• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bombori bombori iravugwa mu muryango wa CEDEAO, nyuma y’uko Mali, Burkina Faso na Nijeri byivanyemo.

minebwenews by minebwenews
July 7, 2024
in Regional Politics
1
Bombori bombori iravugwa mu muryango wa CEDEAO, nyuma y’uko Mali, Burkina Faso na Nijeri byivanyemo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bombori bombori iravugwa mu muryango wa CEDEAO, nyuma y’uko Mali, Burkina Faso na Nijeri byivanyemo.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ibihugu by’Afrika y’u Burengerazuba (cedeao) bahuye ukubiri, nyuma y’uko Mali, Burkina Faso na Nijeri bakuyemo akabo karenge, abandi nabo barimo Tchad na Gineya bahurira ukwabo.

Uy’umuryango wa Afrika y’u Burengerazuba muri iki gihe wacitsemo ibice, kuko wakiriye inama zibiri z’abakuru b’ibihugu mu mpera z’iki Cyumweru turimo dusoza.

Imwe yakiriwe na Nijeri ihuza abakuru b’ibihugu byo mu karere ka Sahel biyobowe n’abasirikare, ikurikirwa n’indi izakirwa na Nijeriya yo ikazitabirwa n’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ubukungu w’Afrika y’u Burengerazuba (cedeao).

Inama yabereye i Niameye ku wa Gatandatu w’ejo hashize ni iya mbere abakuru b’ibi bihugu bagize iri mu rwego rw’umuryango mushya bashyizeho witwa Alliance of Sahel States(AES).

Mali, Burkina Faso na Nijeri bashyizeho amasezerano yo gutabarana mu kwezi kwa Cyenda umwaka ushize batangaza ko basezeye mu muryango wa CEDEAO.

Imwe mu mpamvu zabateye gusezera n’uko bavuga ko u Bufaransa bwifatiye ako karere kandi budatanga ubufasha buhagije bwo kurwanya abajihadiste. Bavuye muri CEDEAO bahita birukana ingabo z’u Bufaransa zari mu bihugu byabo zivuga ko zazanywe no kurwanya abajihadiste.

Icyo gihe bahise biyegereza abo bise abafatanyabikorwa b’abanyakuri ari bo u Burusiya, Turukiya na Irani.

Perezida wa Burkina Faso yatangaje ko kuri iyi gahunda y’inama harimo kuganira ku kurwanya iterabwabo no kunoza ubufatanye hagati y’ibi bihugu.

Inama ya Cedeao yo muri Nijeriya yo izaganira ku buryo ibihugu bihuriye muri uyu muryango bikwiye kwitwara ku byawuvuyemo bigashinga umuryango mushya.

              MCN.
Tags: Bombori bomboriCEDEAOMali Burkina Faso na Nijeri
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Bidasanzwe abategetsi ba leta ya Kigali bakomakomeye n’ab’u Burundi, bahuriye mu birwa bya Zanzibar bagira ibyo baganiraho.

Bidasanzwe abategetsi ba leta ya Kigali bakomakomeye n'ab'u Burundi, bahuriye mu birwa bya Zanzibar bagira ibyo baganiraho.

Comments 1

  1. kemahasiswaan UNISDA says:
    2 years ago

    An interesting discussion is value comment. I think that it’s best to write more on this matter, it may not be a taboo topic however typically persons are not enough to talk on such topics. To the next. Cheers

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?