• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, July 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Bumwe mu buhamya ku bitero byagabwe kuri Twirwaneho na M23 mu Rugezi.

minebwenews by minebwenews
June 9, 2025
in Conflict & Security
0
Amashya avugwa mu Rurambo yanabayemo agasenyaguro ku za Tshisekedi.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bumwe mu buhamya ku bitero byagabwe kuri Twirwaneho na M23 mu Rugezi.

You might also like

Chef Mututa Yatabarije Umuturage Wagabweho Igitero muri Bijombo, Asaba ko Hakorwa Iperereza

Imirwano Yongeye Gufata Indi Ntera muri Masisi: AFC/M23 Isunika Inyuma FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo

Olivier Rumenge Yasabye Impinduka Zihuse muri RDC: Avuga ko Imiyoborere Mibi Ari Yo Mvano y’Ibibazo Byose

Nyuma y’aho umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bigabweho ibitero bikaze by’ihuriro ry’Ingabo za Congo, iyi mitwe yombi ibarizwa mu ihuriro rya AFC, ikabisubiza inyuma; Minembwe Capital News yabwiwe uko byari byifashe n’abaturiye aho iyo mirwano yaberaga.

Ni imirwano yirije umunsi, aho yatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nebyiri n’igice z’igitondo, irangira igihe c’isaha ya saa kumi z’umugoroba, ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Bumwe mu buhamya twahawe n’abatuye ahaberaga imirwano buvuga ko bitari byoroshye, ahubwo ko byari bikaze.

Ati: “Umwanzi wateye mu Rugezi yahunze, ariko ibitero yagabye byari bikomeye.”

Uyu waduhaye ubu buhamya mbere, yanavuze ko byari gutera isoni, mu gihe ihuriro ry’ingabo za Congo zari kugira agace zifata, ngo kuko iki gice Twirwaneho na M23 bamaze kukimenyera kandi bakaba bazi amayira yacyo yose.

Ati: “Byari gukoza isoni iyo iyi mitwe igenzura iki gice yariguhunga. Ni igice abarwanyi bayo bamaze kumenya neza. Ubu isoni ziri kubari bagabye ibitero.”

Ubu buhamya bukomeza buvuga ko imirambo irenga 12 y’abo mu ruhande rwa Leta yasigaye ahaberaga imirwano.

Ati: “Imirambo y’umanzi irahasigaye, isigaye kwa uwanja.”

Ubundi buhamya buvuga ko imirwano yarangiye igihe c’isaha ya saa kumi zija gushyira muri saa kumi n’imwe z’umugoroba.

Bugira buti: “Adui ahunze saa kumi n’iminota nka mirongwine n’ibiri. Yateye aturutse inzira nyinshi, kandi yakoresheje imbunda ziremereye zirimo izirasa Amakompola n’izindi.”

Ubu buhamya bunagaragaza ko umwanzi ko yakoresheje uburyo atarasanzwe akoresha, ngo kuko yateraga ibisasu ari mu ntera ndende.

Ati: “Intambara ya none umwanzi yayirwaniye ari mu ntera itari ngufi. Yarasishaga imbunda nini n’amakompola. Nta mbunda nto yigeze ikoreshwa uyu munsi.”

Iyi mirwano yaberaga ku musozi wo kwa Didas n’ahazwi nko ku bitaro ugana ahahoze ari kwa Sabune, ni mu gihe yahereye ahitwa i Muchikachika.

Kuri ubu utu duce twose twaberagamo imirwano turi mu biganza by’aba barwanyi bo muri Twirwaneho na M23, nyuma y’uko ingabo za Congo zagabye biriya bitero zikijijwe n’amaguru zirahunga.

Ibi bitero ingabo z’u ruhande ru rwanirira guverinoma ya RDC, zabigabye ziturutse mu Rugomero no mu bindi bice biherereye mu ruhande rw’i Milimba ahazwi nko mu ndiri ikomeye ya FDLR na Wazalendo, nk’uko n’ubundi ubu buhamya bwakomeje bubivuga.

