• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bombori bombori muri shikama Bukavu, izwi nk’ubuyobozi bw’Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
August 15, 2024
in Regional Politics
0
Bombori bombori muri shikama Bukavu, izwi nk’ubuyobozi bw’Abanyamulenge.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bombori bombori muri shikama Bukavu, izwi nk’ubuyobozi bw’Abanyamulenge.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni bikubiye mu ibarua yamaze kuja hanze yo gusezera kwabamwe mu bagize komite ya Mutualite ya Shikama Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bizwi ko “Abanyamulenge aho bahuriye bakahatura ari abantu barenze batatu, bahashinga ubuyobozi buzwi nka Mutualite,” ubu rero, bubafasha kwiyegeranya kugira ngo bahuze imbaraga, maze bagafashanya muri byinshi, ahanini mu bihe byibyago n’ibindi.

Gusa, nk’uko byagiye bigaragara muri ibi bihe, aba Banyamulenge bari mu bihe byo kutumva ibintu kimwe, ariko kandi usanga ahanini biva kuri politiki mbi zagiye zikorwa muri iki gihugu cya RDC, bityo bigatuma mu buyobozi bw’izi Mutualite z’Abanyamulenge zisubiranomo, ibyo byagaragaye ku batuye Amerika, Uganda Kenya n’ahandi.

Mu ibarua yashizwe hanze kuri uyu wa 14/08/2024, na bamwe mu bayobozi bari bagize Mutualite y’aba Banyamulenge baturiye i Bukavu ku murwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ivuga ko abayobozi bane(4) beguye ariko ntibagaragaza igitumye basezera kuyobora ubwoko bwabo, bw’Abanyamulenge.

Iy’i barua igira iti: “Nyakubwahwa perezida, tubandikiye uru rwandiko nka bamwe mu bagize komite, tubasaba kwakira ubwegure bwacu, ku mpamvu zacu bwite.”

Ikomeza igira iti: “Tukaba tumenyesheje n’abanyamuryango bose bashikama/Bukavu, tunabashimira ku cyizere mwari waratugiriye mu dutora kubahagararira.”

Aba bayobozi beguye, bakaba banateye umukono ku ibarua bashize hanze, barimo Nyirankomezi Esperance, wari ushinzwe ikigega, Musore Etienne wari umunyamabanga mukuru, Muyumbe Hoga César we wari umujanama, hamwe na Rumenge Olivier, nawe wari umujanama.

Ntacyo aba bayobozi bagaragaje, gitumye begura, ariko amakuru MCN yahawe n’abamwe mu banyamuryango biyi Mutualite, avuga ko ubwegure bwaba, buva kukutavuga rumwe ubwo i Bukavu habaga gutegura kw’ibuka ku nshuro ya 20, Abanyamulenge baguye mu Gatumba mu 2004.

Ni mu gihe kw’ibuka abaguye mu Gatumba, bisanzwe bikorwa ku itariki ya 13/08 ya buri mwaka.

Aba bayobozi beguye mu gihe bari bataramara umwaka batorewe iyo myamya, kandi manda ya Mutualite shikama Bukavu ikaba isanzwe imara imyaka ibiri.

           MCN.
Tags: Bombori bomboriMutualiteShikama Bukavu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye amakuru yimbitse kuri bombori bombori ivugwa muri Shikama Bukavu.

Hamenyekanye amakuru yimbitse kuri bombori bombori ivugwa muri Shikama Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?