• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye amakuru yimbitse kuri bombori bombori ivugwa muri Shikama Bukavu.

minebwenews by minebwenews
August 15, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye amakuru yimbitse kuri bombori bombori ivugwa muri Shikama Bukavu.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye amakuru yimbitse kuri bombori bombori ivugwa muri Shikama Bukavu.

You might also like

RDC Yemeje Ibiganiro by’Abanyekongo, Ifata Umwanzuro Ukomeye Kuri AFC/M23; Inagaragaza Aho Imyiteguro Igeze

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

Ni amakuru akubiye mu butumwa bwanditse bwahawe MCN, avuga ko impamvu abayobozi 4 beguye, bo muri Shikama Bukavu, byavuye ku kuba umuyobozi mukuru w’iyi Mutualite ya Bukavu yaranze ko muri aka gace hakorwa igikorwa cyo kw’ibuka Abanyamulenge baguye mu Gatumba mu 2004.

Uwitwa Jean Schier Muhamiriza, niwe perezida wa Mutualite y’Abanyamulenge i Bukavu, ubwo komite ye yamusabaga gutegura kw’ibuka Abanyamulenge baguye mu Gatumba, nk’uko Abanyamulenge bari hirya no hino ku isi bahora babitegura, ndetse n’aha i Bukavu bikaba byahoraga bikorwa uko umwaka utashye, we yarabyanze aratsemba.

Kugeza ubwo urubyiruko rwo muri Bukavu rw’Abanyamulenge, ruzwi nka Dynamique rwahise rutegura kw’ibuka aba Banyamulenge barenga 165 baguye mu Gatumba.

Ubu butumwa bwa hawe ubwanditsi bwa MCN, bukomeza buvuga ko “nyuma y’uko bwana Muhamiriza yari amaze kumenya ko urubyiruko rwateguye gukora icyunamo byanze bikunze, ko kandi bikorwa ku wa Kabiri tariki ya 13/08/2024, yahise yerekeza kwa Maya(Maire de la Ville ) w’umujyi wa Bukavu amubwira ko Abanyamulenge bateguye kugira ibyo bahungabanya muri uyu mujyi mugihe muzaba mwaberemereye kw’ibuka abaguye mu Gatumba.

Ibi byatumye Meya w’umujyi wa Bukavu ahamagarira Abanyamulenge baturiye uy’umujyi, kudakora icyunamo cy’abaguye mu Gatumba, kandi avuga ko mu gihe babikoze, abazabyitabira bose baza gukurikiranwa n’inzego zishinzwe umutekano.

Ariko, nk’uko aya makuru anabisobanura, uyu Jean Schier Muhamiriza, perezida wa Shikama Bukavu yahawe ruswa nabo bita ibipinga by’Abanyamulenge bituye i Kinshasa kugira ngo kw’ibuka abaguye mu Gatumba bidakorwe aha muri Bukavu. Ndetse kandi bikavugwa ko uyu Muhamiriza ko yari yemerewe guhabwa akazi keza muri Starek.

Ibi rero kandi ngo byigeze gukorerwa bwana Rukema kuri ubu wagizwe depite ku rwego rw’igihugu, aho nawe mu myaka itatu ishize, yasabwe kwanga gukora icyunamo nk’iki, cy’abaguye mu Gatumba bikarangira nawe abyanze n’ubundi nk’uko Jean Schier Muhamiriza yabigenje, ariko nanone aza kwamburwa umwanya yari afite wokuba yari suprean wa Gisaro, n’ubwo yaje guhabwa umwanya wokuba depite.

Kudakora icyunamo cy’abaguye mu Gatumba, byatumye abayobozi 4 begura muri iyi Mutualite y’Abanyamulenge i Bukavu, abo ni Nyirankomezi Esperence wari ushinzwe ikigega, Musore Etienne we akaba yari umunyamabanga mukuru, Muyumbe Hoga César yari umujanama na Rumenge Olivier.

Ibi byo kutavuga rumwe mu Banyamulenge, nubwo bishikiye baturiye i Bukavu, ariko ni umwuka mubi ugize igihe ubazengurukamo ahanini bikaba biva kuri politiki y’amacakubiri yo muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

                   MCN.
Tags: Bombori bomboriIbyimbitseShikama Bukavu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC Yemeje Ibiganiro by’Abanyekongo, Ifata Umwanzuro Ukomeye Kuri AFC/M23; Inagaragaza Aho Imyiteguro Igeze

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
RDC Yemeje Ibiganiro by’Abanyekongo, Ifata Umwanzuro Ukomeye Kuri AFC/M23; Inagaragaza Aho Imyiteguro Igeze

RDC Yemeje Ibiganiro by'Abanyekongo, Ifata Umwanzuro Ukomeye Kuri AFC/M23; Inagaragaza Aho Imyiteguro Igeze MINEMBWE CAPITAL NEWS Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye gushimangira ko ibiganiro...

Read moreDetails

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie MINEMBWE...

Read moreDetails

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by'Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n'Igitutu cya Politiki MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka ku hazaza h'ibiganiro...

Read moreDetails

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
La RDC entre dans une phase politique décisive : la décision de la Cour constitutionnelle relance le débat. Le pouvoir de Félix Tshisekedi est-il menacé ? Analyse approfondie

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa...

Read moreDetails
Next Post
Menya byinshi ku biganiro bigiye guhuza u Rwanda na Congo muri Angola.

Menya byinshi ku biganiro bigiye guhuza u Rwanda na Congo muri Angola.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?