Uwavuganaga na Minembwe Capital News, yagize ati: “Bashobora kuba baturutse mu Rugomero baserukana mu Gisesero, bafata kwa Mwera, babona kuzamukana ku Bitaro. Hari n’izindi nzira banyuzemo z’Ibisambu. Erega bari umusenyi kandi baturutse inzira nyinshi.”

Tags: RugeziTwirwanehoUbuhamya
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Chef Mututa Yatabarije Umuturage Wagabweho Igitero muri Bijombo, Asaba ko Hakorwa Iperereza

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Ubwicanyi muri Mwenga: Abacukuzi b’Amabuye y’Agaciro Barishwe, Abandi Bajyanwa ku Ngufu mu Mashyamba

Chef Mututa Yatabarije Umuturage Wagabweho Igitero muri Bijombo, Asaba ko Hakorwa Iperereza MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Chef Muhasha wa 9, Mututa Eliazard, utuye i Bukavu mu Ntara ya...

Read moreDetails

Imirwano Yongeye Gufata Indi Ntera muri Masisi: AFC/M23 Isunika Inyuma FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Raporo: Uko Tshisekedi Yashoye Miliyari z’Amadolari mu Ntwaro za Gisirikare, Ariko Zimwe Zigafatirwa ku Rugamba na AFC/M23 na MRDP-Twirwaneho – Menya Ubwoko bw’Intwaro Yaguze, Amafaranga Yazishoyemo n’Ibihugu Yaziguriyemo

Imirwano Yongeye Gufata Indi Ntera muri Masisi: AFC/M23 Isunika Inyuma FARDC n'Abafatanyabikorwa Bayo MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y'ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) n'ihuriro...

Read moreDetails

Olivier Rumenge Yasabye Impinduka Zihuse muri RDC: Avuga ko Imiyoborere Mibi Ari Yo Mvano y’Ibibazo Byose

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Olivier Rumenge Yasabye Impinduka Zihuse muri RDC: Avuga ko Imiyoborere Mibi Ari Yo Mvano y’Ibibazo Byose

Olivier Rumenge Yasabye Impinduka Zihuse muri RDC: Avuga ko Imiyoborere Mibi Ari Yo Mvano y'Ibibazo Byose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu butumwa yanyujije kuri Minembwe Capital News (MCN),...

Read moreDetails

Ibintu Byafashe Indi Ntera! Constant Mutamba Yasohotse mu Rukiko Iburanisha Ritarangiye, Avuga Amagambo Yasize Buri Wese Atunguwe

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Ibintu Byafashe Indi Ntera! Constant Mutamba Yasohotse mu Rukiko Iburanisha Ritarangiye, Avuga Amagambo Yasize Buri Wese Atunguwe

Ibintu Byafashe Indi Ntera! Constant Mutamba Yasohotse mu Rukiko Iburanisha Ritarangiye, Avuga Amagambo Yasize Buri Wese Atunguwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe urubanza rwa Constant Mutamba Tungunga,...

Read moreDetails

Congo mu Kibazo Gishya cya Politiki: Imyigaragambyo i Goma Ishobora Kugaragaza Imbaraga z’Abaturage n’Icyerekezo cya AFC/M23

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Congo mu Kibazo Gishya cya Politiki: Imyigaragambyo i Goma Ishobora Kugaragaza Imbaraga z’Abaturage n’Icyerekezo cya AFC/M23

Congo mu Kibazo Gishya cya Politiki: Imyigaragambyo i Goma Ishobora Kugaragaza Imbaraga z’Abaturage n’Icyerekezo cya AFC/M23 MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubutegetsi bw'ihuriro rya Allience Fleuve Congo AFC/M23 bugenzura...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’Ingabo za RDC zahawe isomo rikomeye muri Kivu Yaruguru.

Ihuriro ry'Ingabo za RDC zahawe isomo rikomeye muri Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?