywe no kurwanya abajihadiste.

Icyo gihe bahise biyegereza abo bise abafatanyabikorwa b’abanyakuri ari bo u Burusiya, Turukiya na Irani.

Perezida wa Burkina Faso yatangaje ko kuri iyi gahunda y’inama harimo kuganira ku kurwanya iterabwabo no kunoza ubufatanye hagati y’ibi bihugu.

Inama ya Cedeao yo muri Nijeriya yo izaganira ku buryo ibihugu bihuriye muri uyu muryango bikwiye kwitwara ku byawuvuyemo bigashinga umuryango mushya.

              MCN.
Tags: Bombori bomboriCEDEAOMali Burkina Faso na Nijeri
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Bidasanzwe abategetsi ba leta ya Kigali bakomakomeye n’ab’u Burundi, bahuriye mu birwa bya Zanzibar bagira ibyo baganiraho.

Bidasanzwe abategetsi ba leta ya Kigali bakomakomeye n'ab'u Burundi, bahuriye mu birwa bya Zanzibar bagira ibyo baganiraho.

Comments 1

  1. kemahasiswaan UNISDA says:
    1 year ago

    An interesting discussion is value comment. I think that it’s best to write more on this matter, it may not be a taboo topic however typically persons are not enough to talk on such topics. To the next. Cheers

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?