• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Bwa mbere igisirikare cya Ukraine gikoze ibikanganye ku Burusiya, igishobora kuzanira Isi akaga.

minebwenews by minebwenews
November 19, 2024
in World News
3
Bwa mbere igisirikare cya Ukraine gikoze ibikanganye ku Burusiya, igishobora kuzanira Isi akaga.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bwa mbere igisirikare cya Ukraine gikoze ibikanganye ku Burusiya igishobora kuzanira Isi akaga.

You might also like

Trump yatanze ishusho nshya ku ntambara ya Ukraine, aho Yagaragaje ko Gusubirana ubutaka bwayo bitakiri mu mahitamo ya nyayo

Perezida Capt Ibrahim Traoré asaba ibisobanuro Perezida Ndayishimiye ku guhagarikwa kwa Burkina Faso

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Igisirikare cya Ukraine kuri uyu wa kabiri tariki ya 19/11/2024, cyarashe mu Burusiya gikoresheje intwaro zirasa kure zo mu bwoko bwa ATACMS yahawe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Ni amakuru yemejwe n’ubuyobozi bw’u Burusiya aho bwatangaje ko Ukraine yatangiye kurashisha misile zo mu bwoko bwa ATACMS yahawe n’igihugu cy’igihangange ari cyo Amerika.

Iz’i mbunda Ukraine ikaba yazikoresheje kumpamvu z’uko u Burusiya bwazanye ingabo za Koreya ya Ruguru kuzifasha mu rugamba rumaze imyaka itatu bahanganye.
Mu Cyumweru gishize, nibwo Ukraine yatangaje ku mugaragaro ko ifite ibimenyetso simusiga bihamya ko ingabo za Koreya ya Ruguru zinjiye mu rugamba gufasha u Burusiya.

Ni nyuma yuko hari zimwe muri izo ngabo zari zaguye mu mirwano, iheruka kubera mu karere ka Kursk.

Bibaye mu gihe Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, binyuze kuri perezida wayo, Joe Biden ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru dusoje, nibwo yahanguye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje misile zirasa kure, mu gihe habura amezi abiri gusa Donald Trump watorewe kuyobora iki gihugu agatangira inshingano nka perezida mushya.

Ni cyemezo kije kandi nyuma y’igihe gito perezida Volodymyr Zelensky atakambiye Amerika ayisaba kwemerera igihugu cye gukoresha ziriya ntwaro mu kurasa ku bikorwa remezo bya gisirikare biri imbere mu gihugu mu Burusiya.

Umwe mu bayobozi ba Amerika bafite aho bahuriye n’ifatwa ry’uriya mwanzuro yavuze ko Amerika yawufashe mu rwego rwo gusubiza kukuba u Burusiya buheruka kohereza muri Ukraine ingabo zo muri Koreya ya Ruguru.
Uyu mwanzuro ukaba uje ari nko guha Ukraine umusaada.

Kimwecyo, mu minsi mike ishize u Burusiya nabwo bwari bwatangaje ko mu gihe Amerika yaba yemereye Ukraine gukoresha ziriya ntwaro mu kuburasaho buzafata ingamba zo guca intege imikoreshereze yazo, kuko buzifata nk’izishobora gutuma intambara ifata indi ntera.

Hagati aho hitezwe icyo u Burusiya buri bukore nyuma y’uko Ukraine yakije umuriro ku butaka bwayo.

Tags: AmerikaMisiliUkraine
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Trump yatanze ishusho nshya ku ntambara ya Ukraine, aho Yagaragaje ko Gusubirana ubutaka bwayo bitakiri mu mahitamo ya nyayo

by Bahanda Bruce
December 16, 2025
0
Trump yatanze ishusho nshya ku ntambara ya Ukraine, aho Yagaragaje ko Gusubirana ubutaka bwayo bitakiri mu mahitamo ya nyayo

Trump yatanze ishusho nshya ku ntambara ya Ukraine, aho Yagaragaje ko Gusubirana ubutaka bwayo bitakiri mu mahitamo ya nyayo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails

Perezida Capt Ibrahim Traoré asaba ibisobanuro Perezida Ndayishimiye ku guhagarikwa kwa Burkina Faso

by Bahanda Bruce
December 16, 2025
0
Perezida Capt Ibrahim Traoré asaba ibisobanuro Perezida Ndayishimiye ku guhagarikwa kwa Burkina Faso

Perezida Capt Ibrahim Traoré asaba ibisobanuro Perezida Ndayishimiye ku guhagarikwa kwa Burkina Faso Perezida wa Burkina Faso, Kapiteni Ibrahim Traoré, yatangaje ko ateganya kugirana ikiganiro n’umukuru w’igihugu cy’u...

Read moreDetails

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails
Next Post
I Kinshasa byateje impagarara nyuma y’uko iryinyo rya Patrice Lumumba ribuze.

I Kinshasa byateje impagarara nyuma y'uko iryinyo rya Patrice Lumumba ribuze.

Comments 3

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy cvs[/url] Han S, Yang J, Xu J

  2. Ensuent says:
    1 year ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy alternative[/url] VU University Medical Center, Department of Pulmonology, Boelelaan 1117, 1081 HV Amsterdam, The Netherlands

  3. Ensuent says:
    1 year ago

    Read more about lymphedema and risk reduction [url=https://fastpriligy.top/]priligy generico[/url]

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?