• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bwa M23, berekanye abandi basirikare b’u Burundi bafatiwe k’urugamba, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
February 4, 2024
in Regional Politics
0
Ubuyobozi bwa M23, berekanye abandi basirikare b’u Burundi bafatiwe k’urugamba, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bwa M23 berekanye abandi basirikare b’u Burundi bafatiwe k’urugamba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Binyuze ku muvugizi wa M23 mu bya gisirikare Lt Col Willy Ngoma, yeretse abanyamakuru abasirikare b’u Burundi bafashwe matekwa mu mirwano ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bahanganyemo na M23, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ibi byabaye kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 04/02/2024. Mbere y’uko igikorwa nyirizana gitangira, abo basirikare b’u Burundi babanje kuririmba indirimbo y’ubahiriza igihugu cyabo cy’u Burundi.

Nyuma aba bafatiwe k’urugamba basobanuye uko bagiye bavanwa iwabo aho bakoreraga akazi ka gisirikare, baza koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23, aho bavuze ko bavanwe i Bujumbura bari mu ndege y’igisikare cya leta ya Congo(FARDC), bahabwa ibikoresho byinshi bya gisirikare bagana i Goma.

Bakomeje bavuga ko ubwo bageze i Goma, bashizwe mu mudoka za FARDC boherezwa i Mushaki, muri teritware ya Masisi, ariko basobanuye ko ba bwibwaga ko bagiye kurwanya Abanyarwanda.

Bakomeje bavuga ko bo bafatiwe k’urugamba mu mirwano yabereye muri teritware ya Masisi, bavuga kandi ko bapfushije abasirikare benshi harimo n’abayobozi bari k’urwego rwa Major na Col.

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare Lt Col Willy Ngoma, yaje gusobanura ko ibyo kwerekana abasirikare ba matekwa ba bikora mu rwego rwo kwereka Isi ko Ingabo z’u Burundi ziri mu mirwano muri RDC. Gusa Lt Col Willy Ngoma, avuga ko infungwa z’intambara zirindwa n’amategeko mpuzamahanga arengera ikiremwa muntu.

Lt Col Willy Ngoma yavuze kandi ko perezida Evariste Ndayishimiye bafitanye amasezerano na Tshisekedi agamije guhungabanya umutekano wa baturage mu Burasirazuba bwa RDC.

Abasirikare b’u Burundi berekanwe harimo uwitwa Adjudant Chef Ndikumasabo Therence avuka mu i Mwaro, yabaga mu ngabo zo muri brigade ya 410 muri division ya 4.

Undi ni Adjudant Chef Nkurunziza winjiye mu Gisirikare i Burundi mu mwaka w ‘ 1996, yavuze ko amaze gukorera ahantu henshi hatandukanye, avuga kandi ko ubu yakoraga muri Etat Major ya division ya 1 iyobowe na Brigadier Gen Nyamugaruka.

Abandi berekanwe nabo bari k’urwego rwa Adjudant Chef, harimo uwitwa Adjudant Chef Nkurunziza, wavuze ko bakuwe mu nkambi za gisirikare z’itandukanye, ko kandi bari hagati ya 700 na 800, yasobanuye ko bahurijwe hamwe ahitwa ku Mudugudu, bakora Batayo ya 8 ya TAFOC yari iyobowe na Lt Col Singirankabo.

Aba berekanwe basabye imiryango mpuzamahanga na Sosiyete sivile ko babafasha gusubira mu gihugu cyabo, aba basirikare baje no kwamagana perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye uhakana ko ntangabo ze zafashwe na M23.

Basoje basaba ko leta y’u Burundi yakumvikana na M23 maze abasirikare b’u Burundi baguye k’urugamba barimo na bayobozi bakaja gushingurwa mu cyubahiro mu gihugu cyabo.

Bruce Bahanda.

Tags: Berekanye abandi basirikare b'u Burundi ba fatiwe k'urugambaUbuyobozi bwa M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Urusaku rw’imbunda ziremereye rwu mvikaniye ku muhanda wa Sake-Minova, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Urusaku rw'imbunda ziremereye rwu mvikaniye ku muhanda wa Sake-Minova, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?