• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, June 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Kinshasa byateje impagarara nyuma y’uko iryinyo rya Patrice Lumumba ribuze.

minebwenews by minebwenews
November 20, 2024
in Regional Politics
0
I Kinshasa byateje impagarara nyuma y’uko iryinyo rya Patrice Lumumba ribuze.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa byateje impagarara nyuma y’uko iryinyo rya Lumumba ribuze.

You might also like

U Rwanda n’Ubushinjacyaha bwa RDC mu Rukiko Mpuzamahanga: Isesengura ku birego, impaka n’ukuri kw’imitwe yitwaje intwaro mu Burasirazuba bwa Congo

Amerika Yafatiye Ibihano Gasabo Gold; U Rwanda Ruvuga Ko Rudafite Uruhare mu Ntambara ya RDC

Inama Yabereye mu Bwongereza Yafashe Icyemezo Gikomeye ku Ntambara Ibera muri Minembwe

Iryinyo rya Patrice Lumumba wigeze kuba minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo akaba intwari y’iki gihugu ryibwe, biteza imidugararo mu mujyi mukuru w’iki gihugu.

Mu ijoro ryo ku wa mbere rishyira ku wa kabiri tariki ya 19/11/2024, ni bwo iryo ryinyo ryibiwe mu nzu ndangamurage y’iki gihugu iherereye i Kinshasa ku murwa mukuru wa RDC aho ryari ribitse.

Amakuru avuga ko mbere yokwiba iryo ryinyo abantu bataramenyekana babanje kugaba igitero kuri iyo nzu ndangamurage, bangiriza ibyarimo arinabwo bahise batwara iryo ryinyo.

Mu mwaka w’ 1960 ni bwo Patrice Lumumba yabaye minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yicwa mu mwaka w’ 1961.

Mu kwezi kwa gatandatu muri 2021 u Bubiligi bwashyikirije umuryango iryinyo rye, ni mu gihe ryari ryaratoraguwe mu rugo rw’uwahoze ari umupolisi ufite aho ahuriye n’ibura ry’umurambo we waburiwe irengero.

Tags: IryinyoKinshasaLumumba PatriceRyibwe
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda n’Ubushinjacyaha bwa RDC mu Rukiko Mpuzamahanga: Isesengura ku birego, impaka n’ukuri kw’imitwe yitwaje intwaro mu Burasirazuba bwa Congo

by Bahanda Bruce
June 26, 2026
0
U Rwanda n’Ubushinjacyaha bwa RDC mu Rukiko Mpuzamahanga: Isesengura ku birego, impaka n’ukuri kw’imitwe yitwaje intwaro mu Burasirazuba bwa Congo

U Rwanda n’Ubushinjacyaha bwa RDC mu Rukiko Mpuzamahanga: Isesengura ku birego, impaka n’ukuri kw’imitwe yitwaje intwaro mu Burasirazuba bwa Congo Mu gihe umwuka w’umubano hagati ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Amerika Yafatiye Ibihano Gasabo Gold; U Rwanda Ruvuga Ko Rudafite Uruhare mu Ntambara ya RDC

by Bahanda Bruce
June 25, 2026
0
Amerika Yafatiye Ibihano Gasabo Gold; U Rwanda Ruvuga Ko Rudafite Uruhare mu Ntambara ya RDC

Amerika Yafatiye Ibihano Gasabo Gold; U Rwanda Ruvuga Ko Rudafite Uruhare mu Ntambara ya RDC Minisiteri y'Imari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (U.S. Department of the Treasury)...

Read moreDetails

Inama Yabereye mu Bwongereza Yafashe Icyemezo Gikomeye ku Ntambara Ibera muri Minembwe

by Bahanda Bruce
June 25, 2026
0
Inama Yabereye mu Bwongereza Yafashe Icyemezo Gikomeye ku Ntambara Ibera muri Minembwe

Inama Yabereye mu Bwongereza Yafashe Icyemezo Gikomeye ku Ntambara Ibera muri Minembwe Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bukomeje guhangana n’ibibazo bikomeye by’umutekano n’ubutabazi,...

Read moreDetails

Minembwe Mu Bicu by’Intambara, Kinshasa Mu Mpaka za Politiki: Ivugururwa ry’Itegeko Nshinga Rikomeje Kuvugisha Benshi

by Bahanda Bruce
June 25, 2026
0
Minembwe Mu Bicu by’Intambara, Kinshasa Mu Mpaka za Politiki: Ivugururwa ry’Itegeko Nshinga Rikomeje Kuvugisha Benshi

Minembwe Mu Bicu by’Intambara, Kinshasa Mu Mpaka za Politiki: Ivugururwa ry’Itegeko Nshinga Rikomeje Kuvugisha Benshi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje guhangana n’ibibazo bikomeye by’umutekano,...

Read moreDetails

Icyorezo cya Ebola cyagaragaye mu Bufaransa giteza impungenge, hagaragazwa aho cyaturutse

by Bahanda Bruce
June 25, 2026
0
Icyorezo cya Ebola cyagaragaye mu Bufaransa giteza impungenge, hagaragazwa aho cyaturutse

Icyorezo cya Ebola cyagaragaye mu Bufaransa giteza impungenge, hagaragazwa aho cyaturutse Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko iri gukurikirana hafi ikibazo cy’umurwayi wa Ebola...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ibyimbitse bikorerwa abagenzi bururutse ku kibuga cy’indege cya Minembwe.

Havuzwe ibyimbitse bikorerwa abagenzi bururutse ku kibuga cy'indege cya Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?