• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Kinshasa byateje impagarara nyuma y’uko iryinyo rya Patrice Lumumba ribuze.

minebwenews by minebwenews
November 20, 2024
in Regional Politics
0
I Kinshasa byateje impagarara nyuma y’uko iryinyo rya Patrice Lumumba ribuze.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa byateje impagarara nyuma y’uko iryinyo rya Lumumba ribuze.

You might also like

Perezida Ndayishimiye yongeye kuburira abashaka gushoza intambara ku Burundi: “Izatangirira iwe, irangirire iwe”

La CPI saisie de nouvelles plaintes concernant Minembwe : les Banyamulenge demandent l’ouverture d’un examen approfondi

ICC yagejejweho ibirego bishya bya Minembwe: Abanyamulenge basaba ko hakorwamo iperereza ryimbitse

Iryinyo rya Patrice Lumumba wigeze kuba minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo akaba intwari y’iki gihugu ryibwe, biteza imidugararo mu mujyi mukuru w’iki gihugu.

Mu ijoro ryo ku wa mbere rishyira ku wa kabiri tariki ya 19/11/2024, ni bwo iryo ryinyo ryibiwe mu nzu ndangamurage y’iki gihugu iherereye i Kinshasa ku murwa mukuru wa RDC aho ryari ribitse.

Amakuru avuga ko mbere yokwiba iryo ryinyo abantu bataramenyekana babanje kugaba igitero kuri iyo nzu ndangamurage, bangiriza ibyarimo arinabwo bahise batwara iryo ryinyo.

Mu mwaka w’ 1960 ni bwo Patrice Lumumba yabaye minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yicwa mu mwaka w’ 1961.

Mu kwezi kwa gatandatu muri 2021 u Bubiligi bwashyikirije umuryango iryinyo rye, ni mu gihe ryari ryaratoraguwe mu rugo rw’uwahoze ari umupolisi ufite aho ahuriye n’ibura ry’umurambo we waburiwe irengero.

Tags: IryinyoKinshasaLumumba PatriceRyibwe
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye yongeye kuburira abashaka gushoza intambara ku Burundi: “Izatangirira iwe, irangirire iwe”

by Bahanda Bruce
August 15, 2026
0
Perezida Ndayishimiye yongeye kuburira abashaka gushoza intambara ku Burundi: “Izatangirira iwe, irangirire iwe”

Perezida Ndayishimiye yongeye kuburira abashaka gushoza intambara ku Burundi: “Izatangirira iwe, irangirire iwe” Minembwe Capital News Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yongeye gutanga ubutumwa bukomeye bwo kuburira umuntu...

Read moreDetails

La CPI saisie de nouvelles plaintes concernant Minembwe : les Banyamulenge demandent l’ouverture d’un examen approfondi

by Bahanda Bruce
August 15, 2026
0
I Gakangala Havugiwe Ubutumwa Bukomeye: Amasengesho y’Abasirikare ba MRDP-Twirwaneho n’Ibyo Imana Yasezeranyije Abanyamulenge

La CPI saisie de nouvelles plaintes concernant Minembwe : les Banyamulenge demandent l’ouverture d’un examen approfondi Minembwe Capital News Des représentants de la communauté banyamulenge ont transmis au...

Read moreDetails

ICC yagejejweho ibirego bishya bya Minembwe: Abanyamulenge basaba ko hakorwamo iperereza ryimbitse

by Bahanda Bruce
August 15, 2026
0
ICC yagejejweho ibirego bishya bya Minembwe: Abanyamulenge basaba ko hakorwamo iperereza ryimbitse

ICC yagejejweho ibirego bishya bya Minembwe: Abanyamulenge basaba ko hakorwamo iperereza ryimbitse Minembwe Capital News Abahagarariye Abanyamulenge bagejeje ku Bushinjacyaha bw’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) inyandiko n’ibimenyetso, basaba ko...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC Byemeranyije Gahunda Nshya zo Kugenzura Ishyirwa mu Bikorwa ry’Amasezerano y’i Washington, Mu gihe Impaka kuri FDLR Zikomeje

by Bahanda Bruce
August 14, 2026
0
U Rwanda na RDC Byemeranyije Gahunda Nshya zo Kugenzura Ishyirwa mu Bikorwa ry’Amasezerano y’i Washington, Mu gihe Impaka kuri FDLR Zikomeje

U Rwanda na RDC Byemeranyije Gahunda Nshya zo Kugenzura Ishyirwa mu Bikorwa ry’Amasezerano y’i Washington, Mu gihe Impaka kuri FDLR Zikomeje Minembwe Capital News U Rwanda na Repubulika...

Read moreDetails

Amagambo akomeye Tito Rutaremara yavugiye mu muhango wo kwibuka Abanyamulenge biciwe mu Gatumba

by Bahanda Bruce
August 14, 2026
0
Amagambo akomeye Tito Rutaremara yavugiye mu muhango wo kwibuka Abanyamulenge biciwe mu Gatumba

Amagambo akomeye Tito Rutaremara yavugiye mu muhango wo kwibuka Abanyamulenge biciwe mu Gatumba Minembwe Capital News Umuyobozi w’Inama Ngishwanama y’Abahoze mu Buyobozi Bukuru bw’u Rwanda (Forum consultatif des...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ibyimbitse bikorerwa abagenzi bururutse ku kibuga cy’indege cya Minembwe.

Havuzwe ibyimbitse bikorerwa abagenzi bururutse ku kibuga cy'indege cya Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?