• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Bumwe mu buhamya ku bitero byagabwe kuri Twirwaneho na M23 mu Rugezi.

minebwenews by minebwenews
June 9, 2025
in Conflict & Security
0
Amashya avugwa mu Rurambo yanabayemo agasenyaguro ku za Tshisekedi.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bumwe mu buhamya ku bitero byagabwe kuri Twirwaneho na M23 mu Rugezi.

You might also like

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Nyuma y’aho umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bigabweho ibitero bikaze by’ihuriro ry’Ingabo za Congo, iyi mitwe yombi ibarizwa mu ihuriro rya AFC, ikabisubiza inyuma; Minembwe Capital News yabwiwe uko byari byifashe n’abaturiye aho iyo mirwano yaberaga.

Ni imirwano yirije umunsi, aho yatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nebyiri n’igice z’igitondo, irangira igihe c’isaha ya saa kumi z’umugoroba, ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Bumwe mu buhamya twahawe n’abatuye ahaberaga imirwano buvuga ko bitari byoroshye, ahubwo ko byari bikaze.

Ati: “Umwanzi wateye mu Rugezi yahunze, ariko ibitero yagabye byari bikomeye.”

Uyu waduhaye ubu buhamya mbere, yanavuze ko byari gutera isoni, mu gihe ihuriro ry’ingabo za Congo zari kugira agace zifata, ngo kuko iki gice Twirwaneho na M23 bamaze kukimenyera kandi bakaba bazi amayira yacyo yose.

Ati: “Byari gukoza isoni iyo iyi mitwe igenzura iki gice yariguhunga. Ni igice abarwanyi bayo bamaze kumenya neza. Ubu isoni ziri kubari bagabye ibitero.”

Ubu buhamya bukomeza buvuga ko imirambo irenga 12 y’abo mu ruhande rwa Leta yasigaye ahaberaga imirwano.

Ati: “Imirambo y’umanzi irahasigaye, isigaye kwa uwanja.”

Ubundi buhamya buvuga ko imirwano yarangiye igihe c’isaha ya saa kumi zija gushyira muri saa kumi n’imwe z’umugoroba.

Bugira buti: “Adui ahunze saa kumi n’iminota nka mirongwine n’ibiri. Yateye aturutse inzira nyinshi, kandi yakoresheje imbunda ziremereye zirimo izirasa Amakompola n’izindi.”

Ubu buhamya bunagaragaza ko umwanzi ko yakoresheje uburyo atarasanzwe akoresha, ngo kuko yateraga ibisasu ari mu ntera ndende.

Ati: “Intambara ya none umwanzi yayirwaniye ari mu ntera itari ngufi. Yarasishaga imbunda nini n’amakompola. Nta mbunda nto yigeze ikoreshwa uyu munsi.”

Iyi mirwano yaberaga ku musozi wo kwa Didas n’ahazwi nko ku bitaro ugana ahahoze ari kwa Sabune, ni mu gihe yahereye ahitwa i Muchikachika.

Kuri ubu utu duce twose twaberagamo imirwano turi mu biganza by’aba barwanyi bo muri Twirwaneho na M23, nyuma y’uko ingabo za Congo zagabye biriya bitero zikijijwe n’amaguru zirahunga.

Ibi bitero ingabo z’u ruhande ru rwanirira guverinoma ya RDC, zabigabye ziturutse mu Rugomero no mu bindi bice biherereye mu ruhande rw’i Milimba ahazwi nko mu ndiri ikomeye ya FDLR na Wazalendo, nk’uko n’ubundi ubu buhamya bwakomeje bubivuga.

Uwavuganaga na Minembwe Capital News, yagize ati: “Bashobora kuba baturutse mu Rugomero baserukana mu Gisesero, bafata kwa Mwera, babona kuzamukana ku Bitaro. Hari n’izindi nzira banyuzemo z’Ibisambu. Erega bari umusenyi kandi baturutse inzira nyinshi.”

Tags: RugeziTwirwanehoUbuhamya
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere Amakuru aturuka mu bayobozi b’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) avuga ko uyu mutwe ushobora...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’Ingabo za RDC zahawe isomo rikomeye muri Kivu Yaruguru.

Ihuriro ry'Ingabo za RDC zahawe isomo rikomeye muri Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?