• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bongeye kwambikana hagati y’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23, mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.

minebwenews by minebwenews
February 4, 2024
in Regional Politics
0
Bongeye kwambikana hagati y’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23, mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwaro yongeye kuba uy’u munsi k’u Cyumweru, ihuje M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni Urugamba bivugwa ko rwabereye ku musozi wa Kabase, hafi na gasantire ka Kiluku, mu bice bihana imbibi n’i Ntara ya Kivu y’Amajyarugu na Kivu y’Amajyepfo, mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Mu makuru dukesha abari muri ibyo bice bavuze ko iyo mirwano yabaye mu gihe Wazalendo bashaka kwisubiza umusozi wa Kabase na i Shasha, bivugwa ko ari ngenzi mu buryo bw’urugamba nk’uko na M23 iheruka kubyemeza mu inyandiko baheruka gushira hanze.

MCN, yabwiwe ko iyo mirwano yaje kurangira Wazalendo bongeye kuyabangira ingata nk’uko bahora babikora.

Iyo mirwano yabaye mugihe imihanda yahuzaga ama teritware n’u Mujyi wa Goma bya maze gufungwa aho amakuru yibanze yemeza ko iyo mihanda yose igenzurwa na M23.

Umuhanda uhuza Rutsuru-Goma, Masisi-Goma ndetse n’u muhanda uhuza Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo bigenzurwa na M23.

Ibi byateje impagarara abaturage baturiye u Mujyi wa Goma, uzwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

N’ubwo biruko perezida Félix Tshisekedi akomeje kwinangira kuganira na M23, mu kiganiro aheruka guha itangaza makuru i Kinshasa, yavuze ko nta narimwe azigera aganira na m23.

Bruce Bahanda.

Tags: Bongeye kwambikanaIhuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bwa M23, berekanye abandi basirikare b’u Burundi bafatiwe k’urugamba, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ubuyobozi bwa M23, berekanye abandi basirikare b'u Burundi bafatiwe k'urugamba, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